Umunyabwenge ibyago abasha kubihinduramo umugisha!
Dore uko magigiri Uwamariya Rosette yagerageje gukoresha cash (CND $ 5000) yibwira yuko ahari nshobora gutabwa muri yombi na za magigiri za bicanyi bakorana, ariko ibihumbi $ 5000 bihwanye na kenya money shilling 400,000 biranda birangira bata mfashe bituma Kigali bohereza cash bacika intege zo gukomeza ku mwoherereza ibindi NCD $ 17000.
Nkuko mubizi neza yatangiye asaba guhabwa ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, hari hashize imyaka (2) n’ubundi agerageje gushaka kugigira Umwami Kigeli Ndoli agambiliye ko yatabwa muri yombi. Ansaba kumuha tel number ndazimwima, agerageza kohereza money transfer zicyuka (ghost money of transfer) na byo ntibyamuhira.
Bwa mbere yohereje CND $ 1000 abona aho nayakiriye, bwa kabili yohereza za magigiri zijya ku hantegera sinajyayo nigira ahandi nakira iyo mpano y’umugisha yariturutse mu bicanyi ngo abo Uwiteka akunda azabaha umugisha uhishe mu mwijima.
Isaiah 45:3 and I will give thee the treasures of darkness, and hidden riches of secret places, that thou mayest know that it is I, Jehovah, who call thee by thy name, even the God of Israel.
Bwa gatatu na none baratega bafata ubusa, ndayitwara! Bwa kane na bwo baratega ndayitwara! Bwa gatanu na bwo baratega ndayabatwara!
Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yahise amuca icyiru mbere yuko arangiza gutanga ibyo bihumbi $ 5000 amwongereraho kwishyura ibihumbi € (10800) euros, abonye na mutahuye nahise muha file numbers indirect umunsi yatangiye kwibarishwa uko ya kwishyura ibyo bihumbi cumi bya ma euros na magana innani, agambiliye yuko magigiri Ndahimana Albert akora tracking email yanjye.
Namubwiye ko niyongera kumbaza ibyo twarangije mpita muha file numbers aho kuyikuraho, maze agira ubwoba areka kongera kuntesha umutwe.
Ako kanya hahise hakurikiraho undi magigiri na we ambaza ubusa, musubiza ubusa yarabajije, nawe turangizanije hahise hakurikiraho uwo magigiri Ndahimana Albert ako kanya email ye nahise nyihanagura muri inbox yanjye.
Ako kanya nahise mbaciraho iteka indirect barabibona, ndetse mbivuga no kuri Egretnewss radio mbaha gasopo abona yuko namutahuye mu gihe yaralimo kubaka ikizere muri jye ngo mwizere yuko atari magigiri ahubwo yazanywe no gusaba ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
So birangiye ako ka business kadatunganye neza, gusa namuhaye 24hrs zo kwisobanura yaba atabikoze agahabwa izindi files numbers zijyanye n’ubugambanyi (treasonous against God’s judgement in the world). Reka turangize tubashimire kuba mu migambi yabo mibi batabuze kumbera umugisha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo akomeze kubayobora mu butabera bwe ahari wenda igihe kizagera murusheho kubyumva neza.
egretnewseditor@gmail.com













