{"id":23811,"date":"2026-01-18T06:13:13","date_gmt":"2026-01-18T06:13:13","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=23811"},"modified":"2026-01-19T01:08:02","modified_gmt":"2026-01-19T01:08:02","slug":"nta-gushidikanya-isi-yatangiye-kunyeganyezwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/01\/18\/nta-gushidikanya-isi-yatangiye-kunyeganyezwa\/","title":{"rendered":"Nta gushidikanya isi yatangiye kunyeganyezwa!!!"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Igihugu cya <span style=\"color: #ff0000;\">CANADA<\/span> cya maze kugirana amasezerano y\u2019ubucuruzi n\u2019igihugu cya China ku buryo bweruye, ibintu bya babaje Leta zunze ubumwe za America, aho <span style=\"color: #ff0000;\">Donald Trump<\/span> yavuze ko ubwo bufatanye butazabura kugira ingaruka zikomeye cyane. Ibyo bibaye nyuma yuko umwaka ushize wa <span style=\"color: #ff0000;\">2025<\/span> US and <span style=\"color: #ff0000;\">Donald Trump<\/span> <span style=\"color: #ff0000;\">administration<\/span> bashyizeho ibiciro bishya (<span style=\"color: #3366ff;\">new tariff<\/span>) by \u2019imisoro kuri <span style=\"color: #ff0000;\">CANADA<\/span> bituma umubano w\u2019ibihugu byombi uhungabana.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Igihugu cya <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> nacyo cya kuriyeho imisoro umugabane w\u2019Africa ibihugu (54) ko bazajya bajyana ibicuruzwa byabo muri <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> ku buntu. Iyi ntambara y\u2019ubukungu ishobora kuza kuvamo intambara yeruye ya lll y\u2019isi yose.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Umuyobozi mukuru w\u2019African Union <\/em><strong><em>H.E. Mahmoud Ali Youssouf<\/em><\/strong> <em>Yashimye cyane igihugu cya <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> kuba cyemeye kwitanga kubakuriraho umusoro ku bicuruzwa bizajya bijyanwa muri <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span>. \u00a0Iki gishobora kuba ari ikigeragezo cyiza <span style=\"color: #3366ff;\">America<\/span> yashyizeho kugirango barebe ibihugu byifuza gukorana na <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> cyangwa bashyigikiye igihugu cya <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> mbere yuko bafata ingamba zo gutangiza intambara mu buryo bweruye mu isi yabazima.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Aha ngaha umuntu akaba ya kwibaza ati, ese hari igihugu kizemera gutwara ibicuruzwa muri America kigahomba bizwi neza ko nta nyungu bazabonamo ngo ni uko America ikomeye? Cyane ko bimwe mu bihugu bigera kuri (<span style=\"color: #ff0000;\">75<\/span>) bya maze kwamburwa <span style=\"color: #ff0000;\">visas<\/span> yo kujya muri America. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ndetse bimwe na bimwe abaturage ba byo bakaba bamaze kwamburwa ubwenegihugu bwa <span style=\"color: #ff0000;\">USA<\/span> bari bafite. Harimo gutegurwa irindi tegeko ribuza abantu batuye muri <span style=\"color: #3366ff;\">America<\/span> bafite ubwene gihugu bubili (<span style=\"color: #ff0000;\">dual citizenship<\/span>) <span style=\"text-decoration: underline;\">muri iri tegeko bavuga ko abafite ubwene gihugu bubili bazahitamo niba bagumana ubwene gihugu bwabo, cyangwa niba bahitamo ubwene gihugu bw\u2019America<\/span>. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ahangaha abantu bazaba bagurishijwe bibagiwe iwabo badashobora no kuba bahagira uruhare mu guteza igihugu cyawe imbere bivuga ngo niba wa gombaga kubaka iwanyu, numara guhabwa ubwene gihugu bizaba ngo mbwa ko wubaka muri <span style=\"color: #3366ff;\">America<\/span>, n&#8217;uramuka wubatse iwanyu nka <span style=\"color: #3366ff;\">investment<\/span> bizafatwa nk&#8217;umutungo w&#8217;<span style=\"color: #ff0000;\">America<\/span> kuko uzaba ufite ubwene gihugu bw&#8217;America. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"text-decoration: underline; color: #3366ff;\">Aba bantu ni abahanga cyane<\/span>.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iri tegeko niriramuka ryemejwe n\u2019intekoshinga mategeko, abazahitamo kuba abanya Merica, bazaba baguye mu mutego wo kutemererwa kongera kujya bohereza ama dollar boherezaga iwabo buri kwezi cyangwa buri mwaka. Iritegeko rizafasha <span style=\"color: #ff0000;\">Donald Trump administration<\/span> kutazajyanwa mu nkiko mu gihe azaba afashe icyemezo cyo kwirukana abari bafite ubwene gihugu bw\u2019America.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ikibazo cya <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> amashillingi yabo ari hasi cyane nta n\u2019ubwo agera kuri kimwe cya 1<\/em><em>\u00bd cy\u2019amadollar kuko <span style=\"color: #ff0000;\">YUAN<\/span> rimwe rya <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> rivunja <\/em><span style=\"color: #ff0000;\"><em>18.52<\/em><\/span><em><span style=\"color: #ff0000;\">\u00a0Kenyan Shilling<span style=\"color: #000000;\">,<\/span><\/span> ama dollar y\u2019America cyangwa nibura aya Canada. Ujyanye ibicuruzwa muri <span style=\"color: #ff0000;\">China <span style=\"color: #000000;\">nta cyo wakuramo<\/span><\/span>. Mu gihe USD vs Ksh ubasha kubonamo <\/em><span style=\"color: #3366ff;\"><em>129.15<\/em><\/span><em><span style=\"color: #3366ff;\">\u00a0Kenyan Shilling<\/span> urabona ko ntaho biteze kuzahurira kandi ikindi America iherutse kwihaniza Kenya ko itagomba kwishyura <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> imyenda ibafitiye ikoresheje dollar. Ahubwo ko bagomba kubishyura mu ma <span style=\"color: #ff0000;\">YUAN<\/span> urabona ko za nyungu <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> yari kuzabona kuko yagurije Kenya ibishyize mu ma dollar byumvikana yuko China izahita ihomba cyane.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Igihugu cya <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span> gukorera ubucuruzi <span style=\"color: #3366ff;\">Europe<\/span>, <span style=\"color: #3366ff;\">USA<\/span>, <span style=\"color: #3366ff;\">Canada<\/span>, <span style=\"color: #3366ff;\">UK<\/span>, kirahungukira cyane, igihe ishillingi ryawe riri hasi cyane ntibishoboka yuko wahangana na <span style=\"color: #3366ff;\">America<\/span> cyeretse umugabane uwari wo wose nkuko <span style=\"color: #3366ff;\">European union<\/span> babigenje babanje gushakishakisha <span style=\"color: #3366ff;\">euros<\/span> rizahangana na <span style=\"color: #3366ff;\">USD<\/span> cyangwa pound rya <span style=\"color: #3366ff;\">UK<\/span>, aho niho ruzingiye cyangwa hari ibanga bivuze ngo hari kimwe cya kabili cy\u2019abatuye isi bakolonijwe ni dollar ry\u2019America kuzivana ahongaho bizagorana cyane.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibihugu bya <span style=\"color: #ff0000;\">Brazil<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">Russia<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">India<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">China<\/span>, <span style=\"color: #ff0000;\">South Africa<\/span>, byari byashinze <span style=\"color: #ff0000;\">BRICS<\/span> umuryango wagombaga kuba ufite currency yabo, ariko <span style=\"color: #3366ff;\">Donald Trump<\/span> amaze kwima ingoma <span style=\"color: #ff0000;\">BRICS<\/span> isa naho yaburijwemo ntibabaye bagikomeza kuko mbere yuko <span style=\"color: #ff0000;\">JOE BIDEN<\/span> avaho Russia yari yatangiye intambara muri Ukraine ngirango byabaye inzitizi yo gukomeza gahunda yabo yo kwishyira hamwe. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Na none kuba <span style=\"color: #3366ff;\">America<\/span> ishaka <span style=\"color: #ff00ff;\">green land<\/span> yo muri <span style=\"color: #ff0000;\">Denmark<\/span> byabaye ikibazo gikomeye cyane kuko <span style=\"color: #3366ff;\">America<\/span> iravuga ko<span style=\"color: #ff0000;\"> China<\/span> na <span style=\"color: #ff0000;\">Russia<\/span> bashobora gukoresha kiriya kirwa bazarasa <span style=\"color: #ff0000;\">USA<\/span>. Mu gihe <span style=\"color: #ff00ff;\">European Union<\/span> bo bavuga ko muri icyo kirwa hari ubutunzi burimo bwa amabuye ya gaciro ku buryo ingabo za <span style=\"color: #ff0000;\">NATO<\/span> zamaze kugera muri <span style=\"color: #3366ff;\">green land<\/span> kandi nyamara izo ingabo za <span style=\"color: #ff0000;\">NATO<\/span> zakagombye kuba harimo ni z\u2019America. <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #3366ff;\">Donald Trump<\/span> bohereje congress ngo bajye kuvugana na Leta ya <span style=\"color: #ff0000;\">Denmark<\/span>, ni mu gihe ingabo za <span style=\"color: #ff0000;\">NATO<\/span> zari za maze kuhakandagiza ibirenge. Ndetse hanategurwa imyigaragambyo ya baturage bamagana <span style=\"color: #ff0000;\">USA<\/span> na <span style=\"color: #ff0000;\">Donald Trump<\/span>. Ibi biragaragaza uko T<span style=\"color: #ff0000;\">rump<\/span> yirengagije kurangiza intambara ya <span style=\"color: #ff0000;\">Russia<\/span> muri <span style=\"color: #ff0000;\">Ukraine<\/span> kuko ayirangije yaba afashije <span style=\"color: #ff0000;\">EU<\/span> kandi nabo badacana uwaka kubera amasezerano y\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere (<span style=\"color: #ff0000;\">climate change<\/span>) <span style=\"text-decoration: underline;\">ngiye files numbers yo mu butabera bw\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo<\/span>\u2026.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Iyi ntambara ishingiye kuri covid19 yamaze imyaka (2) abantu bicaye badakora kandi barya banywa, aho USA yahombaga ku isegonda (USD 4.6 BN) muri state ya Virginia niyo twabashije gukoraho ubushakashatsi. Ufashe 4.6 kw\u2019isegonda ugakuba na one minute ubasha kubona miliyari (USD 276 BN) per one minute, ngaho kuba na amasaha (24 hours) nurangiza ukube n\u2019ukwezi wongere ukube n\u2019imyaka iminsi (720) ushobora kwumirwa ndetse na calculation yawe ishobora kutabasha kubara ayo ma dollar. Aho niho uhita usobanukirwa ibyanditswe byera muri Bibiliya yaciriweho iteka muri <\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Amos 3:15 <\/u><\/em><em><u><span style=\"color: #ff0000;\">And I will smite the winter house with the summer house; and the houses of ivory shall perish, and the great houses shall have an end, saith the\u00a0Lord<\/span>.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Hari ubundi buhanuzi busigaye butari muri bibiliya zanyu buvuga ko igihe cya covid19 abantu nta cyo bya batwaye, kubera iyo mpamvu Uhoraho Uwiteka Nyiringabo azongera ateze ibindi byago bizasiga isi itagira ishusho ngira ubanza ari bwo isi itegereje mu minsi iri mbere byaba bigiye guhindura isura.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Nyuma y\u2019imyaka (3) covid19 irangiye ingaruka zayo ubu nibwo zitangiye kwigaragaza hagati y\u2019ibihugu ni migabane iri kw\u2019isi ya bazima.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Ubuhanuzi bwa vuba bwavuze ko ibiti byo mu ishyamba bigiye kunyeganyezwa!!!<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><u>Igihe cyose muzakomeza gusuzugura imanza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, hamwe n\u2019umucamanza uca imanza zitabera, nta kabuza muzahura na makuba akaga, ibyago, bikomeye cyane mutazabasha kwikuramo.<\/u><\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"text-decoration: underline;\"><em>Aha ngaha bizaba ngombwa yuko amahanga ashakisha Umwami Kigeli Ndoli akaba n&#8217;umucamanza uca imanza zitabera kuko ari we ufite ububasha bwo guhagarika ibyago bikomeye cyane bigiye kugwira isi dutuyeho<\/em><\/span>.<\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>\u00a0egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Igihugu cya CANADA cya maze kugirana amasezerano y\u2019ubucuruzi n\u2019igihugu cya China ku buryo bweruye, ibintu bya babaje Leta zunze ubumwe za America, aho Donald Trump yavuze ko ubwo bufatanye butazabura kugira ingaruka zikomeye cyane. Ibyo bibaye nyuma yuko umwaka ushize wa 2025 US and Donald Trump administration bashyizeho ibiciro bishya (new tariff) by \u2019imisoro kuri<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":23812,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-23811","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23811","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=23811"}],"version-history":[{"count":9,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23811\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":23836,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23811\/revisions\/23836"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23812"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=23811"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=23811"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=23811"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}