{"id":2382,"date":"2017-06-20T10:04:53","date_gmt":"2017-06-20T10:04:53","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/new\/?p=2382"},"modified":"2017-07-13T07:38:20","modified_gmt":"2017-07-13T07:38:20","slug":"umwuka-wuwiteka-uzabatera-usubiranamo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2017\/06\/20\/umwuka-wuwiteka-uzabatera-usubiranamo\/","title":{"rendered":"Umwuka w\u2019Uwiteka uzabatera usubiranamo."},"content":{"rendered":"<p>Umwuka w\u2019Uwiteka uzabatera usubiranamo.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nk\u2019uko mubuhanuzi igice cya mbere kugeza ku cya gatatu 1-3 havuga yuko Uwiteka Imana yo mu ijuru azamanura umwuka wokutumvikana hagati yabicaye ku ntebe ya leta ya FPR,ibi rero bikaba bikomeje gusohora buhoro buhoro,ariko noneho ubanza bitangiye kwihuta kubera ko,igihe kigeze ngo ibyavuzwe nabahanuzi bisohore.<\/p>\n<hr id=\"system-readmore\" class=\"mceItemReadMore\" \/>\n<p style=\"text-align: justify;\">Nk\u2019uko mubuhanuzi igice cya mbere kugeza ku cya gatatu 1-3 havuga yuko Uwiteka Imana yo<br \/>\nmu ijuru azamanura umwuka wokutumvikana hagati yabicaye ku ntebe ya leta ya FPR,ibi rero bikaba bikomeje gusohora buhoro buhoro,ariko noneho ubanza bitangiye kwihuta kubera ko,igihe kigeze ngo ibyavuzwe nabahanuzi bisohore.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><img decoding=\"async\" src=\"\/images\/David.jpg\" alt=\"\" align=\"left\" \/><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Gen.Rusagara amaze gutabwa muriyombi,hakurikiyeho David Kabuye wabaye umuyobozi w\u2019ikinyamakuru cya \u2018<b>The new times\u2019<\/b>uyu mu CPT.David gushwana na FPR,byatangiye mbere s\u2019ibya none,akimara kugirwa umuyobozi w\u2019ikinyamakuru cya leta ya FPR,yatanze isoko ryo gukora ibijyanye n\u2019ikoranabuhanga mu biro bya The new times (LAN) Local Area Networking iryo soko yarihaye umugabo w\u2019umunyaKenya witwa Paul warongoye murumuna wa Rossette Rugambwa witwa Denis \u00a0wakoraga muri Serena Hotel nka HR human resource akaba yarahuriye na Paul umunyaKenya muri UK.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Uyu Paul bivugwa ko company ye yitwa Cristal Company ikaba yitirirwa amazina y\u2019umwana wabo w\u2019imfura witwa Cristal.Iryo soko ubundi ryagombaga guhabwa ibikomerezwa bya FPR,amakuru avuga yuko CPT.Kabuye David yirengagije nkana imikorere ya FPR,atanga isoko rya miriyoni mirongo 50 z\u2019amanyarwanda aho nawe yakuyemo icya cumi cye.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Sibyo gusa muri zimwe mu mpamvu zikomeye twageregeje gushaka zigaragaza impamvu nyamukuru yo kutumvikana kwabanyagatsiko kishyize kubutegetsi batabikwiriye,andi makuru avuga yuko ubwo umukuru w\u2019igihugu yteguraga urugendo rwo kujya mu gihugu cy\u2019Ubudage,yabwiwe yuko naramuka azanye umwe mu bantu bari kuri mandant zasohoye na n\u2019umucamanza w\u2019umufaransa Brugeri ko bashobora gutabwa muriyombi.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Amakuru akomeza avuga ko,umukuru w\u2019Abakagara yagishije inama mu gihugu cy\u2019Abongereza icyo bari bafitanye umubano mwiza n\u2019Urwanda kuko bashakaga ko,urwanda rwinjira muri common wealth kuko rwari rufite imbaraga ibihugu byinshi by\u2019Africa byari bitara tahura ikinyoma cya FPR,bityo uRwanda barufataga nk\u2019igihugu kibasha kuvuganira abanyafurika kuko icyo gihe kagame yari yikomye abazungu cyane kandi akabasha kuvugira africa muri rusange.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Ubwongereza bwamugiriye inama yuko,akwiye kujyana Rose Kabuye agafatwa,bityo hakamenyekana ibirego uRwanda rurengwa ku ihanurwa ry\u2019indege y\u2019uwahoze ayobora uRwanda Habyarimana.Rose yaragiye arafatwa Abadage bayoborwa ibyari byo cyane ko,bari baburiye kagame ko,naramuka azanye umwe mubakekwaho umugambi woguhanura Habyarimana ko,azafatwa,bahise bamuta muriyombi akigera mu gihugu cy\u2019ubudage.