{"id":25175,"date":"2026-04-21T00:37:09","date_gmt":"2026-04-21T00:37:09","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=25175"},"modified":"2026-04-21T00:37:09","modified_gmt":"2026-04-21T00:37:09","slug":"hasigaye-amasha-48-ngo-kwa-rwigara-assinapol-bahitemo-urupfu-cyangwa-ubugingo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/04\/21\/hasigaye-amasha-48-ngo-kwa-rwigara-assinapol-bahitemo-urupfu-cyangwa-ubugingo\/","title":{"rendered":"Hasigaye amasha (48) ngo kwa Rwigara Assinapol bahitemo urupfu cyangwa ubugingo!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Reka dushimire <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> washyizeho komite izashyikirana n\u2019<span style=\"color: #3366ff;\">Umwami Kigeli Ndoli<\/span> kurebera hamwe uko hakorwa ihererekanya bubasha bwa republika mu bwami bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ibyo bigaragaza ubushake no kutinangira umutima cyane ko azi neza yuko gahunda y\u2019ubwami ar \u2018y\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo ari nawe wamushyizeho none igihe cye cyo gutegeka u Rwanda kikaba kirangiye<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Twibutse ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse ko imfungwa zose zigomba gufungurwa kuko bamaze gucirwaho iteka n\u2019ubutabera bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kubera iyo mpamvu, nta bwo bafungwa inshuro ebyeri.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mu gihe tugitegereje kwa Rwigara Assinapol ko bafata icyemezo cyo gupfa cyangwa kubaho, ni baramuka bafashe icyemezo cyo kubaho bisobanuye gukurirwaho <span style=\"color: #ff0000;\">files numbers<\/span>, biraba bikomereye <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> cyane ku buryo biza kumusaba ko gukora vuba cyane atanguranwa ni birunga (<span style=\"color: #ff0000;\">Silence Killer<\/span>) mbere yuko bigera mu gihugu asabwa kuba yamaze gufungura imfungwa zose zifungiye mu Rwanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>NB: Bivuze ko, ibimenyetso byose byikurwaho kw\u2019ingoma ya <span style=\"color: #ff0000;\">RPF<\/span>&#8211;<span style=\"color: #ff0000;\">Kagame Paul<\/span> biraba birangije gusohoza umurimo wabyo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mu gihe tugitegereje amasaha (<span style=\"color: #ff0000;\">48<\/span>) asigaye ngo hamenyekane umwanzuro wo kwa <span style=\"color: #ff0000;\">Rwigara Assinapol<\/span>, niba barimbuka, cyangwa niba babaho. Byashoboka ko baza gufata umwanzuro mwiza dukurikije ibimenyetso uko bibi garagaza. Aha rero twagira inama umukuru w\u2019igihugu cy\u2019 u Rwanda kuba maso cyane ku buryo budasanzwe!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nibaramuka bahisemo amahitamo meza, amahirwe ya <span style=\"color: #ff0000;\">Paul Kagame<\/span> ashobora kuza kuba macye cyane ku buryo biza kumusaba kwihutisha gahunda ze zose zijyanye no gusaba gushyikirana n\u2019<span style=\"color: #3366ff;\">Umwami Kigeli Ndoli<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Twifurije kwa <span style=\"color: #ff0000;\">Rwigara Assinapol<\/span> amahitamo meza, ndetse na <span style=\"color: #ff0000;\">Paul Kagame<\/span> tumwifurije amahitamo meza.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Reka dushimire Umwakagara Paul Kagame washyizeho komite izashyikirana n\u2019Umwami Kigeli Ndoli kurebera hamwe uko hakorwa ihererekanya bubasha bwa republika mu bwami bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ibyo bigaragaza ubushake no kutinangira umutima cyane ko azi neza yuko gahunda y\u2019ubwami ar \u2018y\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo ari nawe wamushyizeho none igihe cye cyo gutegeka u Rwanda kikaba kirangiye.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":24023,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-25175","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25175","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=25175"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25175\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":25176,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25175\/revisions\/25176"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24023"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=25175"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=25175"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=25175"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}