{"id":25150,"date":"2026-04-19T09:48:00","date_gmt":"2026-04-19T09:48:00","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=25150"},"modified":"2026-04-19T10:07:47","modified_gmt":"2026-04-19T10:07:47","slug":"reka-twongere-twibutse-adeline-mukangemanyi-rwigara-ko-ibyabaye-bigiye-kongera-kuba-niba-yarabyibagiwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/04\/19\/reka-twongere-twibutse-adeline-mukangemanyi-rwigara-ko-ibyabaye-bigiye-kongera-kuba-niba-yarabyibagiwe\/","title":{"rendered":"Reka twongere twibutse Adeline Mukangemanyi Rwigara ko ibyabaye bigiye kongera kuba niba yarabyibagiwe!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>OCT 16,2023<\/strong>\u00a0<span style=\"text-decoration: underline;\">ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti,Umwami Kigeli Ndoli,uburire \u2039<span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Madam Adeline Rwigara<\/span>\u203a umubwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ukunda kujya mu bahanuzi kubaza kandi ibyo bakubwira ntaho bihuriye n\u2019ukuli kwanjye<\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>NB: <span style=\"text-decoration: underline;\">Ukwiye kureka kubaza abahanuzi kuko na bahaye Umuhanuzi \u00ab<span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">Majeshi Leon Ainesha<\/span>\u00bb akaba n\u2019<span style=\"color: #ff00ff; text-decoration: underline;\">umucamanza uca imanza zitabera<\/span>,ni wongera kujya mu bahanuzi, yaba wowe cyangwa uwo mugore uguhanurira mwembi nzabajyana mu butayu mujye kwigishwa uko bumvira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse<\/span>!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Justice.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-17948\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Justice.jpg\" alt=\"\" width=\"77\" height=\"58\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, abahanuzi n\u2019abahanuzi kazi,bose baciriweho iteka,kubaza abahanuzi muri iki gihe,<span style=\"color: #ff0000;\">bisa no gukama inka yapfushije iyayo<\/span>, cyangwa <span style=\"color: #ff0000;\">gukama amata ya marindira<\/span> uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Flood3.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-17827\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Flood3-300x169.jpg\" sizes=\"auto, (max-width: 76px) 100vw, 76px\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Flood3-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Flood3.jpg 660w\" alt=\"\" width=\"76\" height=\"43\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Dore intambara zose wahuye nazo si wowe wazirwanye, ahubwo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ni we wazirwanye. Ndetse ni zindi zigutegereje si wowe uzazirwana, ahubwo Uwiteka Imana Nyiringabo ni we uzazirwana. Niba udakoze ibyo usabwa gutunganya ngo usohoze umugambi w\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, witegurire guhangana n\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo kuko intambara ye na we muzayirwanira mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2023\/06\/wrath2.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-36071\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2023\/06\/wrath2-300x158.png\" sizes=\"auto, (max-width: 84px) 100vw, 84px\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2023\/06\/wrath2-300x158.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2023\/06\/wrath2.png 765w\" alt=\"\" width=\"84\" height=\"44\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Dove.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-5258\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2015\/07\/Dove.jpg\" alt=\"\" width=\"56\" height=\"44\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa mbona hamanuka umwuka w\u2019Ubuhanuzi urakariye cyane abahanurira <span style=\"color: #ff0000;\">Madam Adeline Rwigara<\/span>, ndabwirwa ngo, <span style=\"color: #3366ff;\">Umwami Kigeli Ndoli<\/span> uburire abo bahanuzi n\u2019abahanuzi kazi, uti, <span style=\"color: #ff0000;\">akaga<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">ibyago<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">amakuba<\/span>, birabamanukiye kuko mukora ibinyuranye n\u2019itegeko ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Muvuga ko Uwiteka yavuze kandi atavuze, mwishakira amaramuko, ngaho rero ni mwitegurire kwinjira mu butayu bugufiya\u00a0 vuba cyane kugirango mujye kwigishwa uko bubaha Uwiteka bakanamukorera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/Rwigara-1.