Agahera k’Umwakagara yari yiringiye nako kazacibwa burundu maze ingoma kega yibagirane ubutazubukwa ukundi!!!

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ugiye gukora y’iminsi ibiri amasaha (48) uzayarangiza Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze guciraho iteka abo bose bagenza ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dec 7, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inyigisho wigishije ni bacye cyane babishije gufashwa no kuba yabagiriye umumaro, ariko abandi bemera ni bacye cyane, kuko abana b’abantu badakunda kwiga, ahubwo banezezwa ni uko ba bwirwa yuko ngo Uwiteka Imana byose abibakorera ku buntu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cuane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu barashaka gusengerwa kuri buri kintu cyikikora, nyamara nta kintu na kimwe batabasha gukora mu by’ubuzima busanzwe, ariko iyo bigeze ku by’ubugingo usanga babicira inkeri uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Dec 8, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona njyanwa ahantu mu nzu kuhahererwa umugisha. Ngeze muri iyo nzu mpasanga inkozi zibibi zintengereje ngo ziriganye umugisha wanjye, ariko mpangana nazo kugeza nzinesheje.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zihagurukiye ku kuriganya, ariko humura Kristo yaranesheje nuko rero umenye ubwenge kuko zigiye kwiyoberanya zibwira yuko utaribuzitahure uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mpabwa igice kinini cy’ifi yo mu bwoko bwa (trapia) ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, na kubwiye ko nzajya nguhemba umushahara kubera umurimo unkorera, none dore ngiye kohereza umugisha wawe kugirango ubashe gutunganya umurimo wanjye maze ubwoko bwanjye butazavuga yuko butamenye amakuru y’iby’ubugingo buhoraho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umuhanuzi akuyeho ingoma y’igitugu y’abega, none ni we ugiye kwimika ubwami bwa hanuwe na bahanuzi b’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuryango w’umwakagara uzashiraho burundu Uwiteka azawuheha nk’uheha amabyi kuko baranzwe no gukiranirwa kandi bakaba barasuzuguye Uwiteka Imana Nyiringabo hamwe ni jambo rye uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo bita Rwanda Revenue Authority RRA uwo mugabo yakoresheje ubukwe atumira abantu benshi cyane kuza gutaha ubukwe bwe, ariko abantu bose yari yahaye akazi ko gutunganya no gutegura ubwo bukwe nta bwo yigeze abishyura.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Rwanda Revenue Authority RAA bazi kwishyuza abandi ariko iyo bigeze yuko ari bo bagomba kwishyura nta bwo bajya bishyura usanga batseta ibirenge kwishyura ababishyuza aliyompamvu iciriweho iteka kubera gukiranirwa kwayo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijmbo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Ubuhanuzi bwonyine nibwo buzakuraho Umwakagara Paul Kagame, hanyuma aliya mashami agatandukanywa na kiliya giti, bisobanura yuko ubutegetsi bw’abega buciwe burundu n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame agiye gupfa kandi ahitanye abantu benshi cyane, abakomeye na baroheje, dore agace ka gahera yarasigaranye nako kararangiye none burira abantu bamenye ibigiye kubabaho ndabizi ko babaye intumva, ariko nibura nta bwo bazashyira urubanza k’Uwiteka Imana Nyiringabo bavuga yuko bataburiwe uko niko abivuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar