{"id":26674,"date":"2026-08-16T17:23:15","date_gmt":"2026-08-16T17:23:15","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=26674"},"modified":"2026-08-16T17:23:15","modified_gmt":"2026-08-16T17:23:15","slug":"isubiranamo-ryabega-rigaragaza-amarembera-yingoma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/08\/16\/isubiranamo-ryabega-rigaragaza-amarembera-yingoma\/","title":{"rendered":"Isubiranamo ry&#8217;abega rigaragaza amarembera y&#8217;ingoma"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kuba abanyarwanda na banyamahanga bashora imali mu Rwanda mu binyobwa (beverages) ni uko izo nganda ari zo zikenewe mu Rwanda mu gihe tugezemo, cyangwa ni uko abanyarwanda ari abasinzi bakaba ayo bakoreye yose bayamarira mu nzoga kugeza naho bananirwa no kurera imiryango yabo.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Biravugwa yuko Leta y\u2019abega imaze gufunga inganda 150 zirenga, uvugwa ko afite inganda nyinshi ni RTD.Gen. James Kabarebe, afite cash nyinshi cyane yabuze icyo azikoresha ahitamo kuzibatiza mu nganda zikora ibisidinsha kugirango abanyarwanda barindagira.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>James Kabarebe iyo afata izo cash akazishora mu ikoranabuhanga byibuze ikigo cy\u2019itumanaho yari kuba agize neza cyane. Cyangwa se agashinga za kaminuza zikomeye cyane mu Rwanda yari kuba ateje imbere igihugu. None se iyi myaka yose bamaze bamamaza u Rwanda bavuga ko rwateye imbere, byari ugushinga inganda zikora inzoga zica abantu???<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ni kuki imishinga yo kwica iba gukira vuba cyane abega, kuruta imishinga yatanga ubuzima bwiza? Abantu bakabaho neza kandi nabo bakabona agatubutse!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Birababaje cyane kubona birukana abantu bazima bakora inganda zitabangamiye ubuzima bwa muntu, ahubwo bagaha rugari inganda zihitana abanyarwanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubundi se izo nganda zikora inzoga kandi amazi yarabuze mu mujyi wa Kigali ubwo bazikora bate kandi nta mazi bafite???<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Imyaka 32 ku butegetsi abaturage badashobora kubona ubuzima bw \u2019ibanze: Amazi, amashanyarazi, imibereho myiza, ubwo se mwarushije iki Ikinani mwavugaga ko yategetse u Rwanda nabi???<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kubona amazi yose ahabwa inganda zica abaturage, ari ko umuturage akaba agisangira amazi mabi ni nyamaswa kw\u2019i riba rimwe kandi muvuga ko mwateye imbere ubwo koko mwumva mudasebye cyane kurusha uko Mwirirwa mu twiyemeraho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abaturage mu bicisha imbunda, abandi mu bakabaniga, abandi mukabaha amarozi, abandi bagapfira muri gereza, abasigaye mu kabicisha inzoga zanyu kandi nta nisoni munagira mu byita ibyuma!!! <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abega bongeye gutoneka inkovu za banyarwanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amahirwe abanyarwanda bagira ni uko ubutegetsi bwanyu bwa maze gucirwaho iteka, naho ubundi byari kuzaba akaga gakomeye cyane kuza bakura ku ingoma. Ariko byibuze abanyarwanda bafite ibyiringiro byinshi kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze gushyiraho iherezo ryanyu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Erega nta bwo abantu basingiza ingoma basinziriye, kandi gukoma amashyi birishyurwa hagomba ikiguzi nta bwo baza gukomera amashyi gutyo gusa kandi na we nta cyikuvaho usibye imbyaro gusa!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>U Rwanda rulimo gusahurwa na banyarwanda na banyamahanga kuko bamaze kubona ko ubutegetsi bwa maze kugera mu marembera. Umwana w\u2019umwega na we ati turi maso cyane!! Ariko ni ha handi he amazi yamenetse nta bwo ayorwa, byanga bikunda abega baravaho barindagirire mu butayu ibyabo tuza bireba hanyuma.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0<span style=\"color: #ff00ff;\">egretnewseditor@gmail.com<\/span>\u00a0<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuba abanyarwanda na banyamahanga bashora imali mu Rwanda mu binyobwa (beverages) ni uko izo nganda ari zo zikenewe mu Rwanda mu gihe tugezemo, cyangwa ni uko abanyarwanda ari abasinzi bakaba ayo bakoreye yose bayamarira mu nzoga kugeza naho bananirwa no kurera imiryango yabo.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":26675,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"tdm_status":"","tdm_grid_status":"","footnotes":""},"categories":[155,2],"tags":[],"class_list":["post-26674","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","category-business","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26674","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=26674"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26674\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":26676,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26674\/revisions\/26676"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/26675"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=26674"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=26674"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=26674"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}