{"id":25210,"date":"2026-04-24T23:44:52","date_gmt":"2026-04-24T23:44:52","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=25210"},"modified":"2026-04-24T23:45:03","modified_gmt":"2026-04-24T23:45:03","slug":"nyamwanga-kumva-ntiyanze-no-kubona-5","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/04\/24\/nyamwanga-kumva-ntiyanze-no-kubona-5\/","title":{"rendered":"Nyamwanga kumva ntiyanze no kubona!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubutegetsi bw\u2019ingoma y\u2019abega bukomeje kurakazwa cyane na makuru atangazwa n\u2019ikinyamakuru <span style=\"color: #3366ff;\">EGRET NEWS<\/span> ajyanye n\u2019Ubuhanuzi bw\u2019intambara ibera mu burasirazuba bwa <span style=\"color: #ff00ff;\">DRCongo<\/span> uburyo amakuru mu buhanuzi akomeje kugaragaza uko ibintu byifashe. Kuba bari mu mishyikirano na Leta ya Kinshasa binyuze muri <span style=\"color: #ff0000;\">AFC<\/span>\/<span style=\"color: #ff0000;\">M23<\/span>, Kigali ikomeje guhura ni mbogamizi yo kuba America yarayifatiye ibihano birimo imitungo yabo na za konti zabo ziri kumugabane w\u2019America n\u2019Uburayi.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Imitwe yabashyuhanye mu gihe bari bamenyereye gutera bagafata agace runaka bagasahura bakabona ibyo baha ba shebuja. Ariko Kinshasa bemeye gutanga iby ikubye kabiri yibyo Umwakagara Paul Kagame na <span style=\"color: #ff0000;\">AFC<\/span>\/<span style=\"color: #ff0000;\">M23<\/span> batanga babiha shebuja Donald Trump bituma bafatirwa ibihano byitwa sanction nkuko Ubuhanuzi ni manza zitabera byabitegetse.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kuva <span style=\"color: #ff0000;\">RDF<\/span> yafatirwa ibihano, ndetse na bayobozi bayo bakuru bagafatirwa ibihano birimo gufunga za a\/c zabo ziba mu mahanga, ubu barimo kurira ayo kwarika. Ariko ubundi niba abayobozi ba RDF bajya kubitsa ayo ma miliyari ya madollar na maeuro mu mahanga, ubwo ibyo nti bisobanuye yuko batizeye umutekano w\u2019igihugu cyabo?<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kuki basahura igihugu bagatwara ubutunzi mu bindi bihugu aho gushora imali mu gihugu cyabo barindiye umutekano? Ibi bigaragaza neza ko n\u2019ubwo bakorana na <span style=\"color: #ff0000;\">Paul Kagame<\/span> batamwizera umwanya uwari wo wose bagirana akibazo yahita abacyuza umunyu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Byanashoboka ko ari nawe yabigizemo uruhare kugirango nyine imitungo yabo ifatirwe, yarangiza akarira amarira y\u2019ingona. Ni bahame hamwe rero kuko bashatse guhangana n\u2019Ubuhanuzi hamwe ni manza zitabera babanze bamenye ko Uwiteka Imana Nyiringabo ari we utegeka.<\/em><\/p>\n<p><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubutegetsi bw\u2019ingoma y\u2019abega bukomeje kurakazwa cyane na makuru atangazwa n\u2019ikinyamakuru EGRET NEWS ajyanye n\u2019Ubuhanuzi bw\u2019intambara ibera mu burasirazuba bwa DRCongo uburyo amakuru mu buhanuzi akomeje kugaragaza uko ibintu byifashe. Kuba bari mu mishyikirano na Leta ya Kinshasa binyuze muri AFC\/M23, Kigali ikomeje guhura ni mbogamizi yo kuba America yarayifatiye ibihano birimo imitungo yabo na za<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":23538,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-25210","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25210","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=25210"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25210\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":25211,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25210\/revisions\/25211"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23538"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=25210"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=25210"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=25210"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}