{"id":23925,"date":"2026-01-26T13:53:46","date_gmt":"2026-01-26T13:53:46","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=23925"},"modified":"2026-01-26T13:53:46","modified_gmt":"2026-01-26T13:53:46","slug":"biragaragara-ko-abega-hari-icyo-bizeye-kuba-baremeye-ko-bafatanya-na-m23-kurwana-urugamba-muri-drcongo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/01\/26\/biragaragara-ko-abega-hari-icyo-bizeye-kuba-baremeye-ko-bafatanya-na-m23-kurwana-urugamba-muri-drcongo\/","title":{"rendered":"Biragaragara ko abega hari icyo bizeye kuba baremeye ko bafatanya na M23 kurwana urugamba muri DRCongo"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Kuba uRwanda rwaremeye kumugaragaro ko bafite ingabo muri <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">DRCongo<\/span>, kandi ko bakorana n\u2019ingabo za <span style=\"color: #ff00ff; text-decoration: underline;\">M23<\/span> mu bijyanye n\u2019umutekano, bigaragaza ikizere uRwanda rwifitiye kandi nta bwo bapfuye kubivuga gusa kuko mbere yuko babivuga hari Habanje kumvikana impuruza ya <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Russia<\/span> basabaga ko nabo bashyirwa mu bahuza y\u2019ibiganiro by\u2019amahoro, na nyuma yaho hagaragaye icyintu komeze nk\u2019aho <span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">USA<\/span> ishaka gushyiraho iherezo ry \u2019iyo ntambara aho umudepite w\u2019America yasabye Leta ya <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">DRCongo<\/span> iyobowe na <span style=\"color: #ff0000; text-decoration: underline;\">Flex Tshisekedi<\/span> ko <span style=\"color: #3366ff; text-decoration: underline;\">M23<\/span> yashyirwa mu nzego z\u2019umutekano<\/span>.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Abatangaza amakuru bakorera kuri za channel za YOUTUBE benshi mu batavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bwa Kigali babisamiye hejuru bavuga ko uRwanda rwishyize hanze ndetse rushobora kuba rugiye kujya mukaga. Ariko birumvikana neza ko baba bashaka views kugirango babone icyo bashyira mu mufuka wabo akenshi batangaza amakuru anyuranye cyane bashakisha inkuru zikurura amaranga mutima ngo babone abantu benshi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iryo tangazo nta bwo ryapfuye gusohoka gusa, kuko na mbere yuko risohoka habayeho gusinya amasezerano I Washington DC hagati y\u2019uRwanda na DRC kubakuru b\u2019ibihugu byombi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Kubigaragara neza intambara zirimo kubera mu bihugu bitandukanye bijyanye na mateka yibyo bihugu, cyangwa se amateka y\u2019intambara ya mbere y\u2019isi yose ndetse ni ya kabili. Uko izo ntambara zagiye zirwanwa mu buryo butandukanye, ariko cyane ubu hakaba harimo kugaragara icyintu gisa no gushaka kwigaranzura USA kuba ariyo iyoboye isi kugeza magingo aya.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Byumvikana neza yuko batazapfa koroha ngo bayikure kumwanya wa mbere iriho, kuko isi ishobora kuzahura na kaga gakomeye cyane ndetse katigeze kubaho kuva isi yaremwa.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mukwezi gutaha kwa February 4<sup>th<\/sup> Flex Tshisekedi yatumijwe muri white house dushingiye amakuru twabonye ariko tudashobora kwemeza ko yaba ar\u2019ukuri. Ariko bibaye ari byo byaba bisobanura yuko agiye guhabwa gasopo ko byanze bikunze agomba kwemera gushyira M23 muri Leta ye.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Amakuru avuga ko akimara guhabwa ubwo butumire ngo yahise yiruka yerekeza muri France ajya kubwira Emmanuel Macro uko gahunda zimeze bisa nk\u2019aho yaragiye kumugisha inama uko azabyifatamo.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline; color: #ff0000;\">Ariko ukomye urusyo akwiye no gukoma ingasire, byari bikwiriye ko na Kaguta Yoweri Museveni America imufatira ibihano bikarishye cyane Byanashoboka bakaba baza kumutwara kuko twabonye ko bishoboka ko abaperezida bashobora gufatwa bagatwarwa muri America bagafungirwayo ya immunity yabo ubanza yarakuweho ni manza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline;\">Kuba Flex Tshisekedi yarakomeje gutakambira America ayibwira yuko bitari bikwiye ko Uvira ifatwa mu gihe abakuru b\u2019uRwanda na DRCongo bombi bari mu biganiro I Washington DC. Byatumye USA isaba M23 kuva Uvira isubira inyuma, ariko na none kurundi ruhande na we bahise bamusaba ko ashyira izo nyashyemba muri Leta ye kuko nazo zigaragaza ubushake bw\u2019amahoro mukarere kibiyaga bigari<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Igihe Tshisekedi azemera kuvanga ingabo ibye bizaba birangiye kuko icyo America ishaka ari ukugenzura gahunda zose zikorwa na Russia hamwe na China muri DRCongo cyane ibijyanye na mabuye ya gaciro ndetse na gahunda zijyanye n\u2019umtekano. Kuko izo ngingo ebyeri ziri muri bimwe birebwa muri gahunda y\u2019intambara ya gatatu y\u2019isi yose. Byumvikana ko udashobora kurwana intambara udafite cash, kandi nta bwo warwana intambara udakontorola agace kose gashobora kubera intambara cyane iyo umwanzi ashobora gukoresha ibyo byombi kugirango abashe kunesha urugamba.<br \/>\n<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com<\/em>\u00a0<\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuba uRwanda rwaremeye kumugaragaro ko bafite ingabo muri DRCongo, kandi ko bakorana n\u2019ingabo za M23 mu bijyanye n\u2019umutekano, bigaragaza ikizere uRwanda rwifitiye kandi nta bwo bapfuye kubivuga gusa kuko mbere yuko babivuga hari Habanje kumvikana impuruza ya Russia basabaga ko nabo bashyirwa mu bahuza y\u2019ibiganiro by\u2019amahoro, na nyuma yaho hagaragaye icyintu komeze nk\u2019aho USA ishaka<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":23926,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-23925","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23925","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=23925"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23925\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":23927,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23925\/revisions\/23927"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23926"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=23925"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=23925"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=23925"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}