{"id":24830,"date":"2026-03-26T21:31:23","date_gmt":"2026-03-26T21:31:23","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=24830"},"modified":"2026-03-26T21:31:23","modified_gmt":"2026-03-26T21:31:23","slug":"uwiteka-imana-nyiringabo-yatanze-ubutabera-kumugabane-wafrica","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/03\/26\/uwiteka-imana-nyiringabo-yatanze-ubutabera-kumugabane-wafrica\/","title":{"rendered":"Uwiteka Imana Nyiringabo yatanze ubutabera kumugabane w&#8217;Africa"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Imanza zitabera zatanze ubutabera kumugabane w\u2019Africa, aho Uwiteka Imana Nyiringabo yasabye yuko ubukoloni bwakorewe abanyafurika butari bushingiye kumategeko. Uwiteka Nyiringabo yategetse ko ibihugu byose byakolonije Africa bigomba kwishyura impoza marira yo kuba barakoresheje abantu ubucakara mu buryo butemewe na mategeko<\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwongereza burwanya iki cyifuzo kuko bwakolonije ibihugu byinshi cyane kumugabane w\u2019Africa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>Mar 26, 2026<\/strong> Inteko rusange y\u2019umuryango w\u2019Abibumbye (UN) yatoye yemera ko ubucakara bwakorewe Abanyafurika mu gihe cy\u2019ubucuruzi bw\u2019abacakara bwambukiranyaga inyanja y\u2019Atlantika ari cyo &#8220;cyaha gikomeye cyane cyibasiye inyokomuntu&#8221;, intambwe abayishyigikiye bizeye ko izaharura inzira iganisha ku gukira ibikomere no guhabwa ubutabera.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uwo mwanzuro \u2013 wavuye ku cyifuzo cya Ghana \u2013 wasabye ko habaho iyi nyito, ndetse ari na ko ushishikariza ibihugu binyamuryango bya UN gutekereza ku gusaba imbabazi kubera ubucuruzi bw\u2019abacakara no gutanga imisanzu mu kigega cy\u2019indishyi. Ntuvuga ingano runaka y\u2019amafaranga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Icyo cyifuzo cyemejwe ku majwi <span style=\"color: #3366ff;\">123<\/span> agishyigikiye n\u2019amajwi atatu akirwanya \u2013 ayo akaba ari ay\u2019Amerika, Israel na Argentine.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibihugu <span style=\"color: #ff0000;\">52<\/span> byifashe, birimo nk&#8217;Ubwongereza n\u2019ibihugu bigize umuryango w\u2019Ubumwe bw\u2019Uburayi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Hashize igihe kirekire ibihugu nk\u2019Ubwongereza byamagana ubusabe bw\u2019indishyi, bivuga ko inzego ziriho ubu zidashobora kuryozwa ibibi byakozwe mu gihe cyashize.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Bitandukanye n\u2019uko bimeze ku myanzuro y\u2019Akanama k\u2019Umutekano ka <span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">UN<\/span>, imyanzuro y\u2019inteko rusange ya <span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">UN<\/span> yo ntitegetswe kubahirizwa nk\u2019itegeko, nubwo ifite uburemere bwo mu rwego rw\u2019ibitekerezo by\u2019abaturage b\u2019isi<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Hagati y\u2019umwaka wa <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">1500<\/span> na <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">1800<\/span>, abantu bari hagati ya miliyoni <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">12<\/span> na <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">15<\/span> barafashwe muri Afurika bajyanwa ku mugabane w\u2019Amerika, aho bahatiwe gukora nk\u2019abacakara. Bigereranywa ko abantu barenga miliyoni ebyiri bapfuye bari muri urwo rugendo<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff00ff;\">\u00a0egretnewseditor@gmail.com<\/span>\u00a0<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imanza zitabera zatanze ubutabera kumugabane w\u2019Africa, aho Uwiteka Imana Nyiringabo yasabye yuko ubukoloni bwakorewe abanyafurika butari bushingiye kumategeko. Uwiteka Nyiringabo yategetse ko ibihugu byose byakolonije Africa bigomba kwishyura impoza marira yo kuba barakoresheje abantu ubucakara mu buryo butemewe na mategeko.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":21293,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-24830","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24830","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24830"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24830\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24831,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24830\/revisions\/24831"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/21293"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24830"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24830"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24830"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}