{"id":934,"date":"2017-06-19T12:51:41","date_gmt":"2017-06-19T12:51:41","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/new\/?p=934"},"modified":"2017-07-14T10:30:43","modified_gmt":"2017-07-14T10:30:43","slug":"inkongi-yumuriro-mu-buhanuzi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2017\/06\/19\/inkongi-yumuriro-mu-buhanuzi\/","title":{"rendered":"Inkongi y\u2019umuriro mu buhanuzi."},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><b><\/b>Nk\u2019uko ubuhanuzi bwo mu gice cya 1-3,cy\u2019ubuhanuzi bw\u2019uRwanda,buvuga yuko umuhanuzi yabonye uRwanda rushya vuba vuba,ubu buhanuzi ntabwo twabashije kubushaka kuko tuzi neza ko mwabusomye kwari ukubibutsa ibyahanuwe mu nkongi y\u2019umuriro mubuhanuzi aho bufatwa nka kimwe mubimenyetso byamarembera y\u2019ingoma ya FPR.<\/p>\n<hr id=\"system-readmore\" class=\"mceItemReadMore\" \/>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Umuhanuzi ahanura ubu buhanuzi yarebega ibintu bikomeye biri uko biri uyu munsi wa none,aho uRwanda ruhiye amayoberane adasobanutse icyo kikaba ikimenyetso cyo kurimbuka kw\u2019ingoma.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Inkongi y&#8217;umuriro munganda z&#8217;uRwanda.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">\u00a0<img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"\/images\/Inkongi.jpg\" width=\"150\" height=\"150\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Uhereye kuwa 04 Nyakanga 14,mu Rwanda hamaze gushya inganda esheshatu utabariyemo amagereza n\u2019amazu yabantu ku giti cyabo,abenshi barimo kuvugishwa ko ngo yaba ari rucunshu yaba igiye kugaruka aho abega barwaniye ingoma n\u2019abanyiginya aribo bari basanzwe bategeka.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Icyo abanyarwanda bakwiye kwitondera duhora tubasaba, ni uko bakwiye kwemera ubuhanuzi ibyo Imana yavuze kuko kugez\u2019ubu nta muntu n\u2019umwe watinyuka gushinga urutoki ubuhanuzi.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" style=\"float: left;\" src=\"\/images\/Rene%20madamu.jpg\" width=\"150\" height=\"150\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nta cyumweru gishize tubagejejeho ubuhanuzi bw\u2019Intumwa rene Masasu aho Imana yamukuyeho ubutware bw\u2019Umurimo wayo,kuwa 12 Nyakanga kuwagatandatu ushize Bishop Davide Mutabazi waguye mu masengesho y\u2019iminsi (40);ese koko bibaho ko,umuntu ajya imbere y\u2019Imana aho kugirango ahakirire ahubwo akagwa mu masengesho?.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ubwo se koko murumva ibyo bintu bisobanutse!cyangwa bamutanzeho igitambo akawamugani?gusa ibyo Imana ivuga ntabwo bishobora guhera,kandi ubuhanuzi buri kwihuta cyane kuburyo witegereje neza wasanga n\u2019Intumwa gitwaza nawe bwaramaze kumugeraho kuko Uwiteka Imana ayavuze yuko itorero rye ko,rizashiraho none ubu yahungiye mu gihugu cy\u2019Uburundi aho agiye kubeshya Abarundi yibwira ko Imana ho itaamusangayo?.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" style=\"float: left;\" src=\"\/images\/Gitwaza0.jpg\" width=\"113\" height=\"150\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Itorero ryo mu Rwanda araritaye kubera imbaraga z\u2019umwijima yakoreshaga zose zimaze kurangira kuko kuwa 01.01.2013,Uwiteka yavuze yuko imbaraga z\u2019abarozi zose azishyizeho iherezo,nimuri urwo rwego abarozi bose ubu naho bakomeje umwuga wabo,imbaraga zabo ntacyo zishobora gutwara abo zohererjwe.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ariko ibyo ntibivuze ko mudakwiye gusenga ngo mwidamarire ngo ni uko Uwiteka yamaze gusenya cyangwa yahagurukiye kurwanya imbaraga z\u2019umwijima,kuko abakndwa n\u2019Imana nibo bana b\u2019Imana.ikinyoma kigeze kumusozo nk\u2019uko ubuhanuzi bwagiye bubigaragaza.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Abakiristu ba Gitwaza bagiye baduka cyane batwohererza e-mail z\u2019iterabwoba,ariko cyane cyane umuhanuzi Majeshi Leon niwe bibasiye cyane ariko urusaku rwabo rwabaye nk\u2019urwibicyeri rutabua inka kunywa amazi.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Bene data bakundwa mwemere ibyo Imana ivuga kuko ibafitiye imigambi myiza kandi erega ibyo yibwira kutugirira n\u2019ibyiza ntabwo ar\u2019ibibi,kuko niyokwiringirwa kandi ntawayiringiye wigeze akorwa n\u2019isoni.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><a href=\"mailto:inyangenewseditor@gmail.com\">inyangenewseditor@gmail.com<\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nk\u2019uko ubuhanuzi bwo mu gice cya 1-3,cy\u2019ubuhanuzi bw\u2019uRwanda,buvuga yuko umuhanuzi yabonye uRwanda rushya vuba vuba,ubu buhanuzi ntabwo twabashije kubushaka kuko tuzi neza ko mwabusomye kwari ukubibutsa ibyahanuwe mu nkongi y\u2019umuriro mubuhanuzi aho bufatwa nka kimwe mubimenyetso byamarembera y\u2019ingoma ya FPR. &nbsp; Umuhanuzi ahanura ubu buhanuzi yarebega ibintu bikomeye biri uko biri uyu munsi wa none,aho<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[1],"tags":[],"class_list":["post-934","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-uncategorized"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/934","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=934"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/934\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":5488,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/934\/revisions\/5488"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=934"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=934"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=934"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}