{"id":8001,"date":"2018-03-29T11:28:36","date_gmt":"2018-03-29T11:28:36","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=8001"},"modified":"2018-03-29T11:28:36","modified_gmt":"2018-03-29T11:28:36","slug":"urutugu-ngo-rurakura-ariko-nta-bwo-rujya-sumba-ijosi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2018\/03\/29\/urutugu-ngo-rurakura-ariko-nta-bwo-rujya-sumba-ijosi\/","title":{"rendered":"Urutugu ngo rurakura ariko nta bwo rujya sumba ijosi"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\">Inzego z\u2019ubuyobozi mu gihugu cya Uganda ngo ziri gukora iperereza ku ibura ry\u2019Umunyarwanda waburiye muri iki gihugu mu gihe hari haciye kabiri hatumvikana amakuru y\u2019ibura cyangwa itabwa muri yombi ry\u2019Abanyarwanda I Kampala cyangwa ahandi nk\u2019uko byari bimeze kuva mu mpera z\u2019umwaka ushize .<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Beatrice Nyirahabimana, umugore w\u2019uyu Munyarwanda witwa Claude Iyakaremye, avuga ko umugabo we yakuwe aho bategera bus hitwa Volcano Bus Terminal muri Old Kampala, ku mugoroba wo ku Cyumweru.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Uyu akaba avuga ko umugabo we yahise yinjizwa ku ngufu n\u2019abantu bikekwa ko ari abo mu nzego z\u2019umutekano, mu modoka ya Toyota Noah ifite ibirango UAJ 921G nk\u2019uko iyi nkuru dukesha Chimpreports ivuga.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nyirahabimana aragira ati: \u201c<em>Nagejeje ikibazo kuri station ya polisi ya Old kampala kuwa Mbere mugitondo ariko nagiriwe inama yo kurebera ku rwego rushinzwe ubutasi mu gisirikare (CMI) ku yandi makuru<\/em>.\u201d<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Umuvugizi w\u2019Igipolisi cya Uganda, Emilian Kayima nawe yanze kugira icyo atangaza yohereza iki kinyamakuru kureba umuvugizi w\u2019igisirikare, Brig Richard Karemire.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Uyu yavuze ko nk\u2019uko abayobozi b\u2019ibihugu by\u2019u Rwanda na Uganda baherutse kubitangamo inama iki kibazo kigiye gukurikiranwa n\u2019ibiro bibikwiriye kandi ko nta gushidikanya kizitabwaho uko gikwiye.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Inzego z\u2019umutekano za Uganda zikaba mu minsi ishize zaragiye zita muri yombi Abanyarwanda zibashinja ibyaha bitandukanye birimo ubutasi ariko hakaba hari haciye kabiri iri tabwa muri yombi ritumvikana mu itangazamakuru.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Mu biganiro perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame aherutse kugirana na mugenzi we wa Uganda, kuri iki Cyumweru gishize, itariki 25 Werurwe 2018, bemeranyije ko inzego z\u2019umutekano z\u2019ibihugu byombi zigiye kurushaho gufatanya ku nyungu z\u2019ibihugu byombi.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ese itabwa muri yombi rya Claude Iyamuremye ryabaye umunsi perezida w\u2019u Rwanda yakoreraga uruzinduko muri Uganda si cyaba ari ikimenyetso cy\u2019uko urwikekwe hagati y\u2019ibihugu byombi ntaho rwagiye? Ese yaba azira iki?<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inzego z\u2019ubuyobozi mu gihugu cya Uganda ngo ziri gukora iperereza ku ibura ry\u2019Umunyarwanda waburiye muri iki gihugu mu gihe hari haciye kabiri hatumvikana amakuru y\u2019ibura cyangwa itabwa muri yombi ry\u2019Abanyarwanda I Kampala cyangwa ahandi nk\u2019uko byari bimeze kuva mu mpera z\u2019umwaka ushize .<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":8002,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[5,2],"tags":[],"class_list":["post-8001","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politics","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/8001","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=8001"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/8001\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":8003,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/8001\/revisions\/8003"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/8002"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=8001"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=8001"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=8001"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}