{"id":2412,"date":"2017-06-20T10:14:15","date_gmt":"2017-06-20T10:14:15","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/new\/?p=2412"},"modified":"2017-07-13T07:32:46","modified_gmt":"2017-07-13T07:32:46","slug":"urushya-nubusa-arara-yijuse","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2017\/06\/20\/urushya-nubusa-arara-yijuse\/","title":{"rendered":"Urushya n\u2019ubusa arara yijuse!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\">Nyuma yahoo ikinyoma cya zamaneko zitwikiriyeumutaka wa RPRK,ziharanira gushing ubwami bw\u2019Abega,gitahuriwe,izi ntasi twakwibutsa ko zifite ibirindiro mu murwa mukuru wa kampala-Uganda,aho zagiye zikora ibikorwa by\u2019ubwicanyi bugayitse,bica abanyarwanda bafite igitekerezo cyo gucyura ubwami bw\u2019uRwanda n\u2019Umwami wabo kigeli V Ndahindurwa ubarizwa mubuhungiro imyaka ikaba imaze kurenga mirongo itanu 50 abanyarwanda batagira ubushake bwo gucyura umubyeyi wabo.<\/p>\n<hr id=\"system-readmore\" class=\"mceItemReadMore\" \/>\n<p style=\"text-align: justify;\">Izi ntasi zimaze kubona ko,kazibayeho ikinyoma cyabo cyahuwe na Nyir\u2019Urwanda,nyuma yokubeshya abanyarwanda ko,baharanira guhuka k\u2019Umwami,bakiba abaturage imitungo yabo irimo inka,imyaka,namashillingi,byose tubibariye hamwe bigera kuli million z\u2019amashillingi 72,mu madolar akaba 34000$ y\u2019America.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Amakuru aturuka muri izo magigiri atangwa nabamwe babanyamuryango bakorera muri uwo mutaka wogushinga ubwami bw\u2019Abega,biravugwa yuko bahawe misiyo na leta ya Kigali guhitana Umwami w\u2019uRwanda aho bateguye gutanga milioni imwe $1,000,000 bazaha umuntu wese waba yegereye Umwami w\u2019uRwanda kuburyo bwa hafi maze akamuha utuzi twa COL.Munyuza maze ubwami bw\u2019Abega bukabona uko bwima ingoma nta mbogamizi.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"\/images\/Amaranga3.jpg\" width=\"150\" height=\"132\" \/><\/p>\n<h2 style=\"text-align: justify;\"><span style=\"font-size: 11pt; line-height: 115%;\">Uwo mugambi mubisha tukimara kuwutahura twahise tuwushyira ahagaragara maze ibyari ibanga bihinduka rusange,bitavuze ko,uwo mugambi waburijwemo kuko sataniKAGA Paul\u201d ntajya ananirwa ahora ashaka kugira nabi kuko nibyo biba muri gahunda iminsi yose.<\/span><\/h2>\n<p><span style=\"font-size: 11pt; line-height: 115%;\">\u00a0<\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nyuma yogukoresha ifoto ya Nyir\u2019Urwanda bayicuruza,bakibonera akayabo kayo madollar,nyuma y\u2019umwaka n\u2019igice birenga bahamagaye Umwami w\u2019Urwanda bamusaba ko bamwoherereza inkunga yatanzwe n\u2019umwe mubanyamuryango wabo ushaka gushyigikira igikorwa cyo gucyura Umwami w\u2019Urwanda,iyo nkunga ikaba yaranganaga namadollar y\u2019America $16 uyashyize mu magade agera nko kubihumbi\u00a0 40000 cyangwa 50000 Ush.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Bitewe ni uko Umwami yabatahuye akabihorera bo,bakibwira ko,atabazi,yababwiye ko,iyo nkunga bayisubiza uwayitanze kuko igihe cyo gucyenera inkunga kitaragera nikigera azababwira,ubwo ngo bagirango bamutege umutego wo kwakira amafaranga bityo bategure document yo kumushinja ko ari mubategura guhungabanya umutekano w\u2019igihugu cy\u2019Urwanda,amakuru avuga ko,bari bateguye n\u2019ibyuma bifata amajwi kugirango bizabe ikimenyetso murukiko rwa Kigali aho bari gucira urubanza Umwami w\u2019Urwanda adahari nk\u2019umwe mubashinzwe gushing imitwe y\u2019iterabwoba.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ariko se udatekereza nta nubwo yagereranya?mu byukuri barabona Umwami w\u2019uRwanda yabura 16$ kuburyo yakwasamira ubusa?burya koko inda ndende ntabwo ijya itekereza,nyuma yibyo nk\u2019uko umwe mubagize komite nyobozi ya zamaneko za RPRK abivuga,ngo imikorere yabo yahise ihagarara kubera ngo Umwami w\u2019Urwanda yarabihanije ko batazongera kumuhamagara bamubwira ubusa.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ubu rero ibikorwa byabo bakoreraga kuri radio inyabutatu.com ,bamaze kubyimurira ku kinyamakuru ikazeiwacu.fr ,aho bashinzwe guteranya abanyarwanda bandika inyandiko zishishikariza amoko y\u2019Abahutu n\u2019Abatutsi gutandukana kugirago barebe ko bamara kabiri k\u2019ubutegetsi bw\u2019ikinyoma kimaze gushing imizi mu mitima yabo,tutabagiwe namaraso yabanyarwanda barenga million zitazwi umubare arabague mu gihugu cyangwa mu mashyamba ya Congo \u2013kinshasa,izi ntasi zikaba zimaze no kwiha kujya zitanga ibiganiro ku maradio yashinzwe nabatavuga umwe nabo,no kwandika inyandika ku mbuga za internet cyane kuri face book zigaragaza ko barwanya leta ya Kigali nyamara barashaka gutera ibuye ngo barebe ikivumbukamo.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><a href=\"mailto:inyangenewseditor@gmail.com\">inyangenewseditor@gmail.com<\/a><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma yahoo ikinyoma cya zamaneko zitwikiriyeumutaka wa RPRK,ziharanira gushing ubwami bw\u2019Abega,gitahuriwe,izi ntasi twakwibutsa ko zifite ibirindiro mu murwa mukuru wa kampala-Uganda,aho zagiye zikora ibikorwa by\u2019ubwicanyi bugayitse,bica abanyarwanda bafite igitekerezo cyo gucyura ubwami bw\u2019uRwanda n\u2019Umwami wabo kigeli V Ndahindurwa ubarizwa mubuhungiro imyaka ikaba imaze kurenga mirongo itanu 50 abanyarwanda batagira ubushake bwo gucyura umubyeyi wabo. Izi<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":4162,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[1],"tags":[],"class_list":["post-2412","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-uncategorized"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2412","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2412"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2412\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":4391,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2412\/revisions\/4391"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/4162"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2412"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2412"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2412"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}