{"id":26659,"date":"2026-08-16T00:30:03","date_gmt":"2026-08-16T00:30:03","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=26659"},"modified":"2026-08-16T00:38:10","modified_gmt":"2026-08-16T00:38:10","slug":"igihe-cyo-kurimbuka-kiregereje-hasigaye-iminsi-45-bwenge-we","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/08\/16\/igihe-cyo-kurimbuka-kiregereje-hasigaye-iminsi-45-bwenge-we\/","title":{"rendered":"Igihe cyo kurimbuka kiregereje hasigaye iminsi 45 Bwenge we!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikiganiro cya bwenge na Buhanga nta bwo twari tugiherutse, hari hashize iminsi myinshi ariko ngira ni amezi nta bwo ari imyaka, reka twumve uko biyambuye ubugingo bibwira ko bagiye ku bwa mbura umunya bugingo.<\/em><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Mwaramutse Buhanga we, amakuru yawe<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Hello, mwaratse Bwenge, ni meza, amakuru yanyu<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Turahura ryali se ko narimfite ahandi hantu Nifuzaga kujya<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Ni mukanya ahubwo ndabona mpageze<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Ese burya na guhamagaraga uhageze!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Cyane nagirango ndebe ko wahantanze nta kwemerera kandi ntazi ko wa hageze<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Uyumunsi ubwo ari ku mugoroba ndafata ka divayi<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Reka abe ari ko batuzanira nanjye maze iminsi nta gasomaho, ariko ko mbona udaususurutse na mahoro?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> erega buriya Buhanga, niyompamvu nguhamagaye ngo nkubwire inzozi narose njya mbona wowe ubasha ku zisobanukirwa<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Dore rwose maze igihe ndota nkora ikizamini cya motor, mbona aba polisi badukoresha ikizamini, ariko twajya ku gikora aba polisi bakabura! Nyoberwa ibyari byo biranshobera!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Hari ubwo wifuza gutwara motor ngo wenda tuvuge ko uzatsindwa ikizamini?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Rwose Buhanga uziko nkora kuri kaminuza, mfite imodoka ntwara, ubwo koko naba nashaka category ya motor ngo nyimaziki?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> waba se haba hari umuntu ufitiye ideni wanze kwishyura akaba ya kurega murukiko ugatsindwa n\u2019urubanza?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Ideni nta gufitiye ari wowe nshuti yanjye, ubwo undi yaba ari inde!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Haba hari ugufitiye ideni wanze ku kwishyura se akaba wenda alimo gukoresha uburiganya nta za kwishyura?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Cyane, ntuziko se ko naguze ikibanza hariya hafi ni bitaro bya (out of mind hospital) nkaba nakiliye ibaruwa ya city council isaba ku zitaba mu cyumweru gitaha.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Buhanga:<\/em><\/strong><em> Ok, urumva ko inzozi za we noneho zirasobanutse! Inama na kugira rero, ntuzageye, ahubwo uzoherezeyo Lawyer wa we kuko wasanga uwakugurishije kiliya kibanza ashobora kuzagutega ugiye muri urwo rubanza bakakurasira kumuhanda utari wagerayo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Bwenge:<\/em><\/strong><em> Ahubwo ndumva ari uko bimeze, none se ahubwo wamfashije ukampuza n\u2019Umwami Kigeli Ndoli akampa ubutabera mbere yuko izo nyanga birama banyambura ubugingo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Proverbs 26:27<\/em><\/strong><em><span style=\"color: #ff0000;\"> Whoever digs a pit will fall into it<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">and he who rolls a stone will have it roll back on him<\/span><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0<span style=\"color: #ff00ff;\">egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/span><\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikiganiro cya bwenge na Buhanga nta bwo twari tugiherutse, hari hashize iminsi myinshi ariko ngira ni amezi nta bwo ari imyaka, reka twumve uko biyambuye ubugingo bibwira ko bagiye ku bwa mbura umunya bugingo.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":10358,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"tdm_status":"","tdm_grid_status":"","footnotes":""},"categories":[6,2],"tags":[],"class_list":["post-26659","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","category-prophecy","category-top-news"],"amp_enabled":true,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26659","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=26659"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26659\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":26661,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26659\/revisions\/26661"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/10358"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=26659"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=26659"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=26659"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}