{"id":24652,"date":"2026-03-15T19:23:24","date_gmt":"2026-03-15T19:23:24","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=24652"},"modified":"2026-03-15T19:23:29","modified_gmt":"2026-03-15T19:23:29","slug":"nimutemera-gukora-ibyo-nshaka-muraza-kubura-aho-muhungira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/03\/15\/nimutemera-gukora-ibyo-nshaka-muraza-kubura-aho-muhungira\/","title":{"rendered":"Nimutemera gukora ibyo nshaka muraza kubura aho muhungira!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"text-decoration: underline;\"><em>Amakuru dukesha ubumwe bw\u2019Uburayi (<span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">European union<\/span>) <span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">EU<\/span> batangaje muri iki cyumweru turangije yuko bahagaritse inkunga bateraga ingabo z\u2019uRwanda muri <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Mozambique<\/span> aho zoherejwe kugarura umutekano. Leta y\u2019abega ikorera mu mujyi wa Kigali yatanze itangazo rw\u2019iterabwoba yuko bagiye gukura ingabo zabo muri <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Mozambique<\/span> niba inkunga ingana na Euros milliyoni <\/em><em>\u20ac<\/em><\/span><em><span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">20<\/span> zingana na (<span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">3<\/span> TN ksh)<\/span>.<\/em><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nta bwo byari byamenyekana impamvu ubumwe bw\u2019Uburayi bwafashe icyo cyemezo kandi ari nta mpamvu ihari ndetse igaragara yatumye bahagarika iyo inkunga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>EU bajya gufata icyo cyemezo bari bazi ingaruka zizakurikiraho yuko <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> ari buhite akurayo ingabo ze, wanasanga bashobora gusimbuza izindi ngabo zizajya muri <span style=\"color: #ff0000;\">Mozambique<\/span> kubungabunga amahoro ingabo za <span style=\"color: #ff0000;\">Kagame<\/span> zakoraga. Bikaba biri mu rwego rwo kumufatira ibyemezo kubera intambara yo mu burasirazuba bwa <span style=\"color: #ff0000;\">DRC<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikindi dutekereza byashoboka yuko intambara irimo kubera mu burasirazuba bwa hagati nacyo gishobora kuba kimwe mu bibazo cyateye abanyaBurayi guhagarika inkunga kuko intambara irimo kubera muri Iran ishobora gufata indi ntera kandi ishobora no kuba ya kwiragira isi yose kuko<span style=\"color: #3366ff;\"> Trump<\/span> yatangaje ko ari nta gahunda yo kugirana amasezerano na Iran yo guhagarika intambara.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Gusa, andi makuru dufitiye gihamya kandi tudashidikanyaho, ni uko ubukungu bw\u2019uRwanda cyane ubutegetsi bw\u2019Umwakagara Paul Kagame bwamaze gucirwaho iteka. Bivuze ko, ahantu hose yakuraga cash zimufasha gukomeza intambara mu karere zirimo kugenda zifungwa kugirango imanza z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zisohoze umurimo wazo mwiza.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>NB: <u>Kuba <span style=\"color: #ff0000;\">RDF<\/span> yarafatiwe ibihano byo kuba idashobora kugura intwaro, ni kimwe mu bindi byaba byateye ihagarikwa ry \u2019inkunga kuko iyo wafatiwe ibihano ntabwo uba wemerewe kuba waterwa inkunga kuko izo cash ziba transacted kuri a\/c ya <span style=\"color: #ff0000;\">RDF<\/span><\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uko <span style=\"color: #3366ff;\">US<\/span> byubahiriza ibihano bitangwa na <span style=\"color: #3366ff;\">EU<\/span>, na abanyaBurayi nabo basabwa kubaha ibihano bitangwa na <span style=\"color: #3366ff;\">US<\/span> kugirango habe imikoranire myiza n\u2019ubwubahane. Ingaruka zo gufatirwa ibihano zitangiye kwigaragaza, urumva ufashe triyali <span style=\"color: #ff0000;\">3<\/span> ksh ukazikuba inshuro (<span style=\"color: #3366ff;\">10<\/span>) urumva cash bahombye <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> ya byazaga umusaruro mu bana b\u2019abanyarwanda bitirirwa kuba ingabo z\u2019igihugu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubutabera bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo nibwo nyirabayazana. Igihe cyose Paul Kagame atubashye imanza zitabera z\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo azahura ni bibazo bikomeye cyane utaretse na banyarwanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Fata ibihano yafatiwe, wongereho intambara yo muri <span style=\"color: #ff0000;\">IRAN<\/span> amavuta ubu yabaye ikibazo gikomeye cyane kw\u2019isi hose. Bivuze ko inzara iri mu Rwanda ishobora kwikuba inshuro zigera kw\u2019ijana.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uwiteka Imana Nyiringabo yamubwiye gufungura abafungwa bose atarobanuye yaba abasirikare cyangwa abacivile abakoze genocide na batarayikoze bose bagomba gufungurwa. Yahawe itangazo rya nyuma last year yica amatwi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikindi yasabwe kwishyura milliyoni za ama euros 750 Umwami Kigeli Ndoli yica amatwi. Ubu se urebye ibyo alimo guhomba ni Majeshi Leon Ainesha uhomba cyangwa n\u2019ingoma y\u2019abega? Fata imitungo ya <span style=\"color: #ff0000;\">AFC<\/span>\/<span style=\"color: #ff0000;\">M23<\/span> ifatiriwe <span style=\"color: #3366ff;\">EU<\/span>, ufate imitungo ya <span style=\"color: #ff0000;\">RDF<\/span> ifatiriwe na <span style=\"color: #3366ff;\">US<\/span>, wongereho abagaragu be bose bafatiriwe imitungo yabo maze umbwire iyo mitungo uko ingana. Byange bikunde muzanshaka igihe cyabarenganye. Ahubwo Umwakagara Paul Kagame atarebye neza bariya ba generali bafatiriwe imitungo yabo bashobora ku mwirenza kuko nta kindi baruhiraga atari imitungo basahuye bakayijyana hanze bazi neza yuko bazabaho neza, none basubiye kw\u2019isuka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ni munyishyure nkureho za sanctions mwafatiwe kandi mwemere ko murekura ubutegetsi maze murebe ko mudasubizwa imitungo yanyu aho tuvugiye<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com<\/em>\u00a0<\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru dukesha ubumwe bw\u2019Uburayi (European union) EU batangaje muri iki cyumweru turangije yuko bahagaritse inkunga bateraga ingabo z\u2019uRwanda muri Mozambique aho zoherejwe kugarura umutekano. Leta y\u2019abega ikorera mu mujyi wa Kigali yatanze itangazo rw\u2019iterabwoba yuko bagiye gukura ingabo zabo muri Mozambique niba inkunga ingana na Euros milliyoni \u20ac20 zingana na (3 TN ksh).<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":23234,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-24652","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24652","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24652"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24652\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24653,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24652\/revisions\/24653"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23234"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24652"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24652"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24652"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}