{"id":25073,"date":"2026-04-14T05:08:19","date_gmt":"2026-04-14T05:08:19","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=25073"},"modified":"2026-04-14T05:14:03","modified_gmt":"2026-04-14T05:14:03","slug":"ibintu-birimo-kugenda-bisobanuka-neza-cyane","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/04\/14\/ibintu-birimo-kugenda-bisobanuka-neza-cyane\/","title":{"rendered":"Ibintu birimo kugenda bisobanuka neza cyane!!! Mwese muratumiwe ntimucikwe ubwo naho mukanya!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Turaza kubagezaho amakuru mashya ajyanye n\u2019Ubuhanuzi bwabo mu nzu y\u2019abakono bahisemo kwifatanya n\u2019Umwami Kigeli Ndoli mu bwami bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Hari hashize amezi agera kuri (<span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">6<\/span>) Ubuhanuzi buvuga ko Abakono bashaka kwifatanya n\u2019Abatsobe, ariko kandi bukanagaragaza ko barimo gushaka uko basaba umwiru mukuru w\u2019ubwami bw\u2019 u Rwanda tuzi ni <span style=\"color: #ff00ff; text-decoration: underline;\">Chancellor Boniface Benzinge<\/span><\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko uwo Ndashima Abakono kuko banze kwifatanya n\u2019abega kwanga ko bazabasiga amaraso batamennye. Hagati ikindi gice cy\u2019abatsobe barimo urubyiruko twamenye ko bayobowe na JP Turayishimye, bahoze bakora mu nzego z\u2019iperereza, bamwe basa nabatagikoramo, abandi baracyakoramo kuko batazi uko ibintu bigiye kurangira. Bahisemo kwifatanya n\u2019umuryango w\u2019<span style=\"color: #ff0000;\">Adeline Mukangemanyi Rwigara<\/span> aribo (<span style=\"color: #ff0000;\">abakaala<\/span>).<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ayo makuru turaza kuyabagezaho mwumve aho ibintu bigana.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kwinangira umutima kwa <span style=\"color: #ff0000;\">Adeline Mukangemanyi Rwigara<\/span> gushyira mu bikorwa ibyo Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse, nabyo bifitanye isano na <span style=\"color: #ff0000;\">JP Turayishimye<\/span> ubagira inama zo kwanga kwemera kumanika amaboko, aho abwira Adeline Rwigara ko cash bafite zishobora kubafasha kwimika ubwami bwabo mu gihe bakora robing muri Amerika maze akaba aribo bahabwa ubwami aho kugirango ubwami buhabwe Umwami Kigeli Ndoli.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Turaza kubagezaho amakuru mashya ajyanye n\u2019Ubuhanuzi bwabo mu nzu y\u2019abakono bahisemo kwifatanya n\u2019Umwami Kigeli Ndoli mu bwami bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Hari hashize amezi agera kuri (6) Ubuhanuzi buvuga ko Abakono bashaka kwifatanya n\u2019Abatsobe, ariko kandi bukanagaragaza ko barimo gushaka uko basaba umwiru mukuru w\u2019ubwami bw\u2019 u Rwanda tuzi ni Chancellor Boniface Benzinge.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":23629,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-25073","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25073","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=25073"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25073\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":25076,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25073\/revisions\/25076"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23629"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=25073"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=25073"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=25073"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}