{"id":24640,"date":"2026-03-15T06:10:57","date_gmt":"2026-03-15T06:10:57","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=24640"},"modified":"2026-03-15T06:10:57","modified_gmt":"2026-03-15T06:10:57","slug":"abatutsi-kazi-bazamurwa-umusozi-kwigishwa-uko-bubaha-uhoraho-uwiteka-imana-nyiringabo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/03\/15\/abatutsi-kazi-bazamurwa-umusozi-kwigishwa-uko-bubaha-uhoraho-uwiteka-imana-nyiringabo\/","title":{"rendered":"Abatutsi-kazi bazamurwa umusozi kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore umwanzi arimo guhiga ubugingo bwawe, ariko mureke akomeze kuko igihe cye cyarangiye nyamara abarwanya Ubuhanuzi ijambo ry\u2019Uhoraho,\u00a0 Uwiteka Imana Nyiringabo, ni nabo ba mbere bakomeje kwemera Ubuhanuzi kuko bidashoboka yuko barwanya ibyo batemera! Niba barwanya Ubuhanuzi bisobanuye yuko bamaze ku bwemera bakaba batinya ko ibyo Ubuhanuzi bwahanuye bizabageraho ingaruka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">maze rirambwira riti<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">mwana w\u2019umuntu<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">abategetsi b\u2019uRwanda bakomeje gukora ibishoboka byose ngo baguce umutwe kubera umurimo ukora w\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/span>.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Mar 15, 2016<\/em><\/strong><em>\u00a0<u>ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ukore amasengesho usengere umuryango wawe kuko umwanzi awuhagurukiye kubera agufitiye umujinya mwinshi cyane kuko umurimo ukora umaze kumuca intege cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane. maze rirambwira mwana w\u2019umuntu, dore inkozi zibibi zongeye ku guhagurukira ngo barebe ko bakubona bakaguca igihanga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, umwuka w\u2019urupfu wari uguhagurukiye ukiriweho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Mar 16, 2016<\/em><\/strong><em>\u00a0<u>njwanwa mu iyerekwa mbona umurongo mure mure wa bantu berekeza mu butayu bugufiya hafi y\u2019inyanja iri haruguru y\u2019ubutayu ahajyanywe abantu bazakora umurimo wa (<span style=\"color: #ff0000;\">Protocol<\/span>) ubwo bazaba bakira Umwami w\u2019uRwanda\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">Kigeli V Ndahindurwa<\/span>\u00a0wanze kumvira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ngo ryarashe abona uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore gakondo ya bakiranutsi (<span style=\"color: #3366ff;\">Rwanda<\/span>) hateye inzara ni nyota yo kuvuga ukuri kuko igihugu cyose cyinjijwe mu butayu bwo kuvuga ibinyoma haba munsengero cyangwa muri politike uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, isezerano ryo gufunga insengero zo muri gakondo ya bakiranutsi (<span style=\"color: #3366ff;\">Rwanda<\/span>) rirasohoye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, intumwa ya\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">Satani<\/span>\u00a0Dr.\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">Muhirwa Paul Gitwaza<\/span>\u00a0yarazi ko namara kubona doctorate azabona icyubahiro cyane mu bantu, ahubwo niho umwuka w\u2019igisuzuguriro warushijeho kwiyongera uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, <span style=\"color: #ff0000;\">Pastor Budederi William<\/span> ngiye kumukoza isoni mu batuye isi kuko yigaragaza nk\u2019umunyakuri, kandi akorera Satani uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubwiza bw\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bwavuye kuri\u00a0Budederi William\u00a0asigaranye umwuka w\u2019icyangiro kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yaramutaye uko niko Uwiteka abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abashumba benshi cyane kw\u2019isi ya bazima bagiye gushyirwa ku karubanda kuko badakorana n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu,\u00a0Rwanda national intelligence have been tracking your telephone even if you change them still they\u2019re tracking you\u00a0+<\/u><\/em><em><u>254\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">733 771 780<\/span><\/u><\/em><em><u>\/\/+<\/u><\/em><em><u>254\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">703 705 068<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>says the Lord