Inda zanze gukizwa hakiriho agakiza, zibwirize zifunge umukandara

Nov 23, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ni gihugu cya Kenya (Babylon) nabo bagiye kuzajya bakoresha amarozi baroga abatavuga rumwe n’ingoma ya Uhuru Kenyatta kuzageza n’igihe ba mukera rugendo bazageraho bagatinya igihugu cy’Ibabyloni uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ingoma izakurikiraho cyangwa izasimbura Uhuru Kenyatta izaba ingoma yizica abaturage ibaziza ubusa kuko izaba ar ’ingoma idaturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abantu bagifite inda zitarakizwa uhereye none basomye ubu butumwa bazibwire zikizwe! Bitaba ibyo zizabata ku gasi. Kandi uwo mugambi agiye kuwukwiza ku isi yose aho akeka ko haba hari abanyamuryango ba RNC kugirango abaroge abamarire ku icumu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Translate »
Skip to toolbar