Ibihugu byashyize ku ngoma Umwakagara Paul Kagame nibyo bizamubogoza amata yo kuruhimbi
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zanze kwishyura amashillingi bari bemeranijwe, ariko nyamara umuzungu yari yakoze umurimo we, n’ubwo banze kumwishyura bitwaje yuko ngo batabonye umusaruro uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, baza za magigiri uti, mbese ko mwambuye uwo umuzungu ibihembo bye, yari kugukuramo amakuru ashaka ku ngufu? Uko niko Uwiteka abaza!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ukwiye gukora amasengesho kugirango Uwiteka Imana Nyiringabo amanure umuriro wo guhana inkozi zibibi zimaze igihe zikuburabuza kuko umaze kurambirwa imikorere yizi mburabugingo kuko Uwiteka ashyizeho ishyerezo ryabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Dore bagiye gusubiranamo buri umwe ashinje mugenzi we ko atakoze neza umulimo yasabwaga gutunganya, hanyuma birangire bicana hagati yabo kugirango ibyahanuwe babashe gusohoza umulimo wabyo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Dec 5, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ikizamini kikuri mbere, ariko ntutinye kuko uribugitsinde uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona tumaze gukora ikizamini kandi ko na gikoze neza nizeye kugitsinda. nuko numva mbwirwa ko, ikindi kizamini tuzagikora ku wa mbere Dec 7,2015 (postponed) ni uko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ikizamini cyo mu Bwongereza (England exam) uragitsinze kandi ntaho uzongera guhurira nacyo ukundi kuko cyitazongera kugaruka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona mu butayu bugufiya ariho hari umuryango w’ijuru, mbona Bishop Rwandamura Charles aregwa kuba yarabeshye abakristu ayobowe, kandi ko abasengera murusengero rwe bose ko bazarimbuka! Maze mbona yuko abakiristu be bose ko binjijwe mu butayu bugufiya kandi ko bazabumaramo igihe kirekire uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga!!!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Rwandamura Charles yarayoboye! Burira abahasengera bose bahunge bave muri urwo rusengero bahunge umujinya w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uzatera mu minsi iri mbere uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka yakugize umucamanza wabari mu isi ya bazim, kugirango ucire imanza ubwoko bwe, mu manza za majonjora yabatoranywa kuzaragwa ubugingo, niyompamvu uwo uzaciraho iteka azaba aciriweho iteka rya burundu kuko Uwiteka Imana Nyiringabo yakugize umucanza wabari mu isi yose kugirango igihe cyo kuza k’Umwami wabakiranutsi uzabe umaze gutegura itorero rya Kristo Umwami wabakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo ko uhagurukiye Umuhanuzi n’Ubuhanuzi mu bihugu bitandukanye ko bimaze gutanga inkunga yo kongera gusana igihugu cya gakondo ya bakiranutsi, kuko bose bamaze kwemeza yuko Umwakagara Paul Kagame uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abarwanya Umwakagara Paul Kagame abahawe inkunga za mahanga kandi bemerewe ko bazafashwa gusana igihugu kuko gukuraho Umwakagara bizatuma igihugu cyose agisiga ari umusaka nta azakibasigira nk’uko na we abahutu bakimusigiye batacyoretse, ariko we yarirahiye ko, adashobora kwiyubakira inzu ngo maze undi muntu azaze ayimukuremo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore intambara igiye gutangira kuko ibyangombwa byose byamaze kuboneka kugirango abamurwanya babone gutangira intambara yo kumukura ku ntebe ya bukunzi.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amadini y’abanyamurenge yabaye ingumba kuko batabwiriza ubutumwa bwiza buturutse k’uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ahubwo bikorera ubucuruzi abantu babo nta cyo ba bamarira haba mu mwuka cyangwa mu mubiri, usibye kwirirwa ba babuza uburyo naho ubundi ntacyo amadini bacyekaga ko bazakuramo umugati yazabamarira, niyompamvu mbajyanye mu butayu bugufiya kugirango bajye kwigishwa uko bakorera Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abana bincuke bajyanywe kwiga amashuli y’ikibura mwaka, kuri wa musozi wa batutsi bubakiweho amashuli yo kubigisha uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guteza icyago kw’isi yose kandi na bana bincuke bizabageraho kandi bibagiraho ingaruka zikomeye cyane uko niko Nyiringabo abivuga.
Amos 3:15 15 And I will smite the winter house with the summer house; and the houses of ivory shall perish, and the great houses shall have an end, saith the Lord.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, imbabazi z’Uwiteka Nyiringabo zirarangiye ku bana b’abantu batuye muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com













