{"id":2404,"date":"2017-06-20T10:12:53","date_gmt":"2017-06-20T10:12:53","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/new\/?p=2404"},"modified":"2017-07-13T07:33:41","modified_gmt":"2017-07-13T07:33:41","slug":"urubyiruko-rwabarundi-rugiye-guhura-nakaga-ako-urubyiruko-rwo-mu-rwanda-bahuye-nako","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2017\/06\/20\/urubyiruko-rwabarundi-rugiye-guhura-nakaga-ako-urubyiruko-rwo-mu-rwanda-bahuye-nako\/","title":{"rendered":"Urubyiruko rw&#8217;Abarundi rugiye guhura nakaga ako urubyiruko rwo mu Rwanda bahuye nako."},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\">\n<p style=\"text-align: justify;\"><b><i>Kuwa 14<sup>th<\/sup> Kamena 2014<\/i><\/b>,Uwiteka Imana yavuganye nanjye maze ambwira yuko nkwiye gutegura igitabo cy\u2019Ubuhanuzi,kugirango igihe kiri imbere kizabashe gufasha abantu benshi bazaba bagikeneye.<\/p>\n<hr id=\"system-readmore\" class=\"mceItemReadMore\" \/>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><b><i>Kuwa 17<sup>th<\/sup> Kamena 2014,<\/i><\/b> nahawe ijambo ryitwa imbaraga z\u2019umuzuko mbirwa yuko,imbaraga z\u2019umuzuko zonyine nizo zishobora gusenya imbaraga zabadaimoni hamwe n\u2019imbaraga zikoreshwa muburyo bw\u2019umwijima kwangiza abantu b\u2019Imana.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Urubyiruko rw&#8217;Abarundi rugiye guhura n&#8217;ikibazo gikomeye cyane nkuko urubyiruko rwo mu Rwanda rwahuye n&#8217;ikibazo uko niko bigiye kugendekera Abarundi aho bagiye guhura nakaga gakomeye ibyago namakuba,ariko abazahagarara\u00a0 muruhande rw&#8217;Uwiteka bazarindwa.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Imbaraga z\u2019umuzuko zonyine nizo zifite ubushobozi bwoguhagarika ibikorwa by\u2019abadamoni bikorerwa mu isi y\u2019umwuka,umuntu utazi zifite ntasobora gusenya imbaraga z\u2019ikirenga z\u2019abadaimoni zisenya ubwami bw\u2019Imana.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Najyanywe mu isi y\u2019umwuka,maze ndapfa ndongera ndazuka,mbona banshyize mu mva nyivamo mbasaba ko banshyira muyindi,igihe maze kubabwira mbona batinye kongera kunsubizamo,maze ndabwira ngo urupfu rwo muri gakondo urarukize,kandi uhawe imbaraga z\u2019umuzuko zo gusenya imikorere yose yabadaimoni bakorera mu isi y\u2019abazima ibyo byabaye hagati ya saa 14-16 z\u2019amanywa.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Kuri uwo munsi ndongera nsubizwa mu iyerekwa hagati ya saa 08:h00 na saa 10:h00 z\u2019ijoro nerekwa mperereye ku kacyiru,nerekwa ndi mu nzu y\u2019umusaza witwa Rwanda yarafite abana (2);b\u2019abahungu, yararwaye yenda kwitaba Imana,maze mbona afashe mu ntoki umutaka wanditseho Urwagasabo,yifuza kuwusigira abahungu be,maze mbona umuhanuzi mukuru aratungutse yibwira ko ar\u2019umwe mubahungu be maze amuha wa mutaka amuha umurage ahita yitaba Imana abahungu be bataraza ngo bahabwe umurage.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"text-decoration: underline;\"><em>Amasaka areze agiye gusarurwa.<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" style=\"float: left;\" src=\"\/images\/Amasaka.jpeg\" width=\"150\" height=\"150\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><b><i>Kuwa 19<sup>th<\/sup> 06, 2014<\/i><\/b> nerekwa perezida Kagame yateranije ingabo ngo zijye gusarura amasaka yamahundo yaramaze kwera mu gihe cy\u2019iki,ariko mbona umukuru w\u2019ingabo Gen.Nyamvumba Patrick atinze kuza kuri foleni maze kagame agirwa inama yo kumwirukana ariko mbona aramutinye ahubwo avuga yuko azamuhamagara murugo bakaganirira murugo icyabimuteye kumusugura.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Mbona hepfo ye,hari abanyamasengesho bayobowe na Munyaneza Emmanuel barimo gusengera igihugu,ariko basengaga bambaye ubusa bisobanura gukorwa n\u2019isoni kandi ko amasengesho yabo Imana idashobora kuyumva habe nagato.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"text-decoration: underline;\"><em>Abahutu bishimuye ipfa rya Kagame.<\/em><\/span><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" style=\"float: left;\" src=\"\/images\/Hutus.jpeg\" width=\"150\" height=\"150\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><b><i>20<sup>th<\/sup> .06.2014<\/i><\/b> <b><i><span style=\"text-decoration: underline;\">nerekwa abanyarwanda bo mu bwoko bw\u2019abahutu banejejwe ni uko perezida w\u2019Urwanda apfuye urupfu nk\u2019urwaperezida Habyarimana wahoze ayobora Urwanda<\/span>,<\/i><\/b>mbona kagame ageze ikuzimu yakiriwe na Habyarimana amwakiriza igikoma gifite isukari nyinshi cyane,maze mbona kagame afite ikimwaro n\u2019ubwigunge bwokuba mu isi y\u2019umwijima.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuwa 14th Kamena 2014,Uwiteka Imana yavuganye nanjye maze ambwira yuko nkwiye gutegura igitabo cy\u2019Ubuhanuzi,kugirango igihe kiri imbere kizabashe gufasha abantu benshi bazaba bagikeneye. &nbsp; Kuwa 17th Kamena 2014, nahawe ijambo ryitwa imbaraga z\u2019umuzuko mbirwa yuko,imbaraga z\u2019umuzuko zonyine nizo zishobora gusenya imbaraga zabadaimoni hamwe n\u2019imbaraga zikoreshwa muburyo bw\u2019umwijima kwangiza abantu b\u2019Imana. Urubyiruko rw&#8217;Abarundi rugiye guhura n&#8217;ikibazo<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":4166,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[1],"tags":[],"class_list":["post-2404","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-uncategorized"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2404","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2404"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2404\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":4393,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2404\/revisions\/4393"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/4166"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2404"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2404"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2404"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}