God of host<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore ugiye guhangana ni nkozi zibibi zo mu bwoko bwa za magigiri kandi muraba murwanire ubuki buteguye neza (<span style=\"color: #ff00ff;\">honey refined<\/span>) kuko umugore ugiye ku koherereza umugisha ari magigiri wahawe ama euros na za magigiri ngo ayakoherereze maze bayagufatireho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba aliya ma euros urayatwara kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ya yaguhaye ntutinye kujya kuyakira uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore za inkozi z\u2019ibibi zongeye kuguhagurukira ngo zirimbure ubugingo bwawe, ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd\u2019Uwiteka Imana yawe uko niko Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane<\/u><\/em><em><u>, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, umwuka w\u2019inzika n\u2019inzigo (<span style=\"color: #ff0000;\">grudges spirits raise up against you<\/span>) uraguhagurukiye Leta ya <span style=\"color: #ff0000;\">Kigali<\/span> ifatanije na ba <span style=\"color: #ff0000;\">pastors<\/span> barashaka kurimbura ubugingo bwawe ngo kuko Ubuhanuzi uhanura bumaze kubatera ubwoba uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Mar 17, 2016<\/em><\/strong><em>\u00a0<u>ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo hagiye kubaho ubwicanyi mu gihugu cy\u2019Isamariya (<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Burundi<\/u><\/em><\/span><em><u>) ubwo bwicanyi buzabasira abanyarwanda bo mu bwoko bw\u2019<\/u><\/em><em><u>Abatutsi<\/u><\/em><em><u>, kandi bazabica\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Peter Nkurunziza<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>amaze kwicwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu,\u00a0<\/u><\/em><em><u>Abahutu<\/u><\/em><em><u>\u00a0bo mu gihugu cy\u2019Isamariya barimo gutegura umugambi wo kurwana n\u2019Abatutsi bo mu Rwanda bo ku ngoma ya\u00a0<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RPF<\/u><\/em><\/span><em><u>, kandi iyi intambara izatangirira muri\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">DRCong<\/span>o<\/u><\/em><em><u>\u00a0uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore na bakobwa bo mu bwoko bw\u2019abatutsi-kazi bo mu Rwanda bazamurwa umusozi wubatsweho amashuli yigisha ubwoko bw\u2019abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kandi bacishwe bugufiya bamenye yuko mu ijuru hari Imana yaremye ijuru n\u2019isi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Mar 16, 2016<\/em><\/strong><em>\u00a0<u>ijambo ry\u2019Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, umwanzi\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">Satani<\/span>\u00a0na\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Paul Kagame<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>hamwe na banyamadini (<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>religious<\/u><\/em><\/span><em><u>) bahuje umugambi mu nama yabo bakoze maze bagambirira yuko bakwiye ku kwica bakarimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ngiye kwihesha icyubahiro cyane kw\u2019isi ya bazima kuzageza aho umwana w\u2019umwega\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Paul Kagame<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>azagira ubwoba akagusaba ko mushyikirana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, impunzi zo muri\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">Suiden<\/span>\u00a0zigiye guhura na kaga ibyago na makuba bikomeye cyane kuko bamaze kubagambanira ngo basubizwe mu bihugu baturutsemo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Mar 17, 2016<\/em><\/strong><em>\u00a0Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ngaho kanura amaso yawe maze nkwereke ibyo\u00a0<\/em><em><span style=\"color: #ff0000;\">Paul Kagame<\/span>\u00a0<\/em><em>agiye gukora kugirango ubibwire abantu bamenye uko bamwirinda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Nuko mfungura amaso yanjye anyereka\u00a0<\/u><\/em><em><u>Umwakagara Paul Kagame\u00a0<\/u><\/em><em><u>atumiza inama akoranya urubyiruko rwitwa intore abategeka gukorana ubwenge bagahabwa amarozi bagashakisha uko bakwica Umwami w\u2019uRwanda\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Kigeli