Mu gace kitwa Rukwa hafi y’ikiyaga cya Tanganyika mu majyepfo ya Tanzaniya, umugore yafashe urwembe aribaga abasha kwibyaza umwana yari atwite.Igikorwa cya Joyce Kalinda w’imyaka 30 y’amavuko cyatangaje benshi, bavuga ko ari ubutwari. Uyu yari umwana wa munani abyaye.
Umuyobozi w’agace byabereyemo yabwiye ikinyamakuru Daily News kibogamiye kuri leta ko batangaye cyane ndetse bakibaza uko byagenze kuko bidasanzwe ko umugore ubwe ashobora kwibyaza yibaze.
-
Ntibisanzwe: Impanga ‘zisa zidasa’ neza
-
Uruhinja rwa mbere ruvutse hifashishijwe nyababyeyi yo mu murambo
-
Abaforomokazi 16 bo mu bitaro byo muri Amerika batwitiye rimwe
