Mu by’ukuli umuntu ashobora gukoresha uburyo bwo gushaka Imibereho myiza mu nzira zinyuranye kugirango ubeho. Ariko iyo hajemo gutuka Imana kumugaragaro ukabikora ugambiliye gushaka amaramuko, wirengagije yuko byose ari iby’igihe gitoya bisa ni biteye ubwoba kuri bamwe, n’ubwo abandi babimenyereye cyane.
Dr. Bizimana Jean Damascène uwamugirira neza yavuga ko arwaye mu mutwe, ariko amahirwe nta bwo arwaye mu mutwe ni muzima ubwenge burakora neza cyane ku buryo nta kumwibeshyaho.
Bizimana
