Itangazo ry’abakozi bakora muruzabibu kwa Rwigara Assinapol

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko abakozi bakora mu inzabibu (grapes) zo kwa nyakwigendera Rwigara Assinapol bakwiye gushakisha ubuhungiro hakiri kare cyane abakora mu inzabibu zo mu murwa mukuru w’Isalem kuko Umwakagara agiye kubagabaho ibitero bikomeye cyane ubwo bashobora guhitamo ubuzima cyangwa bagahitamo urupfu mu gihe banyirabyo bahunze nkuko Ubuhanuzi bwabihanuye uko byose bikurikirana.

Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo atanze abagabo ntimuzavuge ngo ntiyababuriye kuko ibyo kubarinda byo ntabilimo kuko Umwakagara yaraye afashe imigambi mibisha kuko kwa Rwigara Assinapol ashaka kuhatera itabi nkuko yabigambiliye.Ibi bije nyuma yo gusaba ko bumvikana bakagaruka mugihugu bagasubizwa imitungo yabo ariko n’ubundi agambiliye kubarimbura.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar