Inama y’iminsi (2) yakozwe na bazungu b’abanyamadini ku manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo irangiye mu kanya bashwanye

Ibiro ntamakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biramenyesha ko OCT 19,2025 hari abazungu b’abanyamadini (regions) bakoze inama ku munsi wejo ndetse n’uyumunsi bayikoze bayirangije mu kanya aho barimo barebera hamwe imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko zikora, ni mikorere yazo ndetse n’ushinzwe guca izo manza zitabera kw’isi ya bazima.

  • Uhereye ejo OCT 18, 2025 bashakaga kumenya umuntu uca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ni muntu iki?
  • Bashakaga kumenya igihugu uwo muntu uca imanza zitabera akomokamo
  • Bashakaga kumenya ubwoko bwe niba yaba afitanye isano n’ubwoko bwa Israel
  • Niba uwo umucamanza uca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bashobora kumubona bakavugana nawe

Inama yabo yaje kurangira mukanya saa 4:am hrs. ku isaha ya hano muri Kenya iwacu muri Africa bacitsemo ibice (2), igice kimwe cyavugaga ko ngo bemera imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ariko bakaba batemera umucamanza ushinzwe guca izo manza zicibwa kw’isi ya bazima.

Ikindi gice cy’abo banyedini bo bari bashyigikiye imanza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi bakanemera umucamanza ushinzwe guca imanza zitabera z’Uwiteka Imana Nyiringabo zicibwa kw’isi ya bazima.

Iki gice cyemera imanza zicibwa z’Uwiteka Imana Nyiringabo, icyatumye batemera umucamanza ngo ni uko acira iteka umuntu wese ukuramo inda, (abortion) naho abamera imanza n’umucamanza bo bakaba batemera umugore wese ukuramo inda aho niho bananiwe kumvikana maze batandukana inama itarangiye nkuko byari biteganijwe.

Ubuhanuzi bwakomeje kuvuga ibikomeye cyane bigiye kuba muri gakondo ya bakiranutsi: bwavuze ko hari Malaika woherejwe kuza kwica «Umwakagara Paul Kagame» abinyujije mu burwayi aho «Umwakagara Paul Kagame» agiye kubora uruti rw’umugongo ku buryo inyama ze zose zigize urwo ruti rw’umugongo zigiye kubora ndetse na magupfa nayo akabora.

Kuko rero bashobora gukoresha ikoranabuhanga bagasimbuza uruti rw’umugongo bita (spinal cord) ku buryo ashobora gukomeza kubaho, uwo Malaika yategetswe ko azateza ubwo burwayi ubugingo bwe (soul) nabwo bukabora ku buryo naho bamuteramo urundi ruti rw’umugongo cyangwa (spinal cord) adashobora gukomeza kubaho.

Ubuhanuzi kandi bwavuze ko Kaguta Yoweri Museveni agiye gukurwa kw’isi ya bazima vuba bishoboka kugirango hubahirizwe imanza zaciwe n’Umwami Kigeli Ndoli ku bantu (8) birukanywe kw’isi ya bazima. Hakaba hasigaye (6) aribo Kaguta Yoweri Museveni, Paul Kagame, William Ruto, Umwami YUHI VI Bushayija Ruzindana Emmanuel, Nyiramongi Jeannette Kagame, na banyamadini

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) byakomeje kwibasira cyane umuryango wa «EAST AFRICAN COMMUNITY EAC» aho Ubuhanuzi bwategetse ko SAMUEI WILLIAM RUTO asabwe kwegura mu maguru mashya naramuka ategereje ko abaturage bamweguza azahura na kaga gakomeye cyane kuko hagiye kuba intambara muri Kenya izahanganisha abaturage na Leta ya WILLIAM RUTO kandi ko atazayitsinda ahubwo izarangira atawe muri yombi akajyanwa mu nzu y’imbohe.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar