{"id":25276,"date":"2026-04-28T08:00:53","date_gmt":"2026-04-28T08:00:53","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=25276"},"modified":"2026-04-28T08:00:53","modified_gmt":"2026-04-28T08:00:53","slug":"nyampinga-mushya-wifuza-guhura-numwami-kigeli-ndoli","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/04\/28\/nyampinga-mushya-wifuza-guhura-numwami-kigeli-ndoli\/","title":{"rendered":"NYAMPINGA mushya wifuza guhura n&#8217;Umwami Kigeli Ndoli"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (<span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">Heaven News Media Agency<\/span>) biratangaza ko Nyampinga witwa <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">LILIAN<\/span> watoranijwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuba umufasha w\u2019Umwami Kigeli Ndoli akaba atuye muri <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Canada<\/span> ngo arimo kwicuza cyane impamvu yanze kumvira Uwiteka Imana Nyiringabo nyuma yo gucirwaho iteka n\u2019ubutabera bw\u2019Uwiteka Nyiringabo<\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko ngo uwo <span style=\"color: #ff0000;\">LILIAN<\/span> yarafite abasore yateganyaga ko bashobora kumugira umugore, ariko amaze gucirwaho iteka bose bahise bamuhunga ibyiringiro bye bitwarwaga n\u2019umuyaga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru bikomeza bivuga kandi ko hariho undi <span style=\"color: #3366ff;\">NYAMPINGA<\/span> ngo wifuza kubana n\u2019Umwami Kigeli Ndoli, ariko ngo akaba ashaka ko Ubuhanuzi bubanza ku bivugaho kugirango abashe gufata icyemezo cyo kwandikira Umwami Kigeli Ndoli amubwira ko ariwe Nyampinga watoranijwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Reka tubwire uwo <span style=\"color: #3366ff;\">NYAMPINGA<\/span> ko nta bundi Buhanuzi buzandikwa mu bice by\u2019Ubuhanuzi bujyanye na ba <span style=\"color: #3366ff;\">NYAMPINGA<\/span> 2 bateganijwe kuzabana n\u2019Umwami Kigeli Ndoli, niba Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo hari cyo yavuganye nawe ubwo uzatwandikire e-mail ukoresheje imwe mu zo dukoresha ku binyamakuru uzasanga Uwiteka hari yamaze kuvugana natwe tuzakwakirana urugwiro ni bishyimo byinshi cyane kuko uzaba ubaye umukobwa udasanzwe wemeye kumvira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uwiteka Imana Nyiringabo akwiteho kandi akwishimire ibihe byose Amina.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0<span style=\"color: #ff00ff;\">egretnewseditor@gmail.com<\/span>\u00a0<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko Nyampinga witwa LILIAN watoranijwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuba umufasha w\u2019Umwami Kigeli Ndoli akaba atuye muri Canada ngo arimo kwicuza cyane impamvu yanze kumvira Uwiteka Imana Nyiringabo nyuma yo gucirwaho iteka n\u2019ubutabera bw\u2019Uwiteka Nyiringabo.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":18301,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-25276","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25276","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=25276"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25276\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":25277,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25276\/revisions\/25277"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/18301"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=25276"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=25276"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=25276"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}