Ubuhanuzi bwa M23 bwarasohoye
Nov 20,2023 njyanwa mu iyerekwa mbona Jeannette Nyiramongi Jezebel yiyuhagirira ku gasozi «shame on her» ari byari ni njoro hakurya ye hari itara «light» ryamurikaga ibice bye byose by’umubiri we,ku buryo ingabo zari zishinzwe kumulinda zabonaga igitsina cye.Kandi yiyuhagiraga aberekeye yifuza ko babona ubwambure bwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Jeannette Nyiramongi agiye gukorwa nisoni kumugaragaro kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kumushyira ku karubanda kugirango ijambo ry’Ubuhanuzi risohoze umulimo waryo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona «M23» Umwakagara ategeka ko ihagarika intambara,mbona amabwiriza aturuka muri «America» bategeka Umwakagara yuko abwira ingabo ze zigahagarika intambara mu gihugu cya DRCongo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mbona James Kabarebe ushinzwe ububanyi na mahanga muri ministeri y’uRwanda ahabwa amabwiriza na shebuja «Umwakagara» ngo agende avugane na «M23» barebere hamwe uko bakwiga ikibazo cy’intambara imaze kurambirana mu burengerazuba bwa Congo.Mbona ko James Kabarebe yinjiye muri «office» ariko yabe we,cyangwa «M23» bose bari muri «office» zabo zalimo umwijima nta muntu ushobora kureba mugenzi we uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com