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-31175\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/Rwigara-1-225x300.jpg\" sizes=\"auto, (max-width: 82px) 100vw, 82px\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/Rwigara-1-225x300.jpg 225w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2020\/02\/Rwigara-1.jpg 676w\" alt=\"\" width=\"82\" height=\"109\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, hari abahanuzi balimo kubwira \u00ab<span style=\"color: #ff0000;\">Madam Adeline Rwigara<\/span>\u00bb yuko adakwiye gushyingira <span style=\"color: #3366ff;\">Umwami Kigeli Ndoli<\/span> abakobwa be bombi.Cyane aho balimo kumubwira ko akwiye ku gushyingira \u00ab<span style=\"color: #ff0000;\">SHIMA DIANE RWIGARA<\/span>\u00bb naho \u00ab<span style=\"color: #3366ff;\">Uwamahoro Anne Rwigara<\/span>\u00bb bavuga ko bazasenga Imana ikababwira uwo bazabana nawe, uwo mugambi n\u2019umugambi wa badayimoni aho mugiye gushyira \u00ab<span style=\"color: #ff0000;\">ANNE Uwamahoro Rwigara<\/span>\u00bb mu butayu bwo kumpera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/wild.3.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-35820\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/wild.3-300x169.jpg\" sizes=\"auto, (max-width: 824px) 100vw, 824px\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/wild.3-300x169.jpg 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/wild.3-768x432.jpg 768w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2023\/05\/wild.3.jpg 800w\" alt=\"\" width=\"824\" height=\"464\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Ijambo ry<\/span>\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">ngaho ni mu bigerageze kubitegura no kubishyira mu bikorwa murebe ikizababaho kuko mwashatse kwitambika imbere y\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/anne.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-29359\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/anne.jpg\" alt=\"\" width=\"105\" height=\"70\" \/><\/a><a href=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/MNL.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25540\" src=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/MNL-300x277.png\" sizes=\"auto, (max-width: 76px) 100vw, 76px\" srcset=\"https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/MNL-300x277.png 300w, https:\/\/inyangenewss.com\/wp-content\/uploads\/2018\/10\/MNL.png 465w\" alt=\"\" width=\"76\" height=\"70\" \/><\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nerekwa\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">Madam Adeline Rwigara<\/span> hamwe n\u2019abahanuzi n\u2019abahanuzi kazi bicaye mu butayu kumugina barabaye imbohe. Mbona\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">Anne Uwamahoro Rwigara<\/span> aturuka mu burengerazuba bw\u2019ubutayu bugufiya afite imbunda ilimo amasasu menshi cyane za\u00a0magazine\u00a0nyinshi alimo gushakisha umubyeyi we aho yajyanywe mu butayu bugufiya kubera ko yashatse kubangamira ijambo ry\u2019Ubuhanuzi n\u2019umugambi w\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Abona ko adashobora kubona mama we, maze aza kureba\u00a0<span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">Umwami Kigeli Ndoli<\/span>\u00a0wari wajyanywe mu butayu kujya gutegereza igisonga cya \u00ab<span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">NYAMPINGA<\/span>\u00bb agira amahirwe turahura mujyana kumwereka aho mama we afungiye mu butayu bugufiya hamwe n\u2019umugore wajyaga amahunurira, mbohora mama we, wa mugore (<span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Church<\/span>) ndamwirukana ahungira kumpera z\u2019ubutayu aba ariho ajya gufungirwa kugirango abashe kumvira no gusobanukirwa ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abitegetse<\/span>!<\/em><\/p>\n<p><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>OCT 16,2023\u00a0ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti,Umwami Kigeli Ndoli,uburire \u2039Madam Adeline Rwigara\u203a umubwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ukunda kujya mu bahanuzi kubaza kandi ibyo bakubwira ntaho bihuriye n\u2019ukuli kwanjye.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":25141,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-25150","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25150","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=25150"}],"version-history":[{"count":10,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25150\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":25160,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25150\/revisions\/25160"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/25141"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=25150"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=25150"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=25150"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}