Ingabo z’abega zinjijwe mu butayu bugufiya uko niko Ijuru ryabitegetse!

Amakuru atangwa ni biro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko ingabo z’abega zigiye kwinjizwa mu butayu bugufiya cyane, kandi ntabwo binjizwa mu butayu bugufiya gusa, ahubwo ba za bwinjizwamo bambaye ubusa bisobanura gukorwa nisoni.

Ikindi ijuru ryagaragaje ni uko ingabo zifuza kongerwa umushahara cyangwa ibihembo cyane ko abayobozi babo bakuru bo bongerewe ibihembo bityo abasirikare batoya bakaba batishimiye ibihembo bagenerwa kandi urupfu rutegereje umunsi ku munsi.

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) bikomeza bivuga ko Umwakagara ahagaritse umutima cyane ndetse n’abagara bagenzi wongeyeho n’inkoma mashyi ze zishinzwe kulinda ingoma ye, bikaba ar’ikibazo gikomeye cyane kuri we aho atagifitiye ikizere abanyarwanda.

Ubuhanuzi buvuga ko abanyarwanda barengana cyane kuko ibilimo kuba cyangwa bigiye kuba ar’ikibazo cy’ibyahanauwe bigomba gukora umulimo wabyo nk’uko bikwiriye. Aya makuru turaza kuyagarukaho cyane kuri radio Egretnews.com niba bidukundiye bitewe na kazi kenshi dufite.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar