Amakuru aturuka mu biro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) mukanya bitangaje ko Leta y’ u Rwanda yababajwe cyane ni uko tugiye gushyira ahagabona amakuru ya magigiri Darius Kayobera wigize impunzi y’umukongomani muri Uganda.
Ijuru rikomeza rivuga ko bashyizeho itsinda rya bahackers baza gushimuta ikinyamakuru www.egretnews.com mu gihe tuza kuba dukora (uploading news) kuko tumufiteho amakuru yagutse cyane. Duhisemo kubaca intege mbere yuko tubagezaho amakuru ye nyirizina ibintu nta bwo byoroshye ni umwega ukomeye cyane ukorera mu nzego zo hejuru.
