{"id":26350,"date":"2026-07-10T23:55:07","date_gmt":"2026-07-10T23:55:07","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=26350"},"modified":"2026-07-10T23:55:07","modified_gmt":"2026-07-10T23:55:07","slug":"abakoresha-smart-phone-bagiye-kuzajya-bishyura-play-store-kuri-updates-zo-muri-telephone","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/07\/10\/abakoresha-smart-phone-bagiye-kuzajya-bishyura-play-store-kuri-updates-zo-muri-telephone\/","title":{"rendered":"Abakoresha smart phone bagiye kuzajya bishyura play store kuri updates zo muri telephone"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibintu bikomeje gukomera cyane kw\u2019isi ya bazima bitewe n\u2019ubukene bukomeje kuvuza ubuhuha mu batuye isi bose. Ariko cyane muri America ho ni bindi nta bwo ibintu bizoroha. <\/em><em>Ku bantu bakoresha smart phone bagiye kuzajya bishyurira updates zituma telephone ikomeza gukora neza biciye muri play store application. Iri nitangazo ryatanzwe na society ya google ibinyujije kuri <span class=\"atwho-query\">@<\/span>Gmail.com<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Birumvikana neza yuko abantu benshi batakoreshaga telephone za China, uyu niwo mwanya mwiza wo kuzikoresha kuko baracyari muri gahunda yo gutunganya play store, ibi bizatuma igihugu cya China gikomera murushaho mu gihe society z\u2019abanyaMerica zikomeje kwishyuza ni bitajyaga byishyuzwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kuba batangiye kwishyuza nikimenyetso cy\u2019uko ubukungu bwabo butifashe neza, kandi n\u2019ubundi nta cyo bizabamarira kuko bakeneye amadollar menshi kurusha uko babigaragaza bitewe ni uko covid19 bibwiye ko izahitana abanyafurika cyane kurusha iyindi migabane yo kw\u2019isi ariko siko byagenze ahubwo byagenze ukundi bisanga mukaga gakomeye cyane kurusha uko abanyafurika byari byitezwe ko bazabura epfo na ruguru.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Urwego rw \u2019indege muri America mu gihe cya covid19, muri state ya Virginia yonyine kw\u2019isegonda bahombaga 4.6 BN ukubye kumunota, ukongera ugakuba kw\u2019isaha ukongera ugakuba ukwezi ukongeraho imyaka 2, ushobora kubona imibare utashobora kubara bahombye mu gihe cy\u2019imyaka 2 ya covid19.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ibintu bikomeje gukomera cyane kw\u2019isi ya bazima bitewe n\u2019ubukene bukomeje kuvuza ubuhuha mu batuye isi bose. Ariko cyane muri America ho ni bindi nta bwo ibintu bizoroha. Ku bantu bakoresha smart phone bagiye kuzajya bishyurira updates zituma telephone ikomeza gukora neza biciye muri play store application. Iri nitangazo ryatanzwe na society ya google ibinyujije kuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":8252,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"tdm_status":"","tdm_grid_status":"","footnotes":""},"categories":[155,2],"tags":[],"class_list":["post-26350","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","category-business","category-top-news"],"amp_enabled":true,"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26350","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=26350"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26350\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":26351,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26350\/revisions\/26351"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/8252"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=26350"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=26350"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=26350"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}