{"id":24809,"date":"2026-03-25T17:00:29","date_gmt":"2026-03-25T17:00:29","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=24809"},"modified":"2026-03-25T17:00:29","modified_gmt":"2026-03-25T17:00:29","slug":"abadayimoni-insengero-abahanuzi-kaziibihuguabategetsi-bajyanywe-mu-butayu-bugufiya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/03\/25\/abadayimoni-insengero-abahanuzi-kaziibihuguabategetsi-bajyanywe-mu-butayu-bugufiya\/","title":{"rendered":"Abadayimoni, insengero, abahanuzi-kazi,ibihugu,abategetsi bajyanywe mu butayu bugufiya!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>May 18,2016<\/strong> <u>ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, mwana w\u2019umuntu, na kugize amaso y\u2019ubwami bw\u2019u Rwanda kugirango ubarindire umutekano. Ariko niba batizera ibyo ubabwira, ubwami bwabo buzahita bushiraho burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uwiyita <span style=\"color: #ff0000;\">Bondy TEGANYA<\/span> akwandikira e-mail akoresheje ayo mazina yigize umuntu w\u2019Imana umusore ukijijwe akaba ashaka ko umusengera ku bijyanye no kubona umukobwa bazabana nta bwo ari byo ibyo avuga byose ni binyoma, kuko akorera Leta y\u2019u Rwanda murwego rwa national intelligence security services uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>May 19, 2016<\/strong> <u>ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo yamanuye umucyo kw\u2019isi ya bazima, kugirango abashaka umucyo kandi bakaba bari mu mwijima bamurikirwe bave muri uwo mwijima bajye mu mucyo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, umugabo uwitwa <\/u><span style=\"color: #ff0000;\"><u>JEFF<\/u><\/span><u> wigize pastor kugirango bimworohere kuneka impunzi, akaba akorera muri <\/u><span style=\"color: #ff0000;\"><u>Jesuit Refugee Service JRS<\/u><\/span><u> yasabiwe akazi na Leta y\u2019u Rwanda mu gihugu cya <span style=\"color: #ff0000;\">Uganda<\/span> ashinzwe kuneka abanyarwanda bimpunzi, abakongomani, na abarundi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uwo mugabo witwa <span style=\"color: #ff0000;\">JEFF<\/span> ukora muri <span style=\"color: #ff0000;\">JRS<\/span> akaba yaraje muri Uganda aturutse mu Rwanda yari umukozi wa mukarere ka <span style=\"color: #ff0000;\">KICUKIRO<\/span> ashinzwe imibereho myiza ya baturage uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>\u00a0Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, murusengero rwa <span style=\"color: #ff0000;\">Zion temple<\/span> iyo bagiye kubatiza abanyamuryango babo, ba banza guterekerera imyuka mibi barangiza kubaha Satani bakababatiza mu mazi menshi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Nuko ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, urubanza rwa <\/u><span style=\"color: #ff0000;\"><u>ZION<\/u><\/span><u><span style=\"color: #ff0000;\"> Temple<\/span> rwamaze kugera mu maso y\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, intumwa ya <\/u><span style=\"color: #ff0000;\"><u>Satani Paul Gitwaza Muhirwa <\/u><\/span><u>yatwaye imigisha myinshi ya bantu abatangaho ibitambo kwa Satani kugirango bamugire umuntu ukomeye kw\u2019isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>May 20, 2016<\/strong> <u>ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, Gen.<span style=\"color: #ff0000;\">Jack Nziza<\/span> yateguye abantu bihinduye abakozi b\u2019Imana abategeka ko ba kwandikira e-mail bagusaba ko wabasengera kugirango babone uko bakora (<span style=\"color: #ff0000;\">tracing and tracking<\/span>) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu,\u00a0<strong>Gen.<\/strong><span style=\"color: #ff0000;\">Jackson Nkurunziza<\/span>\u00a0(<\/u><span style=\"color: #ff0000;\"><u>Nziza Jack<\/u><\/span><u>)<\/u><u>\u00a0arigunze cyane kubera yuko\u00a0<\/u><u>Jezebel Nyiramongi<\/u><u>\u00a0yamuhaye inshingano zo kuguca igihanga, none byaramunaniye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>May 22,2016<\/strong>\u00a0Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, wakoze ikizamini [1] uragitsinda, hasigaye ibindi bizamini (<span style=\"color: #ff0000;\">two exams<\/span>) bigiye kuza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, umwuka w\u2019inzika y\u2019inzigo uturutse mu Rwanda wongeye guhaguruka abega bari ku ngoma barashaka ku guca umutwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abanyamulenge banze kwitandukanya na bene wabo bakora umwuga wo kuroga ngo badakorwa nisoni, none ubabwire uti, Uwiteka Imana Nyiringabo aravuze ngo, mwese uko mwakabaye agiye kubahanira hamwe kuzageza igihe muzamenya gutandukanya icyiza ni kibi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>May 23, 2016<\/strong>\u00a0ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, inyamaswa ya mabara (<span style=\"color: #ff0000;\">2<\/span>) ifite uruhu rw \u2019ingwe, ikongera ikagira uruhu rw\u2019igisamagwe (<span style=\"color: #ff0000;\">Leopard<\/span> and <span style=\"color: #ff0000;\">Tiger<\/span>). Iyo nyamaswa yamaze gufata icyemezo cyo gusenya no gukuraho ubwami bw\u2019abega muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona iyo nyamaswa ifitiye umujinya mwinshi cyane, <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span>, maze mbona ikoresheje inzara zayo ikajya yipfura ubwoya bwayo maze uruhu rwayo rusigara rudafite ubwoya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Nerekwa iyo nyamaswa ivuga ijambo rikomeye cyane kuri television mpuzamahanga, ivuga ko igiye gukuraho ku butegetsi <\/u><span style=\"color: #ff0000;\"><u>Umwakagara Paul Kagame <\/u><\/span><u>maze mbona amahanga aratangaye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona nzamutse kumusozi hejuru, ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, hamagara abantu bose basinziriye kuva cyera bakaba baraheze mu bitotsi cyane, ubabwire ngo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arabahamagara ngo mukanguke kuko mu maze imyaka myinshi cyane musinziriye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, iriya nyamaswa wabonye nta bwo iri yonyine, ahubwo iri kumwe ni yindi yitwa ingwe (<span style=\"color: #ff0000;\">Leopard<\/span>) iherereye mu burasirazuba bw\u2019isi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mu butayu bugufiya n\u2019ubutayu burebure (<span style=\"color: #ff0000;\">wilderness<\/span> and <span style=\"color: #ff0000;\">jungles<\/span>) muri ubwo butayu harimo inyamaswa z\u2019inkazi cyane zitwa imbogo (<\/u><span style=\"color: #ff0000;\"><u>buffalos<\/u><\/span><u>) bisobanura [abadayimoni bakomeye cyane kandi bakaze] mbona ni zindi nyamaswa nyinshi ntabashije kumenya amazina yazo<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Nerekwa haza indi nyamaswa ikaze cyane kandi ikomeye kurusha izindi zose yitwa intare (<\/u><span style=\"color: #ff0000;\"><u>Lion<\/u><\/span><u>) iraza irwanya za nyamaswa zose zimwe zirahunga izindi irazica zirapfa isigara ariyo itegeka ubwo butayu niryo shyamba uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, iriya intare ubonye niyo mu muryango wa <\/u><span style=\"color: #3366ff;\"><u>YUDA<\/u><\/span><u> bakunze kwita <\/u><span style=\"color: #3366ff;\"><u>ALFA<\/u><\/span><u> na <\/u><span style=\"color: #3366ff;\"><u>OMEGA <\/u><\/span><u>uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abantu benshi cyane baheze mu butayu bugufiya bafite umubabaro mwinshi cyane, bifuza kubona ibyiza, ariko ntibabibone. Abenshi bibera mu busambanyi bifuza kubaka urugo ariko bikabananira kubera imbaraga z\u2019umwijima zibagose. Mbona intare yo mu muryango wa Yuda iraje irimbura za mbaraga zose z\u2019umwijima zari zigose abantu batuye kw\u2019isi zose zishiraho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abanyabwoba, abantu batagira urukundo, abo ngabo bizabagora gukurwa mu butayu bugufiya uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, igihe cy\u2019i byahanuwe kirarangiye kuko ubutabera bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo bwatangiye kw\u2019isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abagabo bahanura, na bagore bahanura, bose bafungiwe muri gereza kugirango batazongera guhanura kuko umurimo wabo wararangiye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abadayimoni bose bakorera kw\u2019isi ya bazima bajyanywe mu butayu bugufiya gufungirwayo, nta bwo bazongera gukorera kw\u2019isi ya bazima kuko igihe cyabo kirarangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubwire <\/u><span style=\"color: #ff0000;\"><u>Pastor Mbabazi Jules <\/u><\/span><u>yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yamuhaye impano ngo amukorere, ariko ayigurana isupu itukura nka <\/u><span style=\"color: #ff0000;\"><u>ESAU<\/u><\/span><u> kubera inda nini none iyo mpano Uwiteka Nyiringabo arayimwambuye uko niko abitegetse<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>May 24, 2016<\/strong> Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ugiye guhura na za magigiri ziba kumugabane w\u2019Uburayi bazifuza ko mwakorana umurimo w\u2019Imana, ariko bazaba bagambiliye kurimbura ubugingo bwawe ube maso cyane uko nuko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>May 18,2016 ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, mwana w\u2019umuntu, na kugize amaso y\u2019ubwami bw\u2019u Rwanda kugirango ubarindire umutekano. Ariko niba batizera ibyo ubabwira, ubwami bwabo buzahita bushiraho burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":24810,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-24809","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24809","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24809"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24809\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24811,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24809\/revisions\/24811"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24810"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24809"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24809"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24809"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}