{"id":24595,"date":"2026-03-10T20:04:07","date_gmt":"2026-03-10T20:04:07","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=24595"},"modified":"2026-03-10T20:04:07","modified_gmt":"2026-03-10T20:04:07","slug":"gen-james-kabarebe-azajya-asaba-abari-abagarugu-be-ibyo-kurya-basigaje","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/03\/10\/gen-james-kabarebe-azajya-asaba-abari-abagarugu-be-ibyo-kurya-basigaje\/","title":{"rendered":"Gen. James Kabarebe azajya asaba abari abagarugu be, ibyo kurya basigaje!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu<\/span>, <span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">ubwoko bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo bakiranuka uti<\/span>, <span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga<\/span>, <span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">mwirinde cyane kandi mube maso cyane kuko Uhoraho Nyiringabo agiye gukora ibikomeye cyane mw\u2019isi ya bazima uko niko abivuga<\/span><\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubwire ubwoko bwanjye uti, Uwiteka Imana Nyiringabo azabarindira mw\u2019isi ya bazima kuko agiye gukora ibikomeye cyane ku buryo isi yose izanyeganyega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mu gihugu cya Kenya hagiye kumanuka umwuka w\u2019urupfu abantu benshi bazajya bapfa kandi bazica na police yaho irimo kurengera ubutegetsi buzasimbura Uhuru Kenyatta uko niko Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nuko ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore hamanutse imyuka (<span style=\"color: #ff0000;\">3<\/span>) y\u2019urupfu mu gihugu cya (<span style=\"color: #ff0000;\">Kenya<\/span>&#8211;<span style=\"color: #ff0000;\">Nairobi<\/span>) kandi iyo myuka (<span style=\"color: #ff0000;\">3<\/span>) igiye gusenya igihugu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo amanuye ububyutse kw\u2019isi yose bwo guca imanza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Feb 13, 2016<\/em><\/strong><em> ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, burira umuhanuzi mukuru umubwire uti, dore ugoswe na banzi bakomeye ariko Uhoraho Nyiringabo ari kumwe na we uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, <span style=\"color: #ff0000;\">Paul Kagame<\/span> agiye gukurwa ku ngoma kugirango gakondo ya bakiranutsi Uwiteka Imana Nyiringabo ayitunganye uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore inkozi z\u2019ikibi barangije gukora inama kandi iyo nama bayikoreye ikuzimu barashaka kuza kw\u2019isi kwica ubwoko bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo cyane abasengera mu byumba by\u2019amasengesho kuko batuma abadayimoni badakora imirimo yabo kw\u2019isi ya bazima uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, Uhoraho Nyiringabo agiye kuburizamo imigambi yizo inkozi zikibi kugirango bamenye yuko Uwiteka Imana Nyiringabo ari we waremye ijuru n\u2019isi uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore za maneko za Leta y\u2019uRwanda zimaze kwemera ijambo ry\u2019Ubuhanuzi rya turutse mukanwa k\u2019Uhoraho none basigaye biganyira kuguhiga ngo bakwice kuko ibimenyetso byose wahanuye ko bizagaragaza kuvaho ku butegetsi bwa <\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">RPF<\/span>\u2013<span style=\"color: #ff0000;\">Paul Kagame <\/span><\/u><\/em><em><u>uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Feb 16, 2016<\/em><\/strong><em>\u00a0<u>ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, hanurira abatuye mu Rwanda maze ubabwire uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, nzakoresha America gukuraho no guhindura ubutegetsi bwa <\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">RPF<\/span>&#8211;<span style=\"color: #ff0000;\">Paul Kagame<\/span><\/u><\/em><em><u> kugirango mbaruhure imitima yanyu imaze kunanirwa cyane uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ibintu bikomeje kumera nabi mu abatuye isi ya bazima, ubwire abatuye Isamariya no mu gihugu cy\u2019UBUYUDA uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, musenge cyane kuko igihe cyo gusenga kigiye kurangira kuko abantu bagiye gutungwa na masengesho yabo hamwe nimirimo myiza yo gukiranuka niyo izabatabara mu myaka iri mbere uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubwire abatuye isi uti, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guteza ibyago kandi bikomeye cyane kw\u2019isi ya bazima na bayituye kandi yaba abakene cyangwa abakire bose bazahura na kaga, ibyago, na makuba, uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, burira abakiranutsi ubabwire ati, Uwiteka aravuze ngo, nta mukiranutsi wigeze yubahiriza ijambo ry\u2019Uhoraho akaryubahiriza ngo narangiza Uhoraho amwirengagize cyangwa ngo abure kumugirira neza uko niko Uwiteka avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ijuru rimanuye ububyutse bw\u2019urupfu kw\u2019isi ya bazima, hagiye gupfa abantu benshi cyane kandi bazapfa mu bihe (<span style=\"color: #ff0000;\">2)<\/span> bitandukanye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Feb 20, 2016<\/em><\/strong><em> Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ube maso kandi cyane kuko ubutegetsi bwa <\/em><em>Paul Kagame <\/em><em>barimo guhiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Nuko ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore ngiye kuburizamo imigambi y\u2019umwanzi Satani na badayimoni ndetse na bantu bakorana nabo bamenye cyane Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, Gen.<span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Jack Nziza<\/span> (<span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Jackson Nkurunziza<\/span>) uhagarariye urwego rwa maneko mu Rwanda agiye ku kwandikira agusabe ko mwa kumvikana, kugirango udakomeza kwandika kumakuru ya Nyiramongi Jeannette Kagame kubera ibikorwa bibi akomeje gukorera abanyarwanda ndetse na banyamahanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abakozi bakora muri (<span style=\"color: #ff0000;\">Rwanda national intelligence services<\/span>) bamaze gucika intege cyane kuko ibyo uhanura byose barabibona kandi iyo bateguye umugambi wo ku kwica Uwiteka Imana Nyiringabo arabikwereka ukamenya ku birinda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, (<span style=\"color: #ff0000;\">Rwanda national intelligence services<\/span>) bamaze kwemera Ubuhanuzi bwawe ku buryo batagishaka ku guhiga kuko bumva bicira urubanza mu mitima yabo, ariko kubera gutinya ba shebuja (<span style=\"color: #ff0000;\">theirs boss<\/span>) babura uko babigenza bakwemera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, na Gen. <span style=\"color: #ff0000;\">Jack Nziza<\/span> na we arakwemera cyane, n\u2019ubwo agaragaza yuko akurwanya, aba agirango yerecye Nyiramongi Jeannette na Paul Kagame ko ari umukozi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Feb 21, 2016<\/em><\/strong><em> maze njyanwa mu iyerekwa mbona General <\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em>James Kabarebe <\/em><\/span><em>wahoze akuriye ingabo za <\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em>RDF<\/em><\/span><em>, arimo kurya ibisigarizwa bya bagaragu be, nyoberwa uko bigenze:<\/em><\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone  wp-image-24596\" src=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/James2-300x184.png\" alt=\"\" width=\"717\" height=\"440\" srcset=\"https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/James2-300x184.png 300w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/James2-768x471.png 768w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/James2-500x307.png 500w, https:\/\/egretnews.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/James2.png 794w\" sizes=\"auto, (max-width: 717px) 100vw, 717px\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">rirambwira riti<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">mwana w\u2019umunt<\/span>u, <span style=\"color: #ff0000;\">igihe kiraje kandi kirasohoye<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">ubwo<\/span> Gen.<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>James Kabarebe <\/u><\/em><em><u>azajya yifuza ibyo kurya by \u2019abagaragu yahoze ategeka<span style=\"color: #000000;\">.<\/span> Kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo atakimushaka mu maso ye uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, Gen.<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>James Kabarebe <\/u><\/em><\/span><em><u>niwe Mutunzi ukomeye cyane mu Rwanda, ndetse arusha shebuja ubutunzi cyane, ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo butunzi uko yabubonye niko buzayoyoka bugashiraho burundu abirebesha amaso ye, kuko atazaba agifite ingufu yahoranye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, Gen.<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>James Kabarebe <\/u><\/em><\/span><em><u>yambuye abantu benshi cyane imitungo yabo, kandi yahemukiye abantu benshi cyane, ndetse Sibyo gusa, ahubwo ya kenesheje abantu benshi cyane, ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo inzige zariye ubutunzi bwa bandi zirye ubutunzi bwe, kandi azamburwa ibye nkuko ya byambuye abandi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abantu benshi cyane bajya bifuza kuvugana na Gen.<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>James Kabarebe<\/u><\/em><\/span><em><u>, ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ngo nawe azajye yifuza kuvugana na bakomeye kuko igihe cye cyo gukomera kirangiye kw\u2019isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Feb 23, 2016<\/em><\/strong><em> <u>ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, wirinde cyane, kuko hariho abagabo (<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>3<\/u><\/em><\/span><em><u>) baturutse mu Rwanda bakora muri (<span style=\"color: #ff0000;\">National Intelligence Services<\/span>) baje kugushaka ukwiye kuba maso cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubwire Paul Kagame utegeka uRwanda uti, harimo gutegurwa abagabo <span style=\"color: #ff0000;\">(<\/span><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em>3<\/em><\/span><em>) bazagukura ku butegetsi kuko umaze kurambirana kw\u2019isi ya bazima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Feb 24, 2016<\/em><\/strong><em> <u>ijambo ry\u2019Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore umwanzi yongeye guhaguruka bikomeye baje ku guhiga ngo bakwice, ariko ntutinye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, umugabane w\u2019Africa ugiye guhura ni bikomeye cyane (<span style=\"color: #ff0000;\">Africa continent will face challenges in coming days later<\/span>) mu minsi iri mbere uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Nerekwa hamanurwa umwuka usa ni ibicu, ariko nta bwo byari ibicu bisanzwe, mbona uwo mwuka utumye abantu badashobora guhumeka neza, abantu benshi bahise cyane abandi bazarokoka ariko basigarana imvune zikomeye z\u2019uwo mwuka w\u2019u burozi warutewe mukirere hejuru uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Nuko ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uwo mwuka wa marozi uzaterwa mukirere cyo ku mugabane w\u2019Africa nta bwo uzahatinda cyane, uzahamara igihe gitoya urangire ariko uzasiga ubumuga mu mibiri ya bantu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu na gushyiriyeho kugirango ube umugisha ku batuye kw\u2019isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Feb 25, 2016<\/em><\/strong><em> ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu inkozi zikibi zikorana na badayimoni zahagaze mu nzira nyabagendwa aho ujya unyura ugiye kumurimo ube maso cyane kugirango umenye uko ugenza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore abaguhiga burarushye kandi bamerewe nabi cyane, kuko Uwiteka Imana Nyiringabo abarwanya kugirango batagera kumugambi wabo wo ku kwica uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, Nyiramongi Jeannette Kagame arakwanga cyane yifuza yuko wapfa kuko washyize ahabona ibikorwa byo bibi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, hagiye kubaho imanza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, urugomo no kurenganya bigiye gucibwa mw\u2019isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zikibi zategeye mu nzira aho Umuhanuzi Majeshi Leon akunze ajya kumurimo kumurwa mukuru w\u2019ISHUSHAN mu gihugu cy\u2019Ibabyloni uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona umugisha uturutse ahantu humwijima, maze ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti, za maneko z\u2019uRwanda zikoherereje umugisha kugirango zigufate uje kwakira uwo mugisha, ni wowe ukwiye kumenya uko ukwiye kwakira uwo mugisha kandi ntibagufate uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abanyarwanda bakomeje kwitotomba bavuga ko badashaka kuyoborwa nishyaka riri ku butegetsi rya RPF ubabwire uti, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azabimikira Umwami uzayobora neza ubwoko bwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, niyo <\/u><\/em><em><u>RNC<\/u><\/em><em><u> mwifuza nayo iramutse ifashe ubutegetsi yamera nka <\/u><\/em><em><u>RPF<\/u><\/em><em><u> uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona ubutegetsi bwa <\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RPF<\/u><\/em><\/span><em><u> bashakisha abakobwa ndetse na bagabo bavanzemo na basore bahabwa amarozi yo kuroga abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bwa <span style=\"color: #ff0000;\">Paul Kagame<\/span> na gatsiko ke, abo batoranijwe kuroga abantu mbona bajyanywe mu mahugurwa bajya kwigishwa uko bazajya bahumanya abantu ni bamara kugera hanze mu bihugu bagiyemo bicumbikiye impunzi za banyarwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Feb 26, 2016<\/em><\/strong><em> njyanwa mu iyerekwa mbona pastor <\/em><em>William Budederi <\/em><em>hamwe na bandi ba pastors bagenzi be, bose bari batwaye imodoka zo mu bwoko bwa Jeep mbona bamanutse ubutayu bunini cyane bafata urugendo rukomeye berekeza ku inyanja nini iri mu burengero bw\u2019isi bavuga ko ngo bagiye kuriyo nyanja kuyogamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.\u00a0 <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Feb 27, 2016<\/em><\/strong><em> ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, kuraho documents zawe kuri (<span style=\"color: #ff0000;\">screen<\/span>) ya Laptop kuko barushimusi (<\/em><em>hackers<\/em><em>) bagiye gukoresha ikoranabuhanga rya Remote Access Files (<\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em>RAF<\/em><\/span><em>) maze bakabona uko binjira muri Laptop yawe bakiba za files zawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, inkozi yikibi yitwa <\/u><\/em><em><u>Paul Kagame <\/u><\/em><em><u>afite uburakari bwinshi cyane yategetse ko bagomba kuguhiga hasi no hejuru bakakubona akaguca umutwe none wirinde kandi umenye uko ugenza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ba maneko ba Paul Kagame bihishe mu murwa mukuru w\u2019ISHUSHAN (Nairobi) baragutegereje ngo baguce igihanga ukwiye kumenya ubwenge uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arinze ubugingo bwawe uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Feb 28, 2016<\/em><\/strong><em> Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, umuhamagaro Uwiteka Imana ya guhamagariye urakomeye cyane, niyompamvu ab\u2019isi bahiga ubugingo bwawe bashaka kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore bamaze igihe bakuvuga nabi cyane, ntutinye amagambo mabi ya bantu kuko abakuvuga bahisemo kuba abanzi b\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu umaze guca mu intambara nyinshi kandi zikomeye cyane ku buryo udashobora gutinya amagambo ya abantu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, imvugo za bantu bafite ibyaha mu mitima yabo ntizikagutere ubwoba uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ayo magambo yose uwigeze kuba madam wawe Mukandirima Murekatete Odette niwe urimo ku kuvuga nabi yisobanura impamvu mwatandukanye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Feb 29, 2016<\/em><\/strong><em> ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore umwuka w\u2019inzika y\u2019inzigo uturutse mu butegetsi bwa Paul Kagame bafatanije n\u2019umuryango wari warashatsemo bishyize hamwe bagiye gukoresha Murekatete Odette ngo barimbure ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko ibyo byose Uwiteka agiye kubihindura umuyaga uhita kuko bidafite imbaraga kubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, n\u2019ubwo umwanzi aguhagurukiye, nta bwo afite imbaraga kuko yi hebye cyane mu mutima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu ba (hackers) bagiye kwinjira mu kinyamakuru cyawe cya <\/em><em><a href=\"http:\/\/www.inyangenewss.com\">www.inyangenewss.com<\/a><\/em><em> bagiye gushyiraho inyandiko zi cyongereza kugirango bakwereke yuko binjiye muri database yawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Mar 1, 2016<\/em><\/strong><em>\u00a0<u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore ku ngoma y\u2019ubwami bw\u2019uRwanda, bugendera ku itegeko nshinga, ubucuruzi bw\u2019ibikomoka kubihingwa bibyara petrol bizacuruzwa hagati y\u2019uRwanda na USA nyuma y\u2019ubwami bw\u2019uRwanda gusubira ku ngoma muri Gakondo ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyaen, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore igihugu cy\u2019Ibabuloni kigiye guhura na kaga gakomeye cyane kubera gukunda bituga ukwaha (<\/u><\/em><em><u>corruption<\/u><\/em><em><u>) dore abantu benshi bagiye gufungwa kubera ko bakomeje kwigwizaho ubutunzi bitanyuze mu nzira z\u2019ukuri uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore abadayimoni ba baterekererano bari bakoherereje ngo bakugire ikimuga banaguteze gukora impanuka cyangwa kurwara indwara ya maguru ku buryo ushobora gucika amaguru maze unanirwe gukomeza umurimo w\u2019Uhoraho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Nyiringabo alinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, mwana w\u2019umuntu, dore umwanzi aragushakisha cyane hasi no hejuru, akomeje ku kugenza cyane, nyamara ukwiye kumenya ubwenge kugirango utagwa mu mutego w\u2019umwanzi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa, mbona ukwezi kuje hejuru yanjye aho nari nibereye ku icumbi urumuri mbona rubaye rwinshi cyane, maze mbona haje igiti kirekire gikingirinje kugirango urumuli rutaba rwinshi cyane nkananirwa kwitegereza maze neza, maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ngaho noneho itegereze ibyo ngiye ku kwereka. Nditegereza mbona urumuri rucanye cyane rumeze nk\u2019izuba.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Maze ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore Uwiteka yaguhamagariye kuba Umuhanuzi wa mahanga yose yo kw\u2019isi uko niko biri none, dore urumuri rw\u2019Uhoraho ruzakumurikira kuzageza igihe cyose cyategetswe n\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Mar 2, 2016<\/em><\/strong><em>\u00a0njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z\u2019ikibi za bagambanyi na barozi zategeye mu nzira aho nkunze kunyura, maze ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore bagutegeye mu nzira ukunze kunyuramo none ube maso cyane utagwa mubicanyi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abarozi na bapfumu bakoze inama ikomeye cyane ku bijyanye n\u2019Ubuhanuzi wandika bugasomwa na bantu bo kw\u2019isi yose, none bahagaritse imitima cyane bagiye kohereza imyuka mibi ituma umugara cyangwa ugahuma amaso ntuzongere kwandika Ubuhanuzi kuko bumaze kubica intege cyane no kubamaramo imbaraga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uburiganya bwa ba Pastor bubaye bwinshi cyane kw\u2019isi ya bazima. Kandi barimo kubeshya intama zikiri ntoya mu ijambo ryanjye nta bwo bazi imikorere y\u2019umwanzi kuko babafatiye kubyifuzo byabo bijyanye nirari ryabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubwoko bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo bakiranuka uti, uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, mwirinde cyane kandi mube maso cyane kuko Uhoraho Nyiringabo agiye gukora ibikomeye cyane mw\u2019isi ya bazima uko niko abivuga.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":24596,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-24595","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24595","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24595"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24595\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24597,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24595\/revisions\/24597"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24596"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24595"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24595"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24595"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}