{"id":23424,"date":"2025-12-22T19:31:47","date_gmt":"2025-12-22T19:31:47","guid":{"rendered":"https:\/\/egretnews.com\/?p=23424"},"modified":"2025-12-22T19:33:29","modified_gmt":"2025-12-22T19:33:29","slug":"nyamara-aho-bukera-muri-gakondo-ya-bakiranutsi-na-kenya-igihuru-kiraza-kuvamo-igihunyira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/2025\/12\/22\/nyamara-aho-bukera-muri-gakondo-ya-bakiranutsi-na-kenya-igihuru-kiraza-kuvamo-igihunyira\/","title":{"rendered":"Nyamara aho bukera muri gakondo ya bakiranutsi na Kenya igihuru kiraza kuvamo igihunyira"},"content":{"rendered":"<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibintu birarushaho gukomera cyane mu gihugu cyacu cya Kenya aho abaterankunga barimo gukuramo akarenge kubera ikibazo cy\u2019i misoro gikomeje guteza ubwega mu butegetsi bwa <span style=\"color: #ff0000;\">Samuei William Ruto Arap Rotch<\/span>. Vodafone yari ifite imigabane mu kigo cy\u2019itumanaho cya Safaricom igera kuri <span style=\"color: #ff0000;\">65%<\/span> mu cyumweru gishize <span style=\"color: #ff0000;\">William Ruto<\/span> yategetse yuko abayobozi bakuru ba <span style=\"color: #ff0000;\">Safaricom<\/span> bagomba kuba abanyaKenya batari abanyamahanga.<\/em><\/p>\n<p><!--more--><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ibyo yabitangaje amaze kugurisha imigabane ya Leta yarifite muri Safaricom mu ibanga kandi bitemewe na mategeko. Nyuma aza kubitangaza ndetse byatumye abanyamategeko bashinzwe kurengera inyungu za rubanda na Leta ya <span style=\"color: #ff0000;\">Kenya<\/span> bajya murukiko batanga ikirego kugeza magingo aya nta bwo urukiko rwari rwumva urwo rubanza.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em><span style=\"color: #ff0000;\">Samuei William Ruto<\/span> yafashe amadeni y\u2019umurengera arenze ubushobozi bw\u2019igihugu none byatumye igihugu kinanirwa kwishyura amadeni gifitiye za <span style=\"color: #ff0000;\">IMF<\/span> na world bank kugeza magingo aya ibyo bigo byahaye imyenda ubutegetsi bwa <span style=\"color: #ff0000;\">William Ruto<\/span> biri mukaga na mazi abira kubera ko amadeni yatanzwe mu gihe bitoya adahwanye n\u2019umusaruro w\u2019igihugu winjiza buri mwaka cyangwa buri kwezi.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><em>Ubukene bw\u2019indega kamere mu gihugu, burakataje mu gihe abakire bategeka igihugu cyacu cya Kenya bagera ku (125) bafite umutungo wa baturage ungana na bagera kuri milliyoni (42) batuye igihugu.<\/em><\/p>\n<p style=\"text-align: justify;\"><span style=\"color: #ff00ff;\"><em>egretnewseditor@gmail.com\u00a0<\/em><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ibintu birarushaho gukomera cyane mu gihugu cyacu cya Kenya aho abaterankunga barimo gukuramo akarenge kubera ikibazo cy\u2019i misoro gikomeje guteza ubwega mu butegetsi bwa Samuei William Ruto Arap Rotch. Vodafone yari ifite imigabane mu kigo cy\u2019itumanaho cya Safaricom igera kuri 65% mu cyumweru gishize William Ruto yategetse yuko abayobozi bakuru ba Safaricom bagomba kuba abanyaKenya<\/p>\n","protected":false},"author":47471,"featured_media":23425,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"_bbp_topic_count":0,"_bbp_reply_count":0,"_bbp_total_topic_count":0,"_bbp_total_reply_count":0,"_bbp_voice_count":0,"_bbp_anonymous_reply_count":0,"_bbp_topic_count_hidden":0,"_bbp_reply_count_hidden":0,"_bbp_forum_subforum_count":0,"footnotes":""},"categories":[198,2],"tags":[],"class_list":["post-23424","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-slider","category-top-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23424","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/47471"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=23424"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23424\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":23429,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23424\/revisions\/23429"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23425"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=23424"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=23424"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/egretnews.com\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=23424"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}