Kayumba Nyamwasa arifuza gusaba imbabazi bitagishoboka

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko Gen.Kayumba Nyamwasa yifuza gusaba imbabazi Umwami Kigeli Ndoli kuba yarahize ubugingo bwe ngo amuce igihanga. Bikomeza bivuga ko umuntu wese wamaze gucirwaho iteka ari nta mbabazi aba asigarijwe zo guhabwa kuko baba barasuzuguye imanza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mu gihe cyo guca imanza zitabera kw’isi ya bazima.

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) bikomeza bivuga ko abantu bahawe umwanya wo kwihana mu manza zitabera zo mu gice cya mbere, kandi utarihannye icyo gihe akongera gucirwaho iteka mu manza zo mu gice cya kabili bidashoboka yuko yababarirwa.

Kayumba Nyamwasa n’umwe mu bantu bari bakomeye cyane ku ingoma y’abega, kandi yagaragaweho nibikorwa byibasira uburenganzira bwa muntu cyane Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha akaba n’Umwami wa gakondo ya bakiranutsi.

Twibutse ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yamuhaye igihe cyo gushaka Umwami Kigeli Ndoli ngo amusabe imbabazi, ndetse yanaciwe nibihano yanga kubitanga yibwira yuko ahari bitazamugiraho ingaruka, none abonye bimukomeranye ngo arashaka imbabazi kandi igihe cy’imbabazi cyararangiye.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar