{"id":24018,"date":"2026-01-30T22:48:11","date_gmt":"2026-01-30T22:48:11","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=24018"},"modified":"2026-01-30T22:48:11","modified_gmt":"2026-01-30T22:48:11","slug":"itangazo-ryuhoraho-uwiteka-imana-nyiringabo-rigenewe-ingoma-yabega","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/01\/30\/itangazo-ryuhoraho-uwiteka-imana-nyiringabo-rigenewe-ingoma-yabega\/","title":{"rendered":"Itangazo ry&#8217;Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rigenewe ingoma y&#8217;abega!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aravuze ngo, niba abega badakoze vuba ibyo abategeka, izi nizo ingaruka zigiye kubageraho bakwiye kwitegurira kwinjiramo mu gihe gitoya kandi kigufiya cyane<\/span>. <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Uwiteka Imana Nyiringabo ategetse ko itangazo ryatangajwe n\u2019Umwami Kigeli Ndoli akaba n\u2019umucamanza uca imanza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyirngabo Majeshi Leon Ainesha ko rigomba gushyirwa mu bikorwa vuba byihuse bitaba ibyo; Uwiteka Imana Nyiringabo akabateza umwuzure<\/span> (<span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">flood<\/span>)<\/span>.<\/em><\/p>\n<p><em><!--more--><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Uwo mwuzure uratangirira mu nzu y\u2019abashingwe, mu nzu y\u2019abega, mu nzu y\u2019abashambo, kandi uzaba uwigihe gitoya cyane kandi uzasiga ushyenye byinshi kuruta uko bari gushyira mu bikorwa itangazo ryatanzwe n\u2019Umwami Kigeli Ndoli<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Nyuma y\u2019umwuzure, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azabateza ibirunga bidasanzwe (Volcano Silence Killer). Ibyo birunga bizaza bije kumaraho burundu inzu y\u2019abega, abashambo, abashingwe, Abakono, n\u2019abasinga, dushingiye kumakuru atangwa nijuru<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze ko amaze igihe kinini avugana namwe ababwira ibyo mukwiye gutunganya kugirango yimike ubwami bwe muri gakondo ya bakiranutsi ngo ariko mwarabyanze. Kubera iyo iyo impamvu na we agiye gukoresha ingufu z\u2019umurengera kugirango mubashe gushyira mu bikorwa ibyo yifuza, nimuraka mutabikoze abahitane<\/span>.\u00a0<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Uhorahora Uwiteka Imana Nyiringabo<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff00ff;\">egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/span><\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aravuze ngo, niba abega badakoze vuba ibyo abategeka, izi nizo ingaruka zigiye kubageraho bakwiye kwitegurira kwinjiramo mu gihe gitoya kandi kigufiya cyane. Uwiteka Imana Nyiringabo ategetse ko itangazo ryatangajwe n\u2019Umwami Kigeli Ndoli akaba n\u2019umucamanza uca imanza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyirngabo Majeshi Leon Ainesha ko rigomba gushyirwa mu bikorwa vuba byihuse<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":24019,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-24018","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24018","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24018"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24018\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24020,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24018\/revisions\/24020"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24019"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24018"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24018"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24018"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}