Ibyo muri gakondo ya bakiranutsi ntibisanzwe inzara ikomeye cyane itarigeze kubaho yaciye ibintu!!!
Ibiro ntaramakuru bitangaje ko gakondo yabakiranutsi igiye guhinduka umusaka, kandi ikomeje ivuga ko kwa Rwigara Assinapol Umwakagara agiye kuhahindura naho umusaka mbere yuko bamukuru ku butegetsi alimo gushaka uko yasubirana imitungo ya Rwigara Assinapol yasinzwemo abakozi ngo bayirinde. Abagore na bagabo bayisigiwe ngo bayicunge bagiye kunyuzwa mu irembo rifunganye.
Namaze umwanya utari munini cyane ubanza ngererenije naba nahamaze amasaha (2) mbere yuko mfata bus ingarura Nairobi nabonye ibintu bitoroshye umurwa mukuru abantu bawushizemo hasigaye ingerere no kubona motor ikugeza nyabugogo byari intambara ikomeye cyane.
Nabonye agahanda kagana kwa Rubungura Vidaste no kwa VENANT byarabaye umusaka nta suku ihari ihagije. Kandi wabonaga abantu bafite ubwoba bwinshi ntawugisha undi buri wese ari nyamwigendaho. Kubona bus ingarura Nairobi byari intambara idasanzwe habaye aharurema.
Nyarugenge na muhima byahindutse amacumbi y’imbwebwe nimpyisi, uducurama, ibikona, ibyiyoni, inkona (vaurtours) nazo zari zabucyereye ngo zitazatangwa iminofu iryoshye kandi myiza.
Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) bikomeza gutangaza ko, round about ya Kigali ubwo turavuga muri nyarugenge haba hari umwobo winjira muri central bank bakunze kwita (BNR) aho bagiye kuzajya biba amashillingi abitse muriyo bank bakayajyana mu gihe balimo kwitegura guhunga kuko umwuka w’ikinyoma cy’Umwakagara Paul Kagame yakoreshaga nawo wongeye gusubizwa ikuzimu kwa nyamutezi.
Ikindi ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) batangaje ni uko inzara yiyongereye cyane ilimo kurushaho gukaza umurego udasanzwe aho yaba abanyamahanga cyangwa abaturage basanzwe batuye icyo gihugu balimo guhura n’ikomeye cyane idasanzwe itigeze ibaho muri gakondo ya bakiranutsi kuva igihugu cyabaho!!!
egretnewseditor@gmail.com













