{"id":26702,"date":"2026-08-19T15:29:14","date_gmt":"2026-08-19T15:29:14","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=26702"},"modified":"2026-08-19T15:29:14","modified_gmt":"2026-08-19T15:29:14","slug":"ntubabazwe-na-bakwanga-kuko-nabo-ubwabo-nta-bwo-bikunda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/08\/19\/ntubabazwe-na-bakwanga-kuko-nabo-ubwabo-nta-bwo-bikunda\/","title":{"rendered":"Ntubabazwe na bakwanga, kuko nabo ubwabo nta bwo bikunda"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"font-size: 12pt;\"><em>Ntukababazwe ni uko abantu bakwanga, kuko nta bashoboye kuba bagukorera usibye ku kwanga. Uwo ni wo murimo bashoboye. Kubabazwa ni uko abantu batagukunda n\u2019uguta igihe. Ariko se mbere yuko ubabazwa ni uko bakwanga, wowe urabakunda? Niba ubakunda ni byiza Ntukababazwe ni byo bagukorera utishimiye kuko uwo ni wo murage wabo barazwe.<\/em><\/span><\/p>\n<p><span style=\"font-size: 12pt;\"><!--more--><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"font-size: 12pt;\"><em>Ariko niba na we wuzuye urwango, ubwo uri umwe nabo! Byumvikana yuko utari ukwiye kubabazwa ni byo bagukorera kandi nawe murundi ruhande ukora nk\u2019ibyo bakora!<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"font-size: 12pt;\"><em>Imirimo myiza yagenewe abantu bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo, naho imirimo mibi yagenewe inkozi zibibi zikorera ubwami bw\u2019ikuzimu.<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"font-size: 12pt;\"><em>Byashoboka gute ko wabasha gukora imirimo myiza kandi ugendana ndetse ukanakorana n\u2019inkozi zibibi? Ukwiye kwigenzura cyane!<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"font-size: 12pt;\"><em>99 by\u2019abantu batuye isi, usanga bashaka gukora nabi, gutwara ibyo bataruhiye, kwambura banyirabyo, kwica abantu beza kuko batuma bishinja ibyaha mu mitima yabo. Abavandimwe na CAIN ni benshi cyane kw\u2019isi ya bazima.<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"font-size: 12pt;\"><em>Amahirwe tugira ni uko hariho ubutabera abantu bifuje ibihe byinshi cyane kuva isi yaremwa, ariko ikibabaje kandi gitangaje ni uko usanga mu baririmbaga indirimbo y\u2019imanza zitabera, usanga ari bo barwanya uwo murimo waje mu gihe cyari gicyenewe cyane.<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"font-size: 12pt;\"><em>Ibyo bisobanuye yuko biyambitse uruhu rw\u2019intama kandi ari amasega aryana!!!<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"font-size: 12pt;\">Ujye uzirikana yuko utari uwa mbere wanzwe, niba baragambanye bacisha Umwami Yesu Kristo, ubwo wowe waba urinde ku buryo ibyamugezeho bitakugeraho???<\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff; font-size: 12pt;\"><em>\u00a0egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ntukababazwe ni uko abantu bakwanga, kuko nta bashoboye kuba bagukorera usibye ku kwanga. Uwo ni wo murimo bashoboye. Kubabazwa ni uko abantu batagukunda n\u2019uguta igihe. Ariko se mbere yuko ubabazwa ni uko bakwanga, wowe urabakunda? Niba ubakunda ni byiza Ntukababazwe ni byo bagukorera utishimiye kuko uwo ni wo murage wabo barazwe.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":26703,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"tdm_status":"","tdm_grid_status":"","footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-26702","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","category-news","category-top-news"],"amp_enabled":true,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26702","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=26702"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26702\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":26704,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26702\/revisions\/26704"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/26703"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=26702"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=26702"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=26702"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}