{"id":7513,"date":"2018-02-12T20:06:54","date_gmt":"2018-02-12T20:06:54","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=7513"},"modified":"2018-02-12T20:06:54","modified_gmt":"2018-02-12T20:06:54","slug":"abega-kazibariye-umwanda-bafungishije-umuvugabutumwabaramutse-bafashe-umuhanuzi-byagenda-gute","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2018\/02\/12\/abega-kazibariye-umwanda-bafungishije-umuvugabutumwabaramutse-bafashe-umuhanuzi-byagenda-gute\/","title":{"rendered":"Abega kazi,bariye umwanda bafungishije umuvugabutumwa!Baramutse bafashe Umuhanuzi byagenda gute?"},"content":{"rendered":"<h4 class=\"story-body__h1\" style=\"text-align: justify;\">Radiyo Amazing Grace yahagaritswe gukora mu Rwanda Urwego rw&#8217;abanyamakuru bigenzura rwategetse ifungwa rya radiyo Amazing Grace nyuma y&#8217;aho iyi itambukirije amagambo y&#8217;umuvugabutumwa yafashwe na benshi nk&#8217;atesha agaciro abari n&#8217;abategarugori.<\/h4>\n<p style=\"text-align: justify;\"><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Akumba gato k&#8217;inama kari kakubise kuzuye ubwo urwego rw&#8217;abanyamakuru bigenzura rwumvaga ikirego cyatanzwe n&#8217;ihuriro ry&#8217;abagore barega radiyo Amazing Grace.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Umukuru w&#8217;iri huriro Madame Jeanne d&#8217;Arc Kanakuze wari ugaragiwe n&#8217;abandi bagore ni we wagaragaje icyatumye barega.<\/p>\n<h2 class=\"story-body__crosshead\" style=\"text-align: justify;\">Amagambo ababaje<\/h2>\n<p style=\"text-align: justify;\">Umuyobozi wa Radio Amazing Grace, Umunyamerica Gregory Brian Shoof, yavuze ko yababajwe n&#8217;amagambo ya Nicolas Niyibikora kandi ko yari agitegereje ko ikiganiro gihindurwa mu Cyongereza kugira ngo abone uko akisobanuraho.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ibi ariko byabaye nk&#8217;ibidashimishije inteko yumvaga ikirego kuko bagaragaje ko batumbva ukuntu umuyobozi wa radiyo yamara igihe kingana nk&#8217;igishize atarumva uburemere bw&#8217;ibyatambukijwe na radiyo ye.<\/p>\n<figure class=\"media-landscape has-caption full-width\" style=\"text-align: justify;\"><\/figure>\n<figure class=\"media-landscape has-caption full-width\" style=\"text-align: justify;\"><figcaption class=\"media-caption\"><span class=\"off-screen\">Image caption<\/span> <span class=\"media-caption__text\"> Kuba adafite uwushinzwe kugenzura ibitambuka muri radiyo byazamuye igisa n&#8217;urusaku <\/span><\/figcaption><\/figure>\n<p style=\"text-align: justify;\">Yavuze ko impamvu nkuru ari uko adafite umukozi ushinzwe kugenzura ibitambuka kuri radiyo kandi wumva Ikinyarwanda.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ibi byahise bizamura igisa n&#8217;uburakari bw&#8217;abaje bahagarariye abagore.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nyuma y&#8217;itangazwa ry&#8217;iki cyemezo, ikigo ngenzuramikorere Rura, cyasabwe guhita gikura ku murongo iyi Radio ndetse itegekwa no gusaba imbabazi mu gihe kitarenze amasaha 48.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Umuvugabutumwa Nicolas Niyibikora nawe yategetswe gusaba imbabazi abo yasebeje, ariko izi mbabazi ngo ntizivanaho ibishobora kugaragara nk&#8217;ibyaha bizatahurwa mu iperereza ryatangijwe n&#8217;igipolisi bitegetswe n&#8217;umushinjacyaha mukuru.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><a class=\"story-body__link\" href=\"http:\/\/www.bbc.com\/gahuza\/amakuru-42993119\">Pasitori Nicolas yavuze iki? Soma inkuru hano <\/a><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Radiyo Amazing Grace yahagaritswe gukora mu Rwanda Urwego rw&#8217;abanyamakuru bigenzura rwategetse ifungwa rya radiyo Amazing Grace nyuma y&#8217;aho iyi itambukirije amagambo y&#8217;umuvugabutumwa yafashwe na benshi nk&#8217;atesha agaciro abari n&#8217;abategarugori.<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":7514,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[5,2],"tags":[],"class_list":["post-7513","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politics","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/7513","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=7513"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/7513\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":7515,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/7513\/revisions\/7515"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/7514"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=7513"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=7513"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=7513"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}