Abega bilinze kumvira ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo bibwira ko ari uguhemuka, none akabo kashobotse!!!

Dec 26,2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame Uwiteka Imana Nyiringabo azamukura ku ingoma kugirango yigishe abo mu bwoko bw’Abatutsi akomokamo kuko banze kuramya Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ahubwo bakaramya umwana w’umwega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibyo nkubwiye dore biraje byihuse kandi bisimburana vuba cyane, kugirango bimenyekane yuko Umuhanuzi yararimo hagati muri bo, ariko bakanga kumwumvira ngo ni uko adafite amateka y’ubutiriganya kandi ngo akaba adakomoka Iyerusalemu ngo kuko Igarilaya nta muhanuzi uhakomoka!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo bazabyiganira mu mwinjiro niho bazamenya yuko umugaragu w’Uwiteka burya yakoreraga Uwiteka Imana Nyiringabo! Ndetse icyo gihe bazatabaza Uwiteka maze na we azabima amatwi kugirango atumva gutaka kwanyu maze akavaho abagirira imbabazi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abo ku ingoma y’abega uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, mwishe ubwoko bwanjye murangije mu bahindura ibicuruzwa kugirango mu bone indonke zanyu, nyamara ni mwe mwabahekuye! Ibyo byose mwarabikoraga mukagirango amaso y’Uwiteka Imana ntareba, mwagize gukiranirwa gukomeye cyane kandi mwilinze kubagirira imbabazi abantu barataka babura uwabatabara. Nyamara mwebwe mwaratakaga nka batabara ndetse amahanga agahurura, ariko mu maze kubona ko mugiye ku ngoma mwibuza umutima w’imbabazi ahubwo muhora inzigo nyamara nti mwari mukwiye guhora kuko Uwiteka ari we uhora agaca imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nta bwo mwategereje ngo Uwiteka yicire imanza zitabera, ahubwo mwashyuhijwe no kwihorera kandi kwihorera kwanyu nta bwo kwigeze kugira iherezo ahubwo niko kwabaye urufatiro rw’ubwami bwanyu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, amaraso yabo yababereye urufatiro rw’ingoma yabo, amagupfa ababera ibyiringiro by’ingoma yabo, ndetse murayarata cyane ku rwego mpuzamahanga kugirango mugaragaze imbaraga zanyu. Mwigamba kubo mwahemukiye, ndetse mubima amahirwe yo gushyingura imiryango yabo. Ibyo byose mubikora nari mu ijuru nararebaga, ariko mwebwe mwigize nk’aho nta Mana iriho mu ijuru ibareba, maze sugukiranirwa mwiva mu mizi mukora ibyangwa na maso y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Nuko rero kuko mutagize umutima w’imbabazi ngo mwibuke ko namwe mwabaye impfumbyi, ndetse abafasha banyu nabo bakaba abapfakazi, ngo bibatere kugirira imbabazi abo mwasanze ahubwo mukanezezwa no guca ibihanga byabo kugirango murusheho kugwiza imitungo mutaruhiye, noneho ni mwumve uko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore mwigize ibikomerezwa kandi muri abantu buntu bahumeka umwuka ushiramo, ndetse nta n’ubwo muzi isoko y’umwuka mu humeka aho uturuka, yewe na marembo y’ikuzimu nta bwo muzi aho aherereye, ndetse ntimushobora no gusobanura ukuremwa k’uruhinja munda ya nyina. Ariko mwebwe mwafashe abatariho urubanza murabafomoza ngo munezeze imitima yanyu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abo ku ingoma y’abega uti, nuko rero kuko mwakoze gutyo, maze nti mwibuza gukiranirwa kwanyu kumanywa yihangu, kandi mwakomeje imigenzo yanyu yo gukiranirwa, niyompamvu Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukomeza gukiranirwa kwanyu kugirango mu bihanirwe atababarira uko niko abivuga.

Ubwo mwanze kugaragaza kwera no gukiranuka k’Uwiteka Imana imbere yamahanga, niyompamvu nanjye nitoranirije umugaragu wanjye anyubaha nahishe mubaba yanjye nanga yuko yazaba mu bwami bwanyu, ahubwo mutegurira kugirango azabasimbure ku ngoma kugirango azabacire imanza zitabera uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, muzamukorera ndetse na mahanga yose yo mw’si azamukorera abatazamukorera bazarimburwa bose bakurweho kw’isi yabazima uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uku ube ari ko ubwira abantu bose cyane abo muri gakondo yabakiranutsi, yuko abanze kunyumvira narabaretse mbarekera mu maboko yanyu mubagirira nabi kuko mwahisemo umugabane wo kurimbuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abashoboye akumva imvugo yanjye, barongera basubira mu buhungiro, kuko gakondo yabakiranutsi nzayihindura umusaka bakazataha nyuma y’intambara izakuraho ubwami bw’abega, aho niho nzasohoza isezerano ryanjye kubo narisezeranije bamaze guhabwa igihugu gishya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu banjye n’ubwoko bwanjye bari bibeshye cyane kubo ku ingoma y’abega bibwira yuko ari abantu beza, nyuma baje kubona ko atari abantu ahubwo ari amasega aryana nibwo bahisemo kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo basubira iy’ubuhungiro uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntanga ijambo ryanjye rya buri munsi, ariko abega barinegurije izuru, mwanga kumva iyo ivuga yo mu ijuru, hejuru yibyo mu gerekaho guhiga bukware umugaragu wanjye wemeye kunkorera akanyumvira, mushaka kumwambura ubugingo, iyo ntaza kumubaha hafi muba mwaramukuyemo ubugingo maze abantu bakavuga yuko ukorera Uwiteka bidafite umumaro kuko atarinda abantu be uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar