{"id":23583,"date":"2026-01-06T13:25:18","date_gmt":"2026-01-06T13:25:18","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=23583"},"modified":"2026-01-06T13:25:18","modified_gmt":"2026-01-06T13:25:18","slug":"itangazo-rya-abanyamadini-religious-mu-isi-ya-bazima","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2026\/01\/06\/itangazo-rya-abanyamadini-religious-mu-isi-ya-bazima\/","title":{"rendered":"Itangazo rya abanyamadini (religious) mu isi ya bazima"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Imana yababwiye kunshaka ngo twumvikane uko imanza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zakorera mu isi ya bazima muranga, none dore ibintu birimo kugenda birushaho gukomera, nyamara Ubuhanuzi buvuga ko isi izasigara itagira ishusho izaba atari iyo kwifuzwa na bayituye.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Imana musenga yamaze kubihakana ko mutakiri abakozi bayo, none murumva bizagenda gute? Mwahawe amategeko yo gufunga insengero nabyo mwarabyanze ngo ntabwo mushaka kwemera uwo ndiwe. None mugeze aharindimuka kandi nta bwo byari byagera aho bigera ahubwo nibwo bigitangira.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nyamara nigeze kubabwira ngo igihe kimwe nanjye nzabaseka ubwo muzaba munkeneye jyewe nta kibakeneye muti vuga uvuye aho ahubwo reka tukwice ucibwe igihanga. Nyamara ibyo na byo bisa naho byabananiye kuzabigeraho kandi imanza zaramaze gucibwa ubanza bisa no gushinga umuhunda ku kirenge.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ngaho noneho nimutege amatwi ngiye kubagira inama niba muzayumva simbizi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Nimushake miliyari (\u20ac7 BN) turebe uko twakumvikana mbahakirwe kuri data turebe uko isi twayisubiza kumurongo, naho ubundi ruraboganye. Aha ngaha ndabwira abanyamadini ntabwo ari za Leta niba mufite amatwi mwumve icyo umwuka w\u2019Ubuhanuzi ni manza zitabera by\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Definitely, all of us we\u2019re inhabitants of this planet. Otherwise, I think things will continue to be worsen like it\u2019s been started, and I think no one can stop this accept my father and I only after our agreement because I\u2019m responsible of God\u2019s judgement as chief justice of the world.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Mukanya mwakoze inama muvuga yuko mugiye kunshaka, reka abe arijye ubashaka mbere yuko munshaka ndetse nababwire icyo mukwiye gukora kuko tudashobora guhura imbone nkubone ahubwo tuzakoresha ikoranabuhanga email yonyine gusa mbabwire uko muzabigenza kuko ndabona umujinya wa data ugiye kubamanukira ari mwinshi cyane. \u00a0\u00a0<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Shinshaka ko muzavuga ngo narabatereranye kandi nanjye ntuye kuri iy\u2019isi, ngaho rero nimukora iyo bwabaga kugirango byibuze mukize kubaho kanyu niba bishoboka.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imana yababwiye kunshaka ngo twumvikane uko imanza zitabera z\u2019Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zakorera mu isi ya bazima muranga, none dore ibintu birimo kugenda birushaho gukomera, nyamara Ubuhanuzi buvuga ko isi izasigara itagira ishusho izaba atari iyo kwifuzwa na bayituye.<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":23234,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-23583","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23583","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=23583"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23583\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":23584,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23583\/revisions\/23584"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23234"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=23583"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=23583"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=23583"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}