Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azahora inzigo nyuma yuko abanyamadini barwanije ijambo rye
Dec 9, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyamadini (religious) batuye kandi bakorera mu murwa mukuru wa Kigali barwanya ijambo ryanjye ry’Ubuhanuzi. Ubabwire ngo Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubarwanya kuko mwahisemo kurwanya ijambo rye, kandi azabatsinda kuko abamurwanya bose azabamaraho burundu nta nkuru yabo izasigara kumusozi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanyamadini barwanya ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abenshi ni abo mu bwoko bw’Abatutsi ubabwire uti, Uwiteka Imana Nyiringabo arabahagurukiye cyane kuko na we mwamuhagurukiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona njya ku nyanja kugura amafi, ngeze mu nzira mpura n’umwana mutoya maze arambwira ati, mwana w’ununtu, dore urugendo ugiyemo ndi wowe narureka nka za rujyamo ejo kugirango umwanzi wagutegeye mu nzira akorwe nisoni kugirango nzabashe kubona icyo nifuza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zahoze zumviriza telephone yawe uvugana n’umwe muri bo ukorana nazo, kugirango bumve kandi bamenye gahunda zawe, nuko rero menya uko ugenza kuko nuramuka ugiye utari bubacike ahubwo subika urugendo rwawe uzagende ikindi gihe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi, mbona ndi ahantu hameze nk’aho hubatse ishuli ry’amahema, maze mbona haje abantu baje kunyica ndahunga ngeze muri iryo ishuli bajya ku ntegera kumuryango w’imbere, nsubira inyuma ndabacika manuka nirukanka ngera ku kiyaga kitagira abasare ako kanya mpabwa amababa yo kuguruka (spiritual wings) ndambuka, ariko abari inyuma yanjye bose mbona ntibahawe amababa yo kwambuka icyo kiyaga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ngeze hakurya mbona mpuye na bandi baje kwambuka bagana hakurya aho narimvuye, mu gihe hakurya hari abaje kwambuka baza hakuno.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo abaatuye muri gakondo ya bakiranutsi bagiye kubura epfo na ruguru kuko bananiwe kwizera ijambo ry’Ubuhanuzi Uwiteka Imana Nyiringabo nawe agiye kubabuza icyerekezo kuzageza igihe bazihana mu mitima ya bo yuko bakiraniwe bitari bikwiriye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umucuruzi witwa Mironko plastique ufite uruganda rwa plastique akoresha imyuka mibi yo mu bwoko bwa NYABINGI umubwire yuko iyo myuka mibi iciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kandi abahungu be Jean Pierre na Herve na bo baciriweho iteka yuko umwuka w’igisuzuguriro uzababaho ibihe byinshi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore naragutoranije nkugira Umuhanuzi wa mahanga, kandi nguhindura umugisha ndetse s’umugisha gusa, ahubwo wabaye isooko y’umugisha, nuko rero uzaguha umugisha nzamuha umugisha, kandi uzakurwanya nzamurwanya, uzakwanga nanjye nzamwanga, kugirango bimenyekane ko wangiriye ho umugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore isi yose izakuzanira umugisha kuko uko niko nategetse, kandi abatazakorera Imana yawe, bazarimburwa ndetse bashireho burundu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abazumvira ijambo ry’Uwiteka (Ubuhanuzi) abo bameze nk’igiti cyatewe kumazi y’inyanja itajya ikama mu gihe cy’izuba ahubwo gihora gishishe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihe cyawe cyo guhabwa ubutabera nk’uko wa bisambye, kirasohoye kugirango umenye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakugiriye neza igihe cy’ubutayu abo nanjye nzabibuka igihe cy’amakuba, kugirango bamenye yuko na kumenye mu izina ukangiriraho umugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, amarembo yawe nta bwo azakinga, murugo rwawe nta inzara izahumvikana ukundi, igihugu cyawe nta rusaku cyangwa urugomo ruzahumvikana ukundi, kuko Uwiteka ya gukunze akakurutisha bagenzi bawe akaguca IMANZI mu kiganza ubwo wari mu nzu y’imbohe aho warukigingiraniye mu gihugu cya Uganda maze nkagirana isezerano nawe rihoraho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.