V Ndahindurwa<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>kugirango bazabone uko bimika ubwami bw\u2019abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, inama barayirangije mu mwanzuro wabo bemeje yuko bagiye gushaka umuntu akajya gusura\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Umwami Kigeli V Ndahindurwa<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>maze akareba abantu abana nabo maze bagashaka uko bakoresha abakozi cyangwa bene wabo ba bana nawe bakamushyirira amarozi mu byo kurya cyangwa ibyo kunywa kugirango ahite apfa uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Bucyeye nafashe telephone mpamagara\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">Umwami Kigeli V Ndahindurwa<\/span>\u00a0mu bwira ibyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo anshimira ko muhawe ubutumwa bukomeye kandi muburiye, ariko musaba kwirukana\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">Ntaganira Christian<\/span>\u00a0aranga ubwo hari hasigaye amezi (<span style=\"color: #ff0000;\">8<\/span>) ngo bamwica.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona\u00a0<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Umwami Kigeli V Ndahindurwa<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>atahaye agaciro Ubuhanuzi namuhaye, maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, Umwami w\u2019uRwanda arihambye abona ntuzamurire kuko yanze kumva imiburo y\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ugiye guhura n\u2019intambara zikomeye cyane, kuko umugambi wo kwica\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">Umwami Kigeli V Ndahindurwa<\/span>\u00a0wamaze kwemezwa kandi watunganye, basigaranye ikibazo cy\u2019uko uzandika amakuru yose ukazavuga uko yishwe icyo nicyo kibazo bafite, none bavuze (<span style=\"color: #ff0000;\">Rwanda autholities<\/span>) ko nawe ugomba kwicwa uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, wahanganye na bakomeye none urabanesheje ukomere kurugamba kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari kumwe nawe uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Mar 18,2016<\/em><\/strong><em>\u00a0<u>njynwa mu iyerekwa mbona ko Gen.<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Kayumba Nyamwasa<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>agiye gutuma hagati y\u2019Ubuyuda n\u2019Isamariya hagiye gutangira intambara ikomeye cyane kuko arimo gushaka igihugu cyamushyigikira kugirango akure abega ku ngoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, Gen.<\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Kayumba Nyamwasa<\/span>\u00a0<\/u><\/em><em><u>nta bwo bizamukundira yuko aturuka mu gihugu cy\u2019Uburundi ajya gutera gakondo ya bakiranutsi kuko yamaze gucirwaho iteka n\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu,\u00a0<\/u><\/em><em><u>Paul Kagame\u00a0<\/u><\/em><em><u>yamaze kumenya amakuru neza yuko\u00a0<\/u><\/em><em><u>Kayumba Nyamwasa\u00a0<\/u><\/em><em><u>agiye kumutera aturutse Burundi, ni uko ategeka ko bajya\u00a0<span style=\"color: #ff0000;\">South Africa<\/span>\u00a0bakamurasa ntibamuhushe nkuko byagenze muri\u00a0<\/u><\/em><em><u>2010\u00a0<\/u><\/em><em><u>uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore umwanzi arimo guhiga ubugingo bwawe, ariko mureke akomeze kuko igihe cye cyarangiye nyamara abarwanya Ubuhanuzi ijambo ry\u2019Uhoraho,\u00a0 Uwiteka Imana Nyiringabo, ni nabo ba mbere bakomeje kwemera Ubuhanuzi kuko bidashoboka yuko barwanya ibyo batemera! Niba barwanya Ubuhanuzi bisobanuye yuko bamaze ku bwemera bakaba<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":24631,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-24640","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24640","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24640"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24640\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24641,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24640\/revisions\/24641"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24631"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24640"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24640"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24640"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}