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Yajyanywe mu gihugu cy\u2019Ubufaransa uRwanda rukora imyigaragambyo itari mike,amakuru avuga yuko Col.Rose Kabuye ageze mu gihugu cy\u2019Ubufaransa yeretswe film y\u2019ukuntu bahanuye indege ya Habyarimana abura icyo avuga,biba ngombwa ko,amena amabanga yose kuko yabonaga ntacyo akwiye guhisha kuko byose byagiye kumugaragaro.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Yaje kurekurwa agarutse ikigali agirango yibire shebuja ibanga ry\u2019ibyo yabonye,bituma shebuja amukuraho amabuko kubera nawe yarafite uburyo akorana n\u2019inzego z\u2019ubutasi za Musadi urwego rw\u2019ubutasi bwo muri Israel,aya makuru ya Rose bayamuhaye babinyujije kuri perezida Sarkozy wayoboraga icyo gihe akaba nawe arumuyahudi wavukiye mu gihugu Spain aza gukurwa muri icyo gihugu inzego zubutasi za Israel zimaze kwirenza papa we umubyara kuko bashakaga umwana utazwi bazajyana mu gihugu cy\u2019ubufaransa kugirango azabe umukuru w\u2019igihugu bazabashe kumenya amabanga y\u2019Ubufaransa n\u2019ubufatanye bagiranye n\u2019Ubudage mu ntambara y\u2019Abanazi.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Iki cyabaye itego\u00a0 Abafaransa bahise batsinda Kagame bamenya ibyo btagombaga kumenye niyompamvu baca umugani ngo Inagabo y\u2019ingore iragushora,ntigukura!Bivuga ngo umugore yagushyira mukibazo ariko ntabashe kucyigukuramo,ngiyo intangiriro nyamukuru yatandukanije abari bahujwe no kumena amaraso.Uhereye icyo gihe Rose Kabuye na David umutware we bahise bongera kwiyunga dore bari bamaze igihe badacana uwaka bongera kuba umugore n\u2019umugabo.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Kugeza magingo aya,ntibizwi aho Rose aherereye,cyakora arahari nubwo atagaragara kuko aramutswe yarapfuye nk\u2019uko yishe abandi,byari kuba byaramenyekanye kuko nuwendeye nyina mu nyenga yaramenyekanye.Kuba agatsiko rero kiyemeje kumarira ku icumu abanyiginya s\u2019ibyanone kuko abanyiginya iyo babimenya kare bari kurebera kuri Gisa Fred Rwigema bari kumenya neza icyo ingoma y\u2019Abega ihatse niba ari mweru cyangwa niba ari muhima.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">Reka abamennye amaraso nabo ayabo ameneke bumve uko bemera kuko nta mwana n\u2019ikinono,barebye akamanyu kumutsima none birangiye bakambuwe,reka twiringire yuko ibi byose birimo kuba aribihano by\u2019Uwiteka kuko amaraso bamennye aracyarira asaba guhorerwa!.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\">\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwuka w\u2019Uwiteka uzabatera usubiranamo. &nbsp; Nk\u2019uko mubuhanuzi igice cya mbere kugeza ku cya gatatu 1-3 havuga yuko Uwiteka Imana yo mu ijuru azamanura umwuka wokutumvikana hagati yabicaye ku ntebe ya leta ya FPR,ibi rero bikaba bikomeje gusohora buhoro buhoro,ariko noneho ubanza bitangiye kwihuta kubera ko,igihe kigeze ngo ibyavuzwe nabahanuzi bisohore. Nk\u2019uko mubuhanuzi igice cya mbere<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":4181,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[1],"tags":[],"class_list":["post-2382","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-uncategorized"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2382","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2382"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2382\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":4399,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2382\/revisions\/4399"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/4181"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2382"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2382"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2382"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}