{"id":24012,"date":"2026-01-30T21:25:09","date_gmt":"2026-01-30T21:25:09","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=24012"},"modified":"2026-01-30T21:29:10","modified_gmt":"2026-01-30T21:29:10","slug":"itangazo-rigenewe-leta-yurwanda-iyobowe-na-rpf-paul-kagame","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/01\/30\/itangazo-rigenewe-leta-yurwanda-iyobowe-na-rpf-paul-kagame\/","title":{"rendered":"Itangazo rigenewe Leta y&#8217;uRwanda iyobowe na RPF-Paul Kagame"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline; color: #3366ff;\">Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru biratangaza ko ingoma y\u2019abega bifuza ibiganiro n\u2019Umwami Kigeli Ndoli Majeshi Leon Ainesha. Ariko kugirango ibyo biganiro abyemere ni uko abega babanza gukora cyangwa kubahiriza ingingo zikubiye mu iri tangazo<\/span>: <span style=\"text-decoration: underline;\"><span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">Ubuhanuzi bukomeje gutanga impuruza buvuga ko ngo abega bamerewe nabi cyane ni manza zitabera, ndetse bukomeza buvuga ko ngo noneho bazigurutse ngo barifuza ibiganiro hagati y&#8217;Umwami Kigeli Ndoli n&#8217;ingoma yabo. Ni muri urwo rwego twahisemo umwanzuro wo kubereka ibyo twifuza niba bakeneye ko tugirana ibiganiro<\/span><\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em><u>Ingingo ya<\/u><\/em><\/strong><em> (i): abega basabwa kubaza gufungura imfungwa zose nta mananiza, zaba izakoze genocide yakorewe ubwoko bw\u2019Abatutsi, ni bindi byaha bifitanye isano n\u2019ubwicanyi, ndetse ni bindi byaha bisanzwe kuko izo mfungwa zamaze gucirwaho iteka rya burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em><u>Ingingo ya<\/u><\/em><\/strong><em> (ii): Abega basabwa kwishyura milliyoni <\/em><em>\u20ac<\/em><em><span style=\"color: #3366ff;\"> 750<\/span> nkuko bikubiye mu Buhanuzi bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yatangaje hashize imyaka myinshi ariko batereye agati muryinyo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em><u>Ingingo ya<\/u><\/em><\/strong><em> (iii): Abega barasabwa guhagarika ibitero byabo bijyanye na <span style=\"color: #ff0000;\">hacking<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">tracking<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">and<\/span> <span style=\"color: #ff0000;\">tracing<\/span>, k\u2019<span style=\"color: #3366ff;\">Umwami Kigeli Ndoli<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em><u>Ingingo ya<\/u><\/em><\/strong><em> (iv): Ibiganiro byose bizabera muri Leta zunz\u2019ubumwe z\u2019America (<span style=\"color: #3366ff;\">US<\/span>) nkuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabitegetse.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em><u>Ingingo ya<\/u><\/em><\/strong><em> (v): Dr. <u><span style=\"color: #3366ff;\">Christopher Kayumba<\/span> ni we uzahagararira Umwami Kigeli Ndoli mu gutegura imishyikirano kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo niko yabitegetse. Kandi abega basabwa kumurindira umutekano bihagije naramuka agize icyabo bizagira ingaruka zikomeye cyane<\/u>!!!<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em><u>Ingingo ya<\/u><\/em><\/strong><em> (vi): Abega basabwa kwirinda gutoteza abatavuga rumwe n\u2019ingoma yabo, kuko itegeko nshinga ritanga uburenganzira bwo kwisanzura no gutanga ibitekerezo kubijyanye nimiyoborere y\u2019igihugu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><strong><em><u>Ingingo ya<\/u><\/em><\/strong><em> (vii): <u>Abega basabwa kwirinda gusaba ko bazashyirwa mu nama y\u2019Abiru y\u2019ibwami (<span style=\"color: #3366ff;\">Royal Cabinet House<\/span>). Kuko ibyo bizagenwa n\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo wenyine<\/u>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru biratangaza ko ingoma y\u2019abega bifuza ibiganiro n\u2019Umwami Kigeli Ndoli Majeshi Leon Ainesha. Ariko kugirango ibyo biganiro abyemere ni uko abega babanza gukora cyangwa kubahiriza ingingo zikubiye mu iri tangazo: Ubuhanuzi bukomeje gutanga impuruza buvuga ko ngo abega bamerewe nabi cyane ni manza zitabera, ndetse bukomeza buvuga ko ngo noneho bazigurutse<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":24013,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-24012","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24012","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24012"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24012\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24017,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24012\/revisions\/24017"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24013"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24012"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24012"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24012"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}