{"id":24726,"date":"2026-03-21T08:25:35","date_gmt":"2026-03-21T08:25:35","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=24726"},"modified":"2026-03-21T08:25:35","modified_gmt":"2026-03-21T08:25:35","slug":"ingabo-zuwiteka-imana-nyiringabo-zikorera-muri-rdf-zitwa-indobanure","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/03\/21\/ingabo-zuwiteka-imana-nyiringabo-zikorera-muri-rdf-zitwa-indobanure\/","title":{"rendered":"Ingabo z&#8217;Uwiteka Imana Nyiringabo zikorera muri RDF zitwa (Indobanure)"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>April 26, 2016 <\/strong><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu burira abantu ubabwire uti ubutabera bw\u2019Uhoraho Nyiringabo bwaratangiye burimo gukorera kw\u2019isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu ba maneko bakorera Leta y\u2019uRwanda bashatse undi mugore ugiye kuza ku kuneka kuko abandi wa maze kubatahura uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu,<span style=\"color: #ff0000;\"> abagambanyi<\/span> babaye benshi kuko na <\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Joyce Wanjiku<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>hamwe na\u00a0<\/u><\/em><em><u>J<span style=\"color: #ff0000;\">oyce Olang\u2019u<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>nabo bamaze kuba <span style=\"color: #ff0000;\">abagambanyi<\/span> barimo gukorana na\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Murekatete Odette<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>wagurutse Nairobi ahiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uvume abo bagore bose bakugambaniye kuzageza kubisekuruza byabo (<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>7<\/u><\/em><\/span><em><u>) niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ntuzabakize umwijima wa ni njoro, umucyo wawe uzababe kure kuko buzuye ubugome no gukiranirwa kwinshi cyane bashatse kumena amaraso atariho urubanza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubwiza bwawe ntibazabwengere, imbuto nziza z\u2019ibiti by\u2019ubwiza bizababe kure cyane kuzageza igihe bazamenyera yuko gukiranirwa ari ikizira k\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abo bagume ntizabe mu bwami bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko umucyo w\u2019Uwiteka uzagaragara mu isi, ntibazawubemo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ntuzibagirwe ikinyoma bakoresheje yuko babeshye ubwoko bwawe ko ari abagaragu bawe, nyamara bakoreraga Umwami wabadayimoni nk\u2019uko basogokuru babivuze neza ngo ugusengera kwishyiga umusiga ivu, n\u2019ubundi ntuzibagirwe kubagenza uko bagenjereje abandi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abega bagiye gushimuta ikinyamakuru cyawe <\/u><\/em><a href=\"http:\/\/www.inyangenewss.com\/\"><em>www.inyangeNewss.com<\/em><\/a><em><u>\u00a0ariko nta bwo umugambi wabo uri bugende neza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, umugore witwa\u00a0<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Ingabire<\/u><\/em>\u00a0<\/span><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Christine Marie Mugarura<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>ntumwizere kuko akorana n\u2019ingoma y\u2019abega ni maneko ukomeye cyane bamuhaye gahunda yo ku gutumira kujya muri\u00a0<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>France<\/u><\/em><\/span><em><u>\u2013<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Paris<\/u><\/em><\/span><em><u>\u00a0kugirango bagufatire ku kibuga cy\u2019indege uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, umukuru w\u2019igihugu cy\u2019Isamairya (Burundi)\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Peter Nkurunziza<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>asigaje igihe gitoya cyane kw\u2019isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>April 27, 2016<\/em><\/strong><em>\u00a0<u>ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>yafunze abantu benshi cyane abandi arabashimuta baburirwa irengero niyompamvu ngiye kumukura ku ngoma kubera gukiranirwa cyane birenze urugero uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, umugore witwa\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Ingabire Christime Marie Mugarura<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>ni we maneko wagerageje kuba umuhanga mu bagore bose bari bashyizeho ngo bakuneke uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ucireho iteka umuryango wa\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Ingabire Christine Marie Mugarura<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>na bamukomokaho bose kuko yagambaniye Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ushyire ahagaragara uwo mugore w\u2019inkozi yikibi Washatse ku guca igihanga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu,\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">JEZEBEL Nyiramongi Jeannette Kagame<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>yari yatanze agatubutse kugirango ufatwe kuko icyo akeneye ari ukubona bakuzana bakakugeza imbere ya maso ye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo afite ingabo zitwa \u201c<\/u><\/em><span style=\"color: #3366ff;\"><em><u>INDOBANURE<\/u><\/em><\/span><em><u>\u201d muri\u00a0<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RDF<\/u><\/em><\/span><em><u>\u00a0akaba ari zo zizakuraho ingoma y\u2019abega uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubwire ze zikorera muri\u00a0<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RDF<\/u><\/em><\/span><em><u>, uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo agiye kubakoresha ibikomeye cyane mu ntambara mugiye kurwana itandukanye nizo mwarwanye zose kuko mugiye guhura ni bikomeye cyane, ariko ntimutinye kandi ntimuhagarike imitima kuko ari kumwe namwe uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubwire ingabo z\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo zikorera muri\u00a0<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RDF<\/u><\/em><\/span><em><u>, uti, mugiye guhura ni bikomeye cyane, ariko azabana namwe kuko muri ingabo agiye gukoresha ibikomeye kw\u2019isi yabazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #ff00ff;\">Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kuznaho cyane<\/span>, <span style=\"color: #ff00ff;\">maze rirambwira riti<\/span>, <span style=\"color: #ff00ff;\">mwana w\u2019umuntu<\/span>, <span style=\"color: #ff00ff;\">uburire ingabo zanjye zikorera mu ingabo za<\/span>\u00a0<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RDF<\/u><\/em><\/span><em><u>, <span style=\"color: #ff00ff;\">uti<\/span>, <span style=\"color: #ff00ff;\">uku niko Uhoraho abagira inama<\/span>, <span style=\"color: #ff00ff;\">udashoboye guhunga, naceceke kandi yirinde kwerekana umubabaro<\/span>, <span style=\"color: #ff00ff;\">ahubwo ajye agaragaza ubugwaneza<\/span>, <span style=\"color: #ff00ff;\">no kwishima cyane<\/span>, <span style=\"color: #ff00ff;\">inyuma y<\/span>\u2019<span style=\"color: #ff00ff;\">umubiri kugirango kugirango abega batazigera batahura ko utishimiye ubutegetsi bwabo bakaguca igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/span><\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>April 26, 2016 Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu burira abantu ubabwire uti ubutabera bw\u2019Uhoraho Nyiringabo bwaratangiye burimo gukorera kw\u2019isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":23286,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-24726","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24726","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24726"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24726\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24727,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24726\/revisions\/24727"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23286"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24726"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24726"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24726"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}