Uwiteka Imana Nyiringabo ariyama ikinyoma cya Leta y’abega

June 27, 2025 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli ubwire abategetsi bo muri gakondo ya bakiranutsi, uti uku niko ibiro ntara makuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) bivuga, birayama Leta y’uRwanda gukomeza gukwirakwiza ibihuha ku bijyanye n’ubuzima bw’u mukuru w’igihugu general Paul Kagame aho kuvuga ukuli uko ibintu bimeze, ahubwo bakomeje kubeshya ku buzima bw’igihugu bushingiye ku mukuru w’igihugu.

Ijuru rikomeza rivuga yuko ngo umwuka w’ikinyoma warapfuye washizeho burundu muri gakondo ya bakiranutsi ku buryo gukomeza inzira y’ikinyoma bitazashoboka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli ubwire abatuye muri gakondo ya bakiranutsi uti uku niko Uhoraho Nyiringabo avuga, iyo iminwa mukoresha mubeshya ubwoko bwanjye bwanze kumva ijambo ryanjye niyo igiye kuvuga ibyo banze kumva uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar