{"id":24384,"date":"2026-02-24T16:14:30","date_gmt":"2026-02-24T16:14:30","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=24384"},"modified":"2026-02-24T16:18:12","modified_gmt":"2026-02-24T16:18:12","slug":"kuba-col-willy-ngoma-abega-bamurasiye-kurugamba-bya-mbabaje-namukundaga-kandi-nta-muzi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/02\/24\/kuba-col-willy-ngoma-abega-bamurasiye-kurugamba-bya-mbabaje-namukundaga-kandi-nta-muzi\/","title":{"rendered":"Kuba Col.Willy Ngoma abega bamurasiye kurugamba bya mbabaje n&#8217;ubwo tutaziranye!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Col.<span style=\"color: #ff0000;\">Willy Ngoma ashobora kuba yarashwe na RDF <\/span><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Umwaka ushize wa 2025 Col.<span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Willy Ngoma<\/span> yarafunzwe amara igihe atagaragara nyuma yuko bakuyemo Bukavu bayigarurira ikajya mu maboko ya M23. Hamwe na bagenzi ba harimo na LT. Col baje gufungirwa Igoma bazira kuba bataratanze report ya mabuye ya gaciro basahuye byaje kubaviramo gufungwa igihe kigera ku mezi (2) <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">RDF<\/span> na <span style=\"color: #ff00ff; text-decoration: underline;\">AFC<\/span>\/<span style=\"color: #ff00ff; text-decoration: underline;\">M23<\/span> babonye amakuru akomeje gucicikana za nkoranyambaga bahitamo kubarekura kuko hari hatangiye kwinjiramo uruntu runtu rwa <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Masisi<\/span> na <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Rucuro<\/span> bituma abega babonako bishobora gutuma intambara isubira inyuma bahitamo ku barekura<\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyuma yo gufungurwa bakomeje umurimo wabo wa gisirikare cyane yuko hari na gahunda yo kujya gufata Uvira, bituma ba barekura kuko Col.<span style=\"color: #ff0000;\">Willy Ngoma<\/span> n\u2019umwe mu barwanyi bakomeye ba <span style=\"color: #ff0000;\">M23<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ariko ubu bubaye ubwa kabiri bamubika n\u2019umwaka ushize baramubitse ko yapfuye nyuma yaje kuboneka muri Bukavu avuga ko ngo Leta ya Kinshasa bari baramubitse ko yapfuye. Ariko icyo gihe nta bwo byanditse mu binyamakuru by\u2019amahanga usibye ibinyamakuru bya Kinshasa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mu mategeko y\u2019intambara uhereye kuri major-general bemerewe kwibikaho ibyo banyaze mu imirwano. Ikibazo cy\u2019abega urwana bo basahura wanagerageza nawe kugira icyo wibikaho bakaguca igihanga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Tekereza igihugu nka<span style=\"color: #ff0000;\"> DRCongo<\/span> kuba intambara ishobora kurangira uyiguyemo nta na kantu byibuze wabashije guha umuryango wawe. Kuko iyo umaze gupfa nta numwe uba akwitayeho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uyu muco wahindutse ingeso aho <span style=\"color: #ff0000;\">Umwakagara Paul Kagame<\/span> ashora abana b\u2019abanyarwanda mu intambara bakarwana ari we barwanira intambara yarangira iminyago yose agashyira kumufuka we abarwanye intambara bagahira amapeti nk\u2019aho ashyirwa mu gifu!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Col.Willy Ngoma ashobora kuba yarashwe na RDF Umwaka ushize wa 2025 Col.Willy Ngoma yarafunzwe amara igihe atagaragara nyuma yuko bakuyemo Bukavu bayigarurira ikajya mu maboko ya M23. Hamwe na bagenzi ba harimo na LT. Col baje gufungirwa Igoma bazira kuba bataratanze report ya mabuye ya gaciro basahuye byaje kubaviramo gufungwa igihe kigera ku mezi (2)<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":24385,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-24384","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24384","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24384"}],"version-history":[{"count":5,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24384\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24390,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24384\/revisions\/24390"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24385"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24384"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24384"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24384"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}