{"id":24525,"date":"2026-03-05T08:40:50","date_gmt":"2026-03-05T08:40:50","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=24525"},"modified":"2026-03-05T08:43:07","modified_gmt":"2026-03-05T08:43:07","slug":"itangazo-ryuwiteka-nyiringabo-rireba-us-na-leta-yurwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/03\/05\/itangazo-ryuwiteka-nyiringabo-rireba-us-na-leta-yurwanda\/","title":{"rendered":"Itangazo ry&#8217;Uwiteka Nyiringabo rireba US na Leta y&#8217;uRwanda"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Kuba Leta y\u2019uRwanda igiye gufungura abafungwa <span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">1874<\/span> nta bwo bihagije n\u2019ubwo wenda bigaragara yuko itangiye gushyira mu bikorwa ibyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse. Ntabwo kandi ari ugutoranya ngo bafungure bamwe abandi basigare muri gereza, nubwo hagomba gukurikizwa uburyo bwo kwandika abagiye gufungurwa hakurikijwe inzira nitegeko by\u2019ubutabera, ariko bose bagomba gufungurwa harimo na bakoze genocide kuko bamaze gucirwaho iteka, rero nta bwo bahabwa ibihano inshuro ebyeri uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo yabitegetse<\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndagirango nshimire <span style=\"color: #3366ff;\">US<\/span> yashoboye gufatira ibihano ministeri y\u2019ingabo z\u2019uRwanda za <span style=\"color: #ff0000;\">RDF na bamwe mu bayobozi bayo<\/span>\u00a0yashyize mu bikorwa ibyo Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse ko bagiye guterwa n\u2019umwuzure. Ndagirango nibutse Leta y\u2019uRwanda iyobowe n\u2019abega yuko ni badakora ibyo basabwa n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bagiye guhura na kaga gakomeye cyane kurushaho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibirimo kuba ku gihugu cya Iran, ni birangira birahita byerekeza mu Rwanda. Ndagirango mbibutse kandi ko mwasabwe gutanga milliyoni <\/em><em>\u00a3<\/em><em><span style=\"color: #3366ff;\">7oo<\/span> mukanga byatumye hiyongeraho izindi milliyoni <\/em><em>\u00a3<\/em><em><span style=\"color: #3366ff;\">50<\/span> yose hamwe akaba milliyoni <\/em><em>\u00a3<\/em><em><span style=\"color: #3366ff;\">750<\/span>. Ibyo nabyo niba bidakozwe ubutunzi bwanyu bwose mufite nabwo buzayoyoka kandi ngirango murimo kubona aho murimo kwerekera.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>NB: Ndabibutsa ko mugomba kurekura ubutegetsi mu mahoro hatabaye intambara, ni mushaka ko haba intambara bizabahenda cyane kandi muzabihomberamo. Leta y\u2019uRwanda isabwa kubwira Leta ya US iyobowe na Donald Trump yuko umucamanza uca imanza zitabera akaba n\u2019Umwami wa gakondo ya bakiranutsi (<span style=\"color: #3366ff;\">Rwanda territory<\/span>) Kigeli Ndoli yuko yategetse ashingiye ku itegeko ryatanzwe n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ko; ibice byose byafashwe na <span style=\"color: #3366ff;\">AFC<\/span>\/<span style=\"color: #3366ff;\">M23<\/span> byari byegamiye DRCongo ko bigomba guhabwa uRwanda kandi intambara igahita ihagarara.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">In failure to which the US will face consequences<\/span><\/span>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Inama y\u2019abaminisitiri yaraye iteranye mu Rwanda iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje ifungurwa ry\u2019imfungwa <span style=\"color: #3366ff;\">1874<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w\u2019intebe Dr Justin Nsengiyumva rikubiyemo ibyemezo by\u2019iyo nama, rigaruka no kuri iki cyemezo: \u201cIteka rya Minisitiri ryemeza ifungurwa ry\u2019agateganyo ku bantu 1874 bakatiwe n\u2019inkiko.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nta rutonde rwahise rutangazwa rw&#8217;abarebwa n\u2019iki cyemezo ndetse nta mpamvu yacyo yatangajwe.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibi bibaye mu gihe leta y\u2019u Rwanda iheruka kugabanya ingengo y\u2019imari izakoresha muri uyu mwaka w\u2019imari, aho yagabanutseho miliyari zirenga 80 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ugereranyije n\u2019ingengo y\u2019imari y\u2019umwaka ushize.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yo mu mahanga yakomeje gushinja ubucamanza bwo mu Rwanda guca imanza zibera no gufunga binyuranyije n\u2019amategeko.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abategetsi mu Rwanda bakomeje guhakana ibyo birego, bavuga ko ubucamanza bwo mu Rwanda bwigenga kandi ko buca imanza zinyuze mu mucyo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iyo nama y\u2019abaminisitiri yo ku wa gatatu yanafashe ibindi byemezo birimo nko kwemeza imishinga y\u2019amategeko inyuranye, gushyira abategetsi mu myanya no kwemeza abasabiwe guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuba Leta y\u2019uRwanda igiye gufungura abafungwa 1874 nta bwo bihagije n\u2019ubwo wenda bigaragara yuko itangiye gushyira mu bikorwa ibyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse. Ntabwo kandi ari ugutoranya ngo bafungure bamwe abandi basigare muri gereza, nubwo hagomba gukurikizwa uburyo bwo kwandika abagiye gufungurwa hakurikijwe inzira nitegeko by\u2019ubutabera, ariko bose bagomba gufungurwa harimo na bakoze genocide<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":24527,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-24525","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24525","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24525"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24525\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24531,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24525\/revisions\/24531"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24527"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24525"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24525"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24525"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}