Reka mbabwire ibyo mutifuza kumva

Dukurikije Ubuhanuzi, iki nta bwo ari igihe cy’i bihugu byitwa ba mpatse ibihugu (colonial) ku buryo bagomba gukomeza gusahura umugabane w’Africa uko bishakiye. Kuko ibintu bisa naho byatangiye bundi bushya, iki s’igihe cyo gukoresha imbaraga z’umurengera, kuko bibaye ari ibyo DRCongo yakagombye kunesha burundu inyeshyamba za M23.

Ariko kuko iki atari igihe cy’abanyembaraga nyinshi cyangwa abafite intwaro zikomeye cyane za kabuhariwe, iyo biza kuba gutyo Russia yakabaye yarafashe (UKRAINE) intambara yararangiye.

Ariko kuko yahanuwe n’Ubuhanuzi mbere yuko itangira mu kwezi kwa mbere 2022, byumvikane yuko nta mwana w’umuntu ufite ububasha mu nshingano ze kuba yakemura icyo kibazo kuko kiri mu maboko y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo (Heaven decisions).

Iyo biza kuba ibyo, Israel yakabaye itakiriho kuko ifite abanzi benshi cyane batifuza yuko yabaho, ariko kuko iriho kumubambi w’Ijuru nta kizayikuraho kuko yashyizweho n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

U Rwanda hariho benshi batifuza yuko rutabaho, yaba abahutu cyangwa abatutsi ndetse na banyamahanga, yewe n’abega bategeka bifuza ko igihe bazakurwa ku ingoma ko uRwanda rwa kurwaho burundu nti rukomeze kubaho kubera urwango, ishyari lili mu mitima yabo.

Ubwami bw’abega bwashyizweho n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ariko bukorera Satani kandi banga abantu b’Imana yaremeye ijuru n’isi. Ndetse banga n’Uwiteka Imana Nyiringabo.

Nyamara bitinde bishyire cyera, igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo bagiye gukurwaho mu buryo butangaje!!! Isi yose izatangara kandi izumirwa cyane, ndetse n’abega nta bwo bazemera yuko bakuwe ku butegetsi kuko ibigiye kuba bigiye gutungurana cyane!

Ubuhanuzi bwavangiye abantu benshi cyane ku buryo na batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’abega basigaye bifuza ko byibuze abega ba bashyira mu butegetsi aho gutegereza isezerano. Ariko iyo birebye mu isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bisanga batarimo.

Abantu bakwiye kuba maso cyane, kuko ibyo banegurije izuru bishobora gutungura aka wa mugani wa ya Farasi.

So those people who’re against God’s words and his promises weather you like nor dislike things will happen as far as concerned.

Ubuhanuzi n’imanza zitabera zigomba gukora umulimo wazo, n’ubwo hariho ababurwanije mu ishusho yo kubwemera, ariko bwabasaba ku busohoza bakareba hirya, haracyariho ibihumbi (7000) Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azatoranyamo bazasohoza ubwo buhanuzi. Kandi icyo gihe nibumara gusohoza umulimo wabwo bazakorwa nisoni aho bazicuza icyatumye batemera kumvira Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

America irishyuzwa ($ 36 TN) mu gihe mububiko bwabo (treasure) bafite ($ 26.4 TN) si none ngo isi yongere kwisuganya isubire mu murengwe yahoranye kuko ahubwo igiye kuba igiteye isoni ku buryo abatuye baziyanga cyane!

Imanza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zarabaye kandi zizakomeza gukora umumaro wazo mu isi ya bazima, abazirwanya nta bwo bazazishobora kuzageza igihe muzemera yuko ndiwe!!! N’ukuli n’ukuli ndababwiza ukuli yuko muzifuza kumpa ibyo mwanyimye nyamara nta bwo bizabashobokera.

Ntekereza yuko abanyamadini bo muri gakondo ya bakiranutsi ba ndwanyaga, ubu bamaze kwemera ibyo barwanyaga. Banze kwemera ijambo ry’Ubuhanuzi basigasire umugati wabo, none ubu uwo mugati ko utakiriho ubu barushaho kumva neza ibyo na babwiye mu gihe barwanyaga.

None basigaye bifuza ko ubwami bw’abega bwakurwaho kugirango badakomeza gukorerwa nisoni imbere ya abo bitaga abanyabyaha kuko basigaye basaba abo bimye kuko bataburiye gukorerwa isoni imbere yabo.

Ubu abega baraganje cyane, kandi baguwe neza, ariko nta bwo bazamara agahe Kanini cyane, kuko ibyahanuwe ni manza zitabera bitazabura kuburizamo umugambi wabo no kwishyira hejuru kwabo, kugirango ibyahanuwe bibasohozeho nk’uko byahanuwe.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar