{"id":24293,"date":"2026-02-19T18:50:53","date_gmt":"2026-02-19T18:50:53","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=24293"},"modified":"2026-02-19T18:52:35","modified_gmt":"2026-02-19T18:52:35","slug":"ubutegetsi-bwa-flex-tshisekedi-bugeze-aharindimuka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/02\/19\/ubutegetsi-bwa-flex-tshisekedi-bugeze-aharindimuka\/","title":{"rendered":"Ubutegetsi bwa Flex Tshisekedi bugeze aharindimuka!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Kuba DRCongo bageze aho batanga ibirombe bya mabuye ya gaciro batagenzura n\u2019ukureba Amerika mu gihorihori. Ikindi n\u2019ukubereka ko bafite ubwenge kurusha abanyaMerica. Nta kuntu watanga ibitari byawe, ikindi ntushobora gutanga umutungo utari mu maboko yawe cyane ko uba utazi amasezerano US yagiranye ninyeshyamba za AFC\/M23 kuko n\u2019ubundi yabahaye ibyo basanzwe bafite. Ibyo bigaragaza ubuswa bukabije cyane ndetse bikagaragaza ko DRCongo nta kizere bafitiye Amerika mubuhuza bwabo Washington na Qatari. Mu gihe Amerika isaba Kinshasa kwemera kuvanga ingabo no gusangira ubutegetsi hagati ya AFC\/M23, ahubwo Kinshasa bo bati reka da! Ahubwo reka tubahe agace kose kagenzurwa na AFC\/M23 muhatware ariko mutwirukanire ziriya nyeshyamba<\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubuyobozi bwa AFC\/M23 bwamaganye Kinshasa yahaye Amerika ikirombe cya Rubaya<strong> itagenzura.<\/strong><\/em><strong><em>Bertrand Bisimwa, Perezida wa M23 akaba n\u2019Umuhuzabikorwa Wungirije wa AFC\/M23,yamaganye Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) ayishinja kugerageza kugurisha ikirombe cya Rubaya mu biganiro n\u2019Amerika kandi kigenzurwa n\u2019uyu mutwe. Ibi yabitangahe nyuma y&#8217;ibyatangajwe mu nkuru ya Reuters ivuga ko iki kirombe cyashyizwe ku rutonde rw\u2019imitungo y\u2019ingenzi RDC ishaka gutanga mu bufatanye bw\u2019impande zombi ku mabuye y\u2019agaciro<\/em><\/strong><em><strong>.<\/strong><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mu butumwa bwe yanyujije kuri X, Bisimwa yavuze ko Kinshasa \u201cirimo kwibeshya ko ifite intwaro ikomeye ishingiye ku mabuye y\u2019agaciro.&#8221; Yashimangiye ko kugurisha ku mugaragaro umutungo itafiteho ububasha ari \u201cigerageza ryo\u00a0kwishakira kubaho.\u201d<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Inkuru ya Reuters igaragaza ko Repubulika ya Demokarasi ya Congo yongeye ikirombe cya coltan cya Rubaya ku rutonde rugufi rw\u2019imitungo iri mu biganiro n\u2019Amerika, mu nama yabereye i Washington DC ku wa 5 Gashyantare (02), hagamijwe guteza imbere amasezerano ku mabuye y\u2019agaciro akenewe cyane ku isoko mpuzamahanga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abategetsi babiri bavuganye na Reuters: umwe wo muri <span style=\"color: #ff0000;\">DRC<\/span> n\u2019umudipolomate wa Amerika, bemeje ayo makuru ariko basaba kutatangazwa amazina kubera uburemere bw\u2019iyo ngingo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iyi dosiye ije mu gihe Amerika ishaka kwagura aho ikura amabuye y\u2019agaciro y\u2019ingenzi, mu rwego rwo kugabanya igitutu cy\u2019ihangana ryayo n\u2019Ubushinwa ku isoko rya Afurika<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>DRC igereranya ko Rubaya ikeneye hagati ya miliyoni 50 na miliyoni 150 z\u2019amadolari kugira ngo ivugururwe\u00a0ibashe no kongera umusaruro.\u00a0<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em> Ibi bikomeje kuba mu gihe impande zombi ziri mu biganiro by&#8217;amahoro ndetse byemeje agahenge ariko impande zombi zishinjanya gukomeza kukarengaho.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em> Ni mu gihe guha Amerika iki kirombe bisa n&#8217;ibigamije gushora iki gihugu gihagarariye amasezerano y&#8217;amahoro mu ntambara, cyane ko Amerika izwi ho kurengera inyungu zayo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Icyakora ibyatangajwe na Bisimwa bigaragaza ko <span style=\"color: #ff0000;\">AFC<\/span>\/<span style=\"color: #ff0000;\">M23<\/span> itemera ko Kinshasa ifite uburenganzira bwo gushyira ikirombe cya Rubaya mu masezerano mpuzamahanga mu gihe iri mu maboko yayo.<\/em><em> \u00a0<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff00ff;\">\u00a0egretnewseditor@gmail.com<\/span>\u00a0<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuba DRCongo bageze aho batanga ibirombe bya mabuye ya gaciro batagenzura n\u2019ukureba Amerika mu gihorihori. Ikindi n\u2019ukubereka ko bafite ubwenge kurusha abanyaMerica. Nta kuntu watanga ibitari byawe, ikindi ntushobora gutanga umutungo utari mu maboko yawe cyane ko uba utazi amasezerano US yagiranye ninyeshyamba za AFC\/M23 kuko n\u2019ubundi yabahaye ibyo basanzwe bafite. Ibyo bigaragaza ubuswa bukabije<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":24294,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-24293","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24293","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24293"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24293\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24296,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24293\/revisions\/24296"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24294"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24293"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24293"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24293"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}