Imvugo mukoresha mu gusenga yarahindutse! Ubu Uhoraho Nyiringabo yumva gusa imvugo yitwa ubutabera gusa!

Bakundwa, urulimi Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yumva muri iyiminsi n’ubutabera, ariko niba mwirengagiza ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mu menye yuko nta rundi urulimi yumva muri iyiminsi yi njyana muntu, usibye ijambo ryitwa ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo.
Kuko mwanze kumva iyo ivuga iri mu ijuru, niyompamvu ngiye guciraho iteka amasengesho musenga kuko n’ubundi nta cyo yarabamariye kuko data wo mu ijuru adashobora kuyasubiza.
Niba mushaka kumenya ukuli, muzasabe ubutabera, ni murangiza muhagarike amasengesho maze mutegereze igihe cyategetswe cyingana n’iminsi (90) maze murebe ko mutazasubizwa ibyo bizahinyuza gusenga kwanyu, ndetse na masengesho yanyu muhora mwibwira yuko ashobora kubafasha.
Ibyo nimubibona bizababere ikimenyetso gikomeye cyo kwemera ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo nkorera.
Aya makuru ndaza kuyashyira kuri radio EgretNews kugirango mubashe kubyumva neza. Murarwanya ibitarwanywa, murasenge ibidashobora gusubizwa kuko mulimo gukoresha urulimi rwa maze gucirwaho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
egretnewseditor@gmail.com