{"id":24469,"date":"2026-02-28T17:29:52","date_gmt":"2026-02-28T17:29:52","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=24469"},"modified":"2026-02-28T17:29:52","modified_gmt":"2026-02-28T17:29:52","slug":"dore-isi-yose-izagwirwa-numwijima-uteye-ubwoba-cyane-bizaba-bisobanura-ko-imanza-zuhoraho-nyiringabo-zatangiye-gusohoza-umurimo-wazo-mwisi-ya-bazima","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/02\/28\/dore-isi-yose-izagwirwa-numwijima-uteye-ubwoba-cyane-bizaba-bisobanura-ko-imanza-zuhoraho-nyiringabo-zatangiye-gusohoza-umurimo-wazo-mwisi-ya-bazima\/","title":{"rendered":"Dore isi yose izagwirwa n&#8217;umwijima uteye ubwoba cyane, bizaba bisobanura ko imanza z&#8217;Uhoraho Nyiringabo zatangiye gusohoza umurimo wazo mw&#8217;isi ya bazima!!?"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><strong>Jan 12, 2016 <\/strong><span style=\"color: #ff0000;\"><span style=\"text-decoration: underline;\">Njyanwa<\/span><u> mu iyerekwa mbona umugisha wa bantu benshi cyane bafite ikimenyetso cya Kristo kuruhanga rwabo watwawe n\u2019inkozi zikibi zatwaye umugisha wabo bawumaranye igihe kinini umuntu atabasha gusobanura, mbona ko Uwiteka Imana Nyiringabo awugarura awusubiza mu bubiko bwawo kugirango usubizwe ba nyirawo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/span><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Maze ijambo ry\u2019Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, burira ubwoko bwanjye abakiranuatsi banjye bose uti, uwihanganye wese agakomeza isezerano ry\u2019Umwami wacu azasubizwa ibyariwe n\u2019inzige uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho kandi cyane, maze rirambwira umwaka utaha wa 2017, niho imanza z\u2019Uhoraho Nyiringabo zizatangira neza kugirango izo nkozi zikibi zigaruriye ibitari ibyabo ba byamburwe bisubizwe banyirabyo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, muri ubwo butabera bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo niho ibibazo byose bizacirwaho iteka kugirango abarenganijwe bahabwe ubutabera n\u2019Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona ibikomeye cyane bigiye kuba kuri kiliziya \u00ab<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Roman Catholic Church Empire<\/u><\/em><\/span><em><u>\u00bb mbona ko ubutunzi bwabo bugiye kugwa hasi kiliziya <\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RCCE<\/u><\/em><\/span><em><u> izanyeganyega kw\u2019isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Njyanwa mu iyerekwa mbona ubucyene busimbura ubutunzi bwa (<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RCCE<\/u><\/em><\/span><em><u>) ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubutunzi bwa (<\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RCCE<\/u><\/em><\/span><em><u>) nibwo bubatera gukiranirwa no gukora imirimo mibi cyane mw\u2019isi yabazina. Kubera iyompamvu ngiye kugabanya ubutuzi bwabo cyane kugirango mburizemo imigambi yabo mibisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, <\/u><\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>RCCE<\/u><\/em><\/span><em><u> ni indaya ikomeye cyane yasambanije amahanga yose yo kw\u2019isi kubera ubutunzi bwe, ndetse abami benshi bemeye kumukorera baramuramya bamugira ikigirwamana cyabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore isi yose izatwikirwa n\u2019umwijima kandi abatari mu Mwami Imana Nyiringabo benshi bazarimburwa n\u2019umwijima ugiye gutera kw\u2019isi ya bazima, kandi uwo mwijima uzarimbura ubugingo bwabo kuko uzaza utunguranye kandi bizaba bisa naho ari imikino, ariko abantu benshi cyane bazarimbuka muri uwo mwijima ugiye gutera kw\u2019isi ya abzima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">Dore ntakabuza isi yose igiye kwinjira mu mwijima mwinshi cyane! Kandi abakiranirwa bazarushaho gukiranirwa, ndetse na bakiranuka bazarushaho gukiranuka, kuko uko ari ko Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse akabivugira mukanwa ka bagagaragu be n\u2019ubwo hashize igihe kirekire uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/span>.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uburire ubwoko bw\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo babe maso cyane kuko hagiye gutera icyago gikomeye cyane kandi kizazenguruka isi yose, kandi abatari benshi bazarimbuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>\u00a0N<\/em><\/strong><em>jyanwa mu iyerekwa mbona icyegera cy\u2019umukuru w\u2019igihugu cya Kenya <span style=\"color: #ff0000;\">Samuei William RUTO<\/span> murugo rwe ahakorera imirimo yo gukiranirwa, yasuzuguraga abantu ahubwo akwubaha imbwa za kizungu zari zishinzwe kumukinda. Nyamara abazitoza kwubaha abantu ngo ntizibarye zidahawe itegeko bo akabusuzugura.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, kandi uwo mugabo (<\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em>Samuei William RUTO<\/em><\/span><em>) azakora ibishoboka byose yibe umutungo wicyo gihugu kandi azashyira icyo gihugu mu bukene butari bwabaho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, (<\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em>Samuei William Ruto<\/em><\/span><em>) afite umutima mubi cyane kuko yanduye uburwayi bwa <\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em>HIV<\/em><\/span><em>, kubera iyo mpamvu yirirwa yanduza abagore bo muri icyo gihugu akoresheje umwanya afite aho abaha amashillingi kandi akabizeza na kazi keza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Jan 13,2016<\/em><\/strong><em>\u00a0<\/em><em><u>ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira mwana w\u2019umuntu, ibi ngiye ku kubwira ntubure kubyandika, abega iyo ba babwiye yuko ubutegetsi bwabo buzavaho, bahita bagira umujinya mwinshi cyane uterwa n\u2019ubwoba bagahita bashakisha ubabwiye gutyo bakamwica kuko batinya kuzamburwa ubutegetsi kandi bari bizeye yuko bazabugumaho iteka ryose. None ubwire abantu bamenye ubwenge nti bakababwire yuko ingoma yabo izakurwaho kugirango batabica kuko muri iyiminsi bameze nabi, ahubwo abantu bategereze igihe cy\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo abe ari we uzayikuraho usibye ko nabwo batazabura kubica ariko nta bwo bazica benshi cyane nkuko ubu barimo kwica umuntu wese utinyutse kuvuga ko ubwami bwabo buzakurwaho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ibi ubyandike kuko nta kabuza bitazabura gusohoza umurimo wabyo. Abega bazakurwa ku butegetsi kandi bazakorwa nisoni kugirango Ubuhanuzi bwahanuye ibyo busohoza umurimo wabyo, uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, uburire abantu basengera mu idini rya <span style=\"color: #ff0000;\">Evangelical Restoration Church<\/span> birinde cyane binashibotse ntibagasubire muryo idini kuko rimaze kuzuramo inkozi zikibi zo mu bwoko bw\u2019abarozi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, muri iryo idini rya Evangelical Restoration Church huzuyemo ubusambanyi bwinshi cyane butagira ingano, abadakora ubusambanyi bajya muri iryo idini bazabanduza umuvumo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore ngiye guteza umutekano mucye muri gakondo ya bakiranutsi, kugirango ingabo z\u2019<\/u><\/em><em><u>Umwakagara Paul Kagame <\/u><\/em><em><u>nziteze kwiheba cyane, bityo babone yuko umugaba mukuru wabo wikirenga adafite imbaraga zo kubarinda, kugirango batangire kwifuza ubuyobozi buzabahesha amahoro kuko ngiye kwimika umugaragu wanjye uri mu butayu bugufiya Umwami David uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ingoma y\u2019abega izasimburwa n\u2019ubwami bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, bukorera mu gikari cy\u2019ubwami bw\u2019uRwanda uko niko Uhoraho Uiwteka Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, ubwire ubwoko bwanjye uti, Uwiteka Imana Nyiringabo naramuka akuyeho Umwakagara Paul Kagame ntimuzibagirwe ko ari we wabagiriye neza agakuraho ubwami bw\u2019abega bwari bwarababujije amahwemo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, abagiye ishyanga bose bazatahuka kandi bazagubwa neza kuko bazaba abanyamugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, dore abagiye ishyanga bose bazataha barwanira ama modoka ni ndege na mato bagaruka bameze nk\u2019inuma zigaruka mu twuzu twazo nyuma y\u2019umwuzure uko niko Uwiteka Imana Nyringabo abivuga<\/u><\/em><em>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti mwana w\u2019umuntu, dore isi yose igiye gutangara cyane kuko abaheze ishyanga bagiye gutaha umusubirizo basubira mu gakondo ya bakiranutsi nkuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yavugiye nukanwa k\u2019Umuhanuzi Majeshi Leon uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, bwira ubwoko bwanjye bwitgure kuko ngiye guca imanza zitabera kandi numvise kurira kwanyu na njye nzababera Uhoraho Nyiringabo mbacire imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ni uko rero mube maso kandi mugire ubwenge kuko igihe gisigaye ari gito cyane ubwo ngiye gukoresha abagaragu banjye bo mu majyaruguru y\u2019isi kugirango bahoze umugambi wanjye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em>Jan 14, 2016<\/em><\/strong><em>\u00a0ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, mu gihugu cy\u2019Isamariya hazaba intambara ikomeye cyane kandi kuzayitsinda bizagorana cyane, kuko abakuru bizo ngabo benshi muri bo ari Abagambanyi kandi bazagambanira umukuru w\u2019igihugu cy\u2019Isamariya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore abarinda uwo mukuru w\u2019igihugu bazahabwa intonorano kugirango barimbure umukuru wabo w\u2019igihugu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff0000;\"><em><u>Ijambo ry\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w\u2019umuntu, n\u2019ubwo izo ingabo z\u2019Isamariya zizagambanira umukuru wazo izo intonorano nta cyo zizabamarira kuko atari umugisha uturutse k\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga<\/u><\/em><\/span><em>.<\/em><\/p>\n<p><span style=\"color: #3366ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Jan 12, 2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona umugisha wa bantu benshi cyane bafite ikimenyetso cya Kristo kuruhanga rwabo watwawe n\u2019inkozi zikibi zatwaye umugisha wabo bawumaranye igihe kinini umuntu atabasha gusobanura, mbona ko Uwiteka Imana Nyiringabo awugarura awusubiza mu bubiko bwawo kugirango usubizwe ba nyirawo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":24470,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-24469","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24469","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24469"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24469\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24471,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24469\/revisions\/24471"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24470"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24469"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24469"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24469"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}