Ni gute umunyamahanga utumva ikinyarwanda ashobora gutega amatwi amakuru ya audio maze akamenya ibyo navuze, yarangiza akanyandikira ambwira ko noneho yiteguye kumpa isoko (tender) kandi atumva ururimi?
Igitangaje cyane account email ye yitwa (betrayal) ubanza na we aba arimo kumpa ubutumwa bw’uko barimo kungambanira kugirango nirinde cyane!!!
Ibyo tubivuyeho, ibintu birakomeye kandi natwe turategereje kureba intambara ikomeye cyane Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guhangana nabo ku ngoma y’abega bayobowe na Paul Kagame, kuko Uwiteka Nyiringabo ya maze kumuha deadline yo kuba yamaze gutangaza komite izaba ishinzwe guhererekanya ubutegetsi mu mahoro.
Igihe ntarengwa July 18, 2026, naho Paul Kagame azava ku butegetsi Dec 31, 2026
Ibintu biteye ubwoba cyane mu gihe Paul Kagame atakubahiriza ibyo Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse, ibyo ni byo dushaka kureba niba hari icyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azakora dushingiye kubyo yavuze.
Ubuhanuzi busobanura neza ko kugeza July 18, 2026 niba ari nta cyo arakora azahinduka umusazi (madman) meaning that he will attend his madness.
Ibi bivuze ko niba Paul Kagame azanga kubahiriza ibyo Uhoraho Nyiringabo yategetse, hanyuma akazahinduka umusazi nkuko Uwiteka Nyiringabo yabivuze, isi yose izatanga cyane kandi abanyarwanda bazitanya cyane Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo nta bwo bazongera gukinisha izina rye nkuko basanzwe babigenza.
Ndibwira ko ubu butumwa busobanutse cyane kandi bubwira buri wese ushobora gukinisha izina ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuba maso cynae, bitari ibyo, ibintu bishobora kuba bigiye kuba ibindi.
egretnewseditor@gmail.